Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, abanyeshuri bose bo mu bice bigenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 batangiye umwaka w’amashuri wa 2025-2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hatangijwe umwaka w’amashuri mu bice bigenzurwa na AFC/M23
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uwaguze imodoka na Dr Habumuremyi yamujyanye mu nkiko kugira ngo idafatirwa kubera ibyaha aregwa
27 August 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Rukeratabaro André yitabaje urukiko ngo rwemeze ko yakwishyura Dr Pierre Damien Habumuremyi, amafaranga asigaye ku yo baguze imodoka kugira ngo ayegukane.
-
Rayon Sports na AS Kigali zatangiye Shampiyona neza cyane
30 October 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangiye shampiyona 2021/2022 itsinda Mukura VS igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 1 wabereye kuri Stade ya Kigali mu gihe AS Kigali nayo yatsinze Espoir FC ibitego 2-0 iyisanze ku kibuga cyayo.
Mu mukino wari witezwe na benshi, Rayon Sports yatsinze igitego 1-0 Mukura VS cyabonetsehakiri kare, ku munota wa 4,gitsinzwe na Rharb Youssef ukomoka muri Maroc ku mupira mwiza yahawe na Onana.
Rayon Sports yakomeje kurusha Mukura VS aho yasatiraga ndetse igenda irema (…) -
U Rwanda rukeneye miliyari 5$ mu kubaka uruganda rw’ingufu za nucléaire
24 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, Dr. Fidel Ndahayo yavuze ko mu Rwanda hakenewe arenga miliyari 5$ (arenga miliyari 7000 Frw) mu kubaka uruganda rw’ingufu za nucléaire rwitezweho kugira uruhare mu kongera amashanyarazi mu gihugu hose.
-
U Burusiya bwagabye igitero n’indege i Kiev gihitana babiri
10 July 2025, by Joseph IradukundaIgitero cy’Abarusiya mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane kuri Kiev cyahitanye abantu babiri, nk’uko byatangajwe n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze.
-
Moscow: Hafashwe ukekwaho guturitsa igisasu cyahitanye Gen. Igor Kirillov
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, abategetsi b’u Burusiya bavuze ko bafunze umuturage wa Uzbekistan nyuma y’uko umujenerali mukuru yishwe na bombe yari ihishe mu kamoto (scooter) gakoreshwa n’amashanyarazi.
-
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
8 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAUmuyobozi w’Igisirikare cy’Umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, yagaragaye mu ruhame aho ku wa Gatanu yasuye abasirikare bo mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bakomerekeye ku rugamba ubwo bari bahanganye mu mirwano n’uriya mutwe.
-
Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye arenga miliyoni 100 yafatiriwe ayarekurirwa akishakira umwunganizi
3 September 2024, by Joseph IradukundaKarasira Aimable uyu munsi yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka umwunganira ahawe n’urugaga rw’abunganira abandi mu mategeko batangwa ku muntu utifashije, avuga ko we afite imitungo ihagije yamufasha kubona abamwunganira mu rubanza gusa yafatiriwe, asaba ko irekurwa.
-
Portugal: Antonio José Seguro yatsinze amatora ya Perezida
9 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmukandida w’Umusosiyaliste, Antonio José Seguro w’imyaka 63, yatsinze amatora ya Perezida muri Portugal, ahigitse uwo bari bahanganye ukomeye, André Ventura.
-
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC
9 November 2021, by Dusingizimana RemyInteko rusange y’umutwe w’abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisiteri y’Intebe kuvugurura imikorere n’imiterere y’ikigo cya WASAC bitarenze amezi 6 kubera ibibazo biri mu miyoborere ,imicungire n’imikoreshereze by’imari ya Leta bimeze igihe bikivugwamo.
Nkuko babitangaje mu butumwa banyujije kuri Twitter,abadepite basabye "Minisitiri w’Intebe kuvugurura bitarenze amezi 6 imiterere n’imikorere ya WASAC hagamijwe gukemura ibibazo by’imiyoborere, imicungire n’imikoreshereze y’imari (…)
Umuryango.rw
Hatangijwe umwaka w’amashuri mu bice bigenzurwa na AFC/M23
Uwaguze imodoka na Dr Habumuremyi yamujyanye mu nkiko kugira ngo idafatirwa kubera ibyaha aregwa
Rayon Sports na AS Kigali zatangiye Shampiyona neza cyane
U Burusiya bwagabye igitero n’indege i Kiev gihitana babiri
Moscow: Hafashwe ukekwaho guturitsa igisasu cyahitanye Gen. Igor Kirillov
Gen. Makenga yongeye kugaragara mu ruhame
Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye arenga miliyoni 100 yafatiriwe ayarekurirwa akishakira umwunganizi
Portugal: Antonio José Seguro yatsinze amatora ya Perezida
Minisitiri w’Intebe yahawe amezi 6 yo gukemura ibibazo biri muri WASAC