Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye gukora ubu byafunze Abarwayi bimurirwa mu bindi bitaro ndetse na bimwe mu bigo Nderabuzima byazamuriwe ubushobozi birimo icya Gatenga, Remera na Nyarurenzi!
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye
2 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Putin yongeye guhabya amahanga kuberaa ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite
12 June 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwigamba ubushobozi bw’u Burusiya mu bijyanye n’intwaro kirimbuzi, avuga ko ari iza mbere ku Isi mu kuba nyinshi no kugira ikoranabuhanga rigezweho.
-
Hatangajwe igihe Abanyarwanda bazatangirira guhabwa urukingo rwa kabiri rwa Covid-19
30 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Tariki ya 02 Mata 2021, u Rwanda ruzatangira guha abantu dose ya 2 y’urukingo rwa COVID-19 abahawe urwa mbere guhera kuwa 05 Werurwe 2021.
-
Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria
12 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel ari byo bihugu biri inyuma y’ihirikwa rya Bashar Assad wahoze ari Perezida wa Syria.
-
Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa
9 June 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Kigali rwongeye gusubika urubanza ruregwamo Umunyamakuru wa Umubavu TV, Nsengimana Theoneste na bagenzi be bari abayoboke b’ishyaka ritemewe mu Rwanda rya Dalfa Umurinzi baregwa ibyaha birimo icyo gushaka guhirika ubutegetsi.
-
Abarangiza amasomo mu by’ubuvuzi bikubye kane mu 2025
8 February, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi bikubye kane ugereranyije n’abakinjiragamo mbere ya 2024, kuko bageze kuri 6400 mu 2025.
-
Imigenzo yo gutora Papa Mushya iratangira, dore uko atorwa
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi b’Itorero Gatolika baturutse impande zose z’isi bateraniye i Vatikani gutangira inama y’ibanga izwi nka konklave, ari yo nzira y’ibanga ibamo gutoranya papa mushya.
-
U Bufaransa bugiye gufata abakekwaho Jenoside bakibwihishemo
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Rutsiro: Yagwiriwe n’ibuye arapfa
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMbarushimana Alex w’imyaka 40 wo mu Akarere ka Rutsiro yagwiriwe n’ibuye arapfa, ubwo yari mu kazi ke ko gucukura amabuye y’agaciro.
-
Rwanda: Abakora mu bucukuzi bazikuba gatatu bitarenze 2018
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20.
Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari amahirwe ku ishoramari ry’ ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro. Amabuye y’ agaciro aboneka mu Rwanda arimo agasegereti, Wolfram, na zahabu itari nyinshi.
Mu mwaka wa 2014, urwego rw’ ubucukuzi nirwo rwego rwaje ku mwanya wa kabiri mu kwinjiriza u Rwanda amadovize menshi, bivuzeko rwaje ku mwanya wa (…)
Umuryango.rw
Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye
Putin yongeye guhabya amahanga kuberaa ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite
Hatangajwe igihe Abanyarwanda bazatangirira guhabwa urukingo rwa kabiri rwa Covid-19
Iran yashinje Amerika na Israel guhirika ubutegetsi bwa Assad muri Syria
Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa
Abarangiza amasomo mu by’ubuvuzi bikubye kane mu 2025
Imigenzo yo gutora Papa Mushya iratangira, dore uko atorwa
U Bufaransa bugiye gufata abakekwaho Jenoside bakibwihishemo
Rutsiro: Yagwiriwe n’ibuye arapfa