PerezidaKagame,yagize Dr Nsanzimana Sabin,Minisitiri w’Ubuzima,asimbuye Dr Ngamije Daniel,wari umaze igihe kuri uyu mwanya.
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe,kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022,rivuga ko Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima.
Rivuga kandi ko Dr Yvan Butera yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE.
Lt Col Dr Mpunga Tharcisse wari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuvuzi bw’ibanze, we yagizwe umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’ubuvuzi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dr Nsanzimana Sabin niwe Minisitiri w’Ubuzima mushya
28 November 2022, by Dusingizimana Remy -
Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya
1 August 2017, by Renzaho FerdinandUmubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana biri ku ruhande rurwanya Ubudage, nyamara ubwo iyi ntambara y’isi yose yarangiraga hadutse indi ntambara, ni intambara yarishingiye ku kwigaragaza, kwerekana ubuhangange ariko nta masasu ajemo, yitwa intambara y’ubutita.
Ibihugu byombi ntibyumvikanaga ku buryo bwo kugabana no kuyobora ahantu hose (…) -
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa ushakishwa n’ubutabera kubera ibyaha akurikiranyweho, akomeje gukirwakwiza ibinyoma n’amakuru atari yo, ashingiye ku gushyigikira imvugo z’urwango n’ibindi bikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje gukorerwa Abanyamulenge n’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi.
-
CHUB yakiriye imashini za mbere zipima indwara zo mu mubiri
8 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB), Dr Ngarambe Christian, yavuze ko ibi bitaro bigiye gutangira gukoresha imashini yifashishwa mu gupima indwara z’imbere mu mubiri w’umuntu, izwi nka MRI (Magnetic Resonance Imaging) igeze bwa mbere mu bitaro bya Leta hanze ya Kigali.
-
U Rwanda rwatsinze Cameroon mu mukino wa gicuti mukwitegura Igikombe cya Afurika
13 January, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yatsinze Cameroon ibitego 27-26 mu mukino wakinwe ku wa 11 Mutarama 2025 mbere y’iminsi micye ngo rwakire Igikombe cya Afurika kuva tariki 21 Mutarama 2025.
-
Putin yarenga ku masezerano kuri Ukraine igihe yaba atarinzwe – Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza
21 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yarenga ku masezerano y’amahoro na Ukraine igihe ayo masezerano yaba atarinzwe, nyuma yuko yari amaze kwitabira inama y’abakuru ba gisirikare yabereye i London.
-
MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027
16 September 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II asaba ko hakwihutishwa imirimo yo kurwubaka rukaba rwuzuye bitarenze mu ntangiriro z’umwaka wa 2027.
-
Amavubi atsinze Nigeria, abura itike ya CAN
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" itsindiye Nigeria iwayo ibitego 2-1, ariko ntiyabasha kubona amahirwe yo gusubira mu gikombe cya Afurika
-
Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mike Johnson, yafashe icyemezo cyo gukumira umudepite Sarah Elizabeth McBride mu bwiherero bw’abagore.
-
Perezida Kagame yahishuye ikintu gikomeye cyatuma Rusesabagina arekurwa
15 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko ’ntawe uzadukanga’ ku byemezo u Rwanda rufata ndetse ashimangira ko byasaba kugaba ugitero ugafata igihugu kugira ngo umufunguze.
Perezida Kagame yari mu kiganiro muri Amerika asubiza ku kibazo cy’ubusabe bwa minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika Antony Blinken bwo kurekura Rusesabagina.
Kagame yavuze ko Rusesabagina yareganywe n’abandi bantu 20 barimo abemeye ibyaha bakanamushinja (…)
Umuryango.rw
Dr Nsanzimana Sabin niwe Minisitiri w’Ubuzima mushya
Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa
CHUB yakiriye imashini za mbere zipima indwara zo mu mubiri
U Rwanda rwatsinze Cameroon mu mukino wa gicuti mukwitegura Igikombe cya Afurika
Putin yarenga ku masezerano kuri Ukraine igihe yaba atarinzwe – Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza
MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027
Amavubi atsinze Nigeria, abura itike ya CAN
Amerika: Umudepite wihinduje igitsina yakumiriwe mu bwiherero bw’abagore
Perezida Kagame yahishuye ikintu gikomeye cyatuma Rusesabagina arekurwa