Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Mata 2022 , nibwo Uwimpuhwe Denis w’Imyaka 18 y’amavuko na Nsengimana Poul w’imyaka 20 , bari Nsengimana Paul w’imyaka 20, bari bafungiye kuri RIB Sitasiyo ya Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie w’imyaka 26 bamuteye icyuma mu muhogo, barasiwe na polisi mu mudugudu wa Nyakabingo, akagari ka Gatare, mu murenge wa Macuba muri aka karere ka Nyamasheke hafi y’aho bamwiciye. Bivugwa ko ubwo bari bagiye kubereka aho (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyamasheke: Polisi yarashe abagabo 2 baheruka kwica umukobwa wacuruzaga amayinite
19 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Musanze: Umukobwa wari wanze kuva mu rugo rw’umusore avuga ko yamurongoye yirukanwe n’inteko y’abaturage
4 October 2021, by Dusingizimana RemyMu nteko y’abaturage yabereye mu Murenge wa Cyuve, mu Kagali ka Cyanya, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bifatanije n’inzego z’umutekano ndetse n’abaturage bakuye umukobwa w’imyaka 19 mu rugo rw’iwabo w’umuhungu na we w’imyaka 19 akaba yari ahamaze igihe avuga ko yarongowe.
-
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
-
U Rwanda na Oman byagiranye amasezerano ane y’ubufatanye
12 January, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Oman yatangaje ko uruzinduko intumwa z’u Rwanda zagiriye muri Oman rwasize ibihugu byombi bigiranye amasezerano ane y’imikoranire mu nzego zitandukanye, cyane cyane ibijyanye n’ubwikorezi n’ikoranabuhanga.
-
Maj. Gen. Ruvusha yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique uheruka mu Rwanda
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, Umuhuzabikorwa w’Ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda, Joint Task Force Commander, muri Mozambique Maj. Gen. Emmy Ruvusha, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj Gen André Rafael Mahunguane icyicaro cy’Ingabo z’u Rwanda muri Mocimboa da Praia mu Ntara ya Cabo Delgado.
-
Kanye West arashinja Kim Kardashian uburaya no gucuruza abantu bo gusambanywa
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi w’umunyamerika, Kanye West yatangaje ko uwahoze ari umugore we, Kim Kardashian n’umuryango we bacuruza abantu by’umwihariko abana b’abirabura bo kujya basambanywa n’abagabo cyangwa abagore.
-
Mu Rwanda hagiye gufungurwa kaminuza yigisha ururimi rw’amarenga
25 January, by ISIMBI EstellaMu mwaka w’amashuri uzatangira muri Nzeri, mu Rwanda hazatangira kwigishwa amasomo yo ku rwego rwa Kaminuza y’Ururimi rw’Amarenga azaba agenewe abazigisha abandi n’abazakora ivugabutumwa.
-
RWIYAMIRA Delphin yasabye guhindura amazina akitwa MUTIMA DELPHIN
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa RWIYAMIRA Delphin yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUTIMA DELPHIN mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi Vestine uzwi mu itsinda ahuriyemo n’umuvandimwe we Dorcas, yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’ nyuma y’igihe gikabakaba igice cy’umwaka asezerano mu mategeko n’Umunya-Burkina Faso.
-
Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo kubuza abagabo bihinduje ibitsina gukina mu mikino y’abagabo kimwe n’abagore bahinduriye ibitsina gukina mu mikino y’abagore.
Umuryango.rw
Nyamasheke: Polisi yarashe abagabo 2 baheruka kwica umukobwa wacuruzaga amayinite
Musanze: Umukobwa wari wanze kuva mu rugo rw’umusore avuga ko yamurongoye yirukanwe n’inteko y’abaturage
U Rwanda na Oman byagiranye amasezerano ane y’ubufatanye
Maj. Gen. Ruvusha yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique uheruka mu Rwanda
Kanye West arashinja Kim Kardashian uburaya no gucuruza abantu bo gusambanywa
Mu Rwanda hagiye gufungurwa kaminuza yigisha ururimi rw’amarenga
RWIYAMIRA Delphin yasabye guhindura amazina akitwa MUTIMA DELPHIN
Umuhanzikazi Vestine umaze amezi atanu asezeranye yakorewe ibirori bibanziria ubukwe
Amerika yaciye abihinduje ibitsina bose mu mikino