Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Havugiyaremye Aimable, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rubanza rwa Rusesabagina Paul ndetse yemeza ko hari abarwanyi 16 ba FLN bafashwe bakaba bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda barimo Jean Chretien Ndagijimana, umwana wa Wilson Irategeka wayoboraga FLN uherutse gupfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abandi barwanyi 16 ba FLN bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda
5 October 2020, by Dusingizimana Remy -
AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani
4 February, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu Ntara ya Tshopo mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama rishyira uwa 1 Gashyantare 2026.
-
Trump Agira Netanyahu Inama yo Kurasa vuba Iran no mu bice byayo biteye ubwoba
5 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump uri mu bashaka kuyobora Amerika mu ishyaka ry’Aba Republicans yavuze ko Netanyahu akwiye kurasa inganda za Iran zikora ibisasu bya kirimbuzi, ibindi bikazaza nyuma.
-
Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zasinyanye amasezerano y’ubufatanye
3 September 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda n’iyUbwami bwa Jordanie, kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024 zasinyanye amasezerano y’ubufatanye.
-
Ibigo birimo REB, HEC na NESA byahawe abayobozi bashya
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 17 Mutarama 2025, yashyizeho abayobozi bashya mu bigo birimo Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC), Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ndetse no mu cya NESA gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri.
-
General w’u Burusiya yiciwe i Moscow
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLt Gen Igor Kirillov wari umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha intwaro kirimbuzi, iz’ibinyabutabire n’izangiza ibinyabuzima ndetse n’umwungirije, baturikanywe n’igisasu mu gitondo cyo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024.
-
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
22 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cyo kumwunamira.
-
Umukobwa wa Perezida Museveni yavuze uburyo yibonaniye n’Imana amaso ku maso ndetse ikagira nibyo imutuma
10 April 2018, by Martin MunezeroPatience Rwabwogo Museveni, umukobwa wa Perezida Museveni wa Uganda, mu cyumweru gishize nibwo yabwiye imbaga y’abakiristo ko yabonye Imana n’amaso ye, imutangariza ko igiye guhindura igihugu cya Uganda.
Patience yatumiwe nk’umushyitsi udasanzwe na Pastor Wilson Bugembe wo mu itorero “Light the World Ministries” ikinyamakuru cyo muri Uganda, Ugchristiannews gitangaza ko ubwo yitabiraga ubutumire ari nabwo yaboneyeho akanya ko gutangaza uburyo yakiriye agakiza afite imyaka 11 y’amavuko. (…) -
Rayon Sports yirukanye umutoza wayo Javier Martinez Espinoza nyuma y’amezi 3 gusa
24 December 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yamaze kubikira imbehe uwari umutoza wayo Javier Martinez Espinoza nyuma y’amezi 3 gusa bari bamaze bakorana aho bikekwa ko azize umusaruro mubi waturutse ku mukino yatsinzwemo na APR FC ibitego 2-0.
-
Amagare:Abanyarwanda bari mu bitwaye neza mu gace ka gatatu kegukanywe n’Ababiligi
24 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, hakinwe agace ka gatatu k’isiganwa ry’Amagare yo mu musozi ’Rwanda Epic 2024’, Abanyarwanda Munyaneza Didier uri gufatanya na Banzi Bukhari baba aba kabiri mu bagabo mu gihe Muhoza Eric na Nirere Xaverine mu bakina bavanze babaye aba mbere.
Umuryango.rw
Abandi barwanyi 16 ba FLN bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda
AFC/M23 yemeje ko yagabye igitero i Kisangani
Trump Agira Netanyahu Inama yo Kurasa vuba Iran no mu bice byayo biteye ubwoba
Polisi y’u Rwanda n’iya Jordanie zasinyanye amasezerano y’ubufatanye
Ibigo birimo REB, HEC na NESA byahawe abayobozi bashya
General w’u Burusiya yiciwe i Moscow
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
Amagare:Abanyarwanda bari mu bitwaye neza mu gace ka gatatu kegukanywe n’Ababiligi