Abagabo babiri bo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muyumbu mu Kagali ka Nyarukombe bari bafunzwe bakurikiranyweho ubwicanyi n’ubujura barashwe ubwo barwanyaga Abapolisi bagiye kwerekana aho bahishe ibyo bibye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
RWAMAGANA: Abari bakurikiranyweho kwica barashwe barwanya abapolisi
11 August 2025, by ISIMBI Estella -
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
2 July 2020, by UbwanditsiDr. Binagwaho, wasize afunze uruganda rw’imiti rw’icyari Labophar bwo yayoboraga Minisante//Photo: Newtimes
Icyari Laboratwari y’igihugu ya pharmacie muri 2013 cyari kigeze ku rwego rwo gukora imiti 32 yifashishwa cyane mu mavuriro yo mu Rwanda ubu gisigaye gikora imiti 2 gusa nyuma yo gufungwa abakozi bacyo n’imirimo cyakoraga igahurizwa hamwe n’icyahoze ari Camerwa, ikigo cy’igihugu cyatumizaga imiti hanze.
-
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
15 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho "abantu b’inyangamugayo" ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko "nyuma yo gutsindwa" ingabo za leta n’abafatanya na zo bahunze uyu mujyi.
-
Trump yanenze ikinyamakuru cyamukozeho inkuru ntikigaragaze isura ye neza
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze ifoto ye yakoreshejwe n’ikinyamakuru Time Magazine, ku nkuru igaragaza uruhare yagize mu guhagarika imirwano muri Gaza.
-
Beyoncé yamamaje Harris mu mbwirwaruhame y’abandi yateruye bamuha urwamenyo
28 October 2024, by Joseph IradukundaUmunyamideli akaba n’Umuraperi w’Umunyamerika Amber Rose Levonchuck uzwi nka Amber Rose, arashinja umuhanzi Beyoncé kumwiganira imbwirwaruhame.
-
Uhuru Kenyatta wari witezweho kwirukana M23 yasabye Leta Congo kuganira nayo
13 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza w’inyeshyamba za M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Tshisekedi ko yakwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa DRC.
Ibi yabivuze, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba M23 bahurizwa hamwe mu buryo buganisha ku gukemura amakimbirane amaze ibihe byinshi muri iki gihugu.
Inama yo kuruyu wa Gatatu, iyobowe na Uhuru Kenyatta, yitabiriwe (…) -
Indangururamajwi yari ifunguye batabizi yafashe Xi na Putin baganira ku gusimbuza ingingo no kudapfa
4 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Ubushinwa Xi Jinping na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bumvirijwe baganira ku gusimbuza ingingo z’umubiri nk’uburyo bwo gutuma umuntu aramba, ubwo baganiraga iruhande rw’akarasisi ka gisirikare mu murwa mukuru Beijing w’Ubushinwa.
-
Uko intumwa za Amerika zari zigiye gufungirwa i Kinshasa, zigatorokeshwa
12 July 2025, by Joseph IradukundaMuri Werurwe 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intumwa eshatu kugira ngo zishyikirize Perezida Félix Tshisekedi ubutumwa bwihariye.
-
Arabie Saoudite yemereye Trump ingwe zidasanzwe
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbwami bwa Arabie Saoudite bwemereye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ingwe ebyiri zidasanzwe, ubwo yagiriraga uruzinduko i Riyadh mu kwezi gushize.
-
Karongi: Yasanzwe ku muhanda yapfuye, hakekwa ko yagonzwe n’imodoka
6 January, by ISIMBI EstellaUwizeye Juvénal wo mu Karere ka Karongi yasanzwe ku muhanda Karongi-Muhanga yapfuye, hakekwa ko yagonzwe n’imodoka, umushoferi yabona amwishe agahita akomeza.
Umuryango.rw
RWAMAGANA: Abari bakurikiranyweho kwica barashwe barwanya abapolisi
Minisante: Iyari Labophar yahoze ikora imiti 32, ubu ikora ibiri gusa, hari n’igihe yiyambajwe nk’uburuhukiro
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
Trump yanenze ikinyamakuru cyamukozeho inkuru ntikigaragaze isura ye neza
Beyoncé yamamaje Harris mu mbwirwaruhame y’abandi yateruye bamuha urwamenyo
Uhuru Kenyatta wari witezweho kwirukana M23 yasabye Leta Congo kuganira nayo
Indangururamajwi yari ifunguye batabizi yafashe Xi na Putin baganira ku gusimbuza ingingo no kudapfa
Uko intumwa za Amerika zari zigiye gufungirwa i Kinshasa, zigatorokeshwa
Arabie Saoudite yemereye Trump ingwe zidasanzwe
Karongi: Yasanzwe ku muhanda yapfuye, hakekwa ko yagonzwe n’imodoka