Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu bihe bya Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare amasaha yo gufunga serivisi z’utubari, amahoteli, utubyiniro za resitora (restaurants), amaduka n’ibigo by’ubucuruzi yongerewe kugeza saa kumi zo mu rukerera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Amasaha y’utubari n’utubyiniro yongerewe
19 September 2025, by ISIMBI Estella -
Ibura ry’Umuyobozi w’Ikirenga wa Irani mu birori byo kwizihiza isabukuru y’impinduramatwara rikomeje guteza impungenge
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmukuru w’ingabo za Irani, Jenerali Majoro Abdolrahim Mousavi, yavuze ijambo rikomeye mu muhango usanzwe uyoborwa n’Umutegetsi w’Ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei, mu buryo budasanzwe butandukanye n’ibirori bimenyerewe byo kwibuka impinduramatwara yo mu 1979.
-
Perezida Kagame yavuze ko cya gitero FDLR I Rubavu cyaguyemo abasirikare 3 b’ u Rwanda
14 December 2018Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko abasirikare b’u Rwanda bagera kuri batatu baguye mu gitero giheruka cy’abarwanyi b’Umutwe wa FDLR mu Karere ka Rubavu.
-
Abaganga 2 bo mu bitaro bya Masaka barwaniye mu kazi umwe arakomereka
7 December 2020, by Dusingizimana RemyMu bitaro by’I Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’abaganga 2 bakozanyijeho mu ijoro ryo kuri uyu wa 06, rishyira uwa 07 Ukuboza, 2020 biviramo umwe gukomereka ariko ntawahasize ubuzima mu gahanga.
-
Nyamagabe: Visi Meya amaze imyaka 5 aba mu nzu z’ abarimu
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere yasabwe kuva mu inzu ebyiri z’abarimu ziri mu ishuri rya Ecole de Sciences zafatanyijwe akaba azibamo kuva 2013 nyamara abarimu zubakiwe nabo batarakwiriwe.
-
Conreille Nanga yakiranywe urugwiro I Bukavu
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23 ,Corneillee Nangaa, ku munsi w’ejo, yakiranywe urugwiro mu Mujyi wa Bukavu, ahaheruka gufatwa n’uyu mutwe.
-
Ukraine yateye utwatsi Amerika yifuza kwishyurwa binyuze mu mabuye y’agaciro
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yateye utwatsi icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza ko igihugu cye cyakwishyura miliyari 500$ cyahawe na Amerika mu ntambara, ariko inyishyu ikaba mu mabuye y’agaciro.
-
Umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda yise Museveni Imana na Muhoozi umwana w’Imana
10 June 2025, by Joseph IradukundaKu mbuga nkoranyambaga abantu batandukanye barimo kwamagana umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda nyuma y’uko avuze ko Perezida Yoweri Museveni ari Imana naho umuhungu we akamwita umwana w’Imana.
-
Perezida Kagame yihanganishije Brukina Faso ku bw’ igitero cyaguyemo 16
3 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akana n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze Ubumwe Paul Kagame yoherereje Brukina Faso ubutumwa bw’ akababaro nyuma y’ igitero cy’ iterabwoba cyagabwe mu murwa mukuru wa Burukina Faso Ouagadougou kikagwamo 16 barimo umunani mu bagabwe icyo gitero.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku rubuga rwa twitter yagize ati “Twihanganishije abaturage ba Brukina Faso batakaje ubuzima uyu munsi mu gitero I Ouagadougou. Mfatanyije n’ umuvandimwe wanjye Perezida Roch Marc (…) -
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi
16 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMicomyiza Jean Paul yabwiye Urukiko ko atigeze aba umuhezanguni wanga Abatutsi, ndetse arusaba kumufasha gushaka ibimenyetso bigaragaza ko yakundaga Umuryango FPR Inkotanyi, birimo no kuba yaritabiriye umukino wa gicuti yagiranye n’abari mu Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umuryango.rw
Shampiyona y’Isi y’Amagare: Amasaha y’utubari n’utubyiniro yongerewe
Conreille Nanga yakiranywe urugwiro I Bukavu
Ukraine yateye utwatsi Amerika yifuza kwishyurwa binyuze mu mabuye y’agaciro
Umukuru w’Inteko Ishingamategeko ya Uganda yise Museveni Imana na Muhoozi umwana w’Imana
Nyanza: Micomyiza yagaragaje umukino wa FPR yitabiriye nk’iturufu ko atangaga Abatutsi