Muri Kenya, Polisi yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu bakekwaho gutera urukweto Perezida William Ruto, mu gihe yarimo ageza imbwirwaruhame ku baturage b’ahitwa i Kehancha, ku Cyumweru tariki 4 Gicurasi 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto
5 May 2025, by ISIMBI Estella -
U Bubiligi bwemereye RD Congo ko gufatira ibihano u Rwanda muri EU biri kwanga
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe imirwano yabereye i Goma yaba yarahitanye abantu 3.000 nk’uko imibare y’agateganyo ya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo ivuga, Thérèse Kayikwamba Wagner, kuri uyu wa Gatatu itariki 5 Gashyantare 2025, yari i Buruseli kugira ngo agaragaze ikibazo cya DRC mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi n’u Bubiligi, akaba yarabonanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga.
-
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’ibikorwaremezo ahindurira imirimo Amb Gatete
31 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashyizeho abayobozi abashya aho Dr Ernest Nsabimana wari usanzwe ari umuyobozi wa RURA yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo asimbura Amb Gatete Claver wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni.
Kuri uyu wa Mbere,nibwo Itangazo riturutse muri Primature ryemeje ko Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi mu buryo bukurikira:
Dr. Ernest Nsabimana: Minisitiri w’Ibikorwa Remezo
Eng. Patricia Uwase: Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA
Amb. Claver Gatete: Ambasaderi w’u (…) -
Perezida Kagame na bagenzi be basabye ko abasirikare bayoboye Sudani bongererwa igihe [AMAFOTO]
23 April 2019, by Dusingizimana RemyMu nama yahuje abaperezida batandukanye bagize umuryango wa Afurika yunze ubumwe yateraniye mu Misiri biga ku bibazo bya politiki biri mu bihugu bya Sudani na Libya, bemeje ko abasirikare bayoboye Sudani bongererwa igihe cyo gukomeza kuyobora inzibacyuho.
-
Perezida Kagame yegeneye ubutumwa Macron nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Bufaransa
25 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda ,Paul Kagame yageneye ubutumwa Emmanuel Macron watorewe kongera kuyobora iguhugu cy’Ubufaransa muri manda ye ya Kabiri avavuaga ko Instsinzi yabonye yari ayikwiriye.
-
Diddy ashobora kwireguza ko yasambanyaga abagore kubera uburwayi bwo mu mutwe
29 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean Diddy Combs akomeje guhanyanyaza ashaka impamvu zose zatuma asohoka mu gihome, ndetse kuri ubu ari kuvuga ko gusambanya abagore ku ngufu byari ingaruka zo kunywa ibisindisha n’ibiyobyabwenge.
-
Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo
6 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant, avuga ko atarimo kumvikana na we.
-
Karongi: Umugore yataye uruhinja rw’ukwezi kumwe mu murima w’ibigori
16 January 2025, by Joseph IradukundaHatoraguwe uruhinja rw’ukwezi kumwe mu murima w’ibigori mu Murenge wa Rubengera, Akagari Ruragwe, Umudugudu wa Nyakabungo, rutoragurwa na Nyirandayambaje Donatha w’imyaka 26 y’amavuko na Uwiragiye Doresa w’imyaka 22 y’amavuko.
-
Uganda: Leta ni yo izishyura indishyi kuri bamwe mu bahuye n’ubugome bwa LRA
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Uganda yategetswe n’urukiko muri iki gihugu kwishyura miliyoni 10 z’amashilingi akoreshwa muri icyo gihugu ni ukuvuga amadolari ya Amerika 2,740 kuri buri muntu wahitanywe na Thomas Kwoyelo nk’indishyi.
-
Nyabihu- Bigogwe: Imiryango iba mu nzu zatobaguritse iratabarizwa
26 January, by ISIMBI EstellaBamwe mu batuye mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, baratabariza imiryango iba mu nzu zishaje, zifite ibisenge by’amabati yatobaguritse n’inkuta.
Umuryango.rw
Kenya: Batatu bafashwe bakekwaho gutera urukweto Perezida Ruto
U Bubiligi bwemereye RD Congo ko gufatira ibihano u Rwanda muri EU biri kwanga
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’ibikorwaremezo ahindurira imirimo Amb Gatete
Perezida Kagame yegeneye ubutumwa Macron nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Bufaransa
Diddy ashobora kwireguza ko yasambanyaga abagore kubera uburwayi bwo mu mutwe
Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo
Karongi: Umugore yataye uruhinja rw’ukwezi kumwe mu murima w’ibigori
Uganda: Leta ni yo izishyura indishyi kuri bamwe mu bahuye n’ubugome bwa LRA
Nyabihu- Bigogwe: Imiryango iba mu nzu zatobaguritse iratabarizwa