Rigathi Gachagua wahoze ari Visi Perezida wa Kenya, yasabwe kwitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha muri Kenya (DCI), kugira ngo asobanure ibyo yatangaje ko bagerageje kumwica kabiri kose bakoresheje uburozi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Rigathi yatumijwe ngo asobanure ibyo kumuroga yashinje Leta
22 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Dr Cyubahiro Bagabe ntakiri umuyobozi mukuru wa RAB
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestDr Patrick Karangwa wari umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi niwe Muyobozi Mukuru w’ Ikigo cy’ Ubuhinzi n’ Ubworozi RAB, yasimbuye kuri uyu mwanya Dr Cyubahiro Bagabe Marc wari umaze umwaka n’amezi atatu.
Amakuru aravuga ko uyu muyobozi yahagaritswe na Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko bishimwe kandi n’Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana.
Umujyanama mu by’Itumanaho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yemeje aya makuru.
Yagize ati “Ni uguhagarikwa bisanzwe, igihe cyose izo mpinduka (…) -
Ubaka ruswa muge mumutubwira tumumerere nabi – Perezida Kagame
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi serivise akabiryozwa ngo uzayibaka bazamugaragaze Leta ibimuryoze.
-
Mu Rwanda habonetse abantu 5 bashya banduye COVID-19 n’abandi batanu bayikize
17 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu, mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Coronavirus mu bipimo 760 byafashwe, mu gihe abandi batanu bari bayirwaye bakize. Umubare rusange w’abanduye mu gihugu ni 143 barimo 65 bamaze gukira.
-
Kayonza: Yishe umugabo akomeretsa undi, bikekwa ko yabahoye amafaranga bagurishije inka
16 March, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 31 wo mu Karere ka Kayonza, yateze abagabo babiri bari bavuye kugurisha inka, abatera ibyuma umwe arapfa undi arakomereka, bikekwa ko yashakaga kubiba amafaranga bagurishije inka.
-
U Rwanda na Samoa byasinye amasezerano ashyiraho za ambasade
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Ukwakira 2024, u Rwanda na Samoa byasinyanye amasezerano ashyiraho za ambasade z’ibihugu byombi, hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa Samoa akaba na Minisitiri w’Intebe, Afioga Fiamē Naomi Mata’afa.
-
Nyanza: Umugabo yatemye Umukobwa we amuziza kumutemera Umugore
15 April 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko umukobwa witwa Vestine Nyiransengimana yatemye Muka Se nyuma yo gutongana bahuriye aho ihene yabo yari iziritse, Se wa Nyirasengimana nawe yaje atabaye atema umukobwe ikirenge.
-
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
1 March, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kigiye guhamagaza inkeragutabara z’iki gihugu zirenga ibihumbi 100 nk’uburyo bwo guhangana na Iran byuzuye.
-
Umugabo umaze iminsi 67 yaraburiye mu Nyanja yatabawe ari muzima
16 October 2024, by Joseph IradukundaUmugabo w’Umurusiya yatabawe nyuma yo kumara amezi arenga abiri yarabuze icyerekezo ari mu bwato butoya mu nyanja ya Okhotsk mu burasirazuba bw’Uburusiya.
-
Uganda: Umuhungu w’umuherwe Sudhir Ruparelia, yasezeweho bwa nyuma
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUyu munsi, umuryango, inshuti, n’abayobozi batandukanye bahuriye ku irimbi ry’Abahindu rya Lugogo bagiye gusezera bwa nyuma kuri Rajiv Ruparelia, umuhungu w’umuherwe Sudhir Ruparelia akaba n’icyamamare mu marushanwa yo gusiganwa ku modoka, witabye Imana ku wa 03 Gicurasi afite imyaka 35.
Umuryango.rw
Kenya: Rigathi yatumijwe ngo asobanure ibyo kumuroga yashinje Leta
Mu Rwanda habonetse abantu 5 bashya banduye COVID-19 n’abandi batanu bayikize
Kayonza: Yishe umugabo akomeretsa undi, bikekwa ko yabahoye amafaranga bagurishije inka
U Rwanda na Samoa byasinye amasezerano ashyiraho za ambasade
Nyanza: Umugabo yatemye Umukobwa we amuziza kumutemera Umugore
Israel igiye guhamagaza inkeragutabara zirenga 100.000 mu guhangana na Iran
Umugabo umaze iminsi 67 yaraburiye mu Nyanja yatabawe ari muzima
Uganda: Umuhungu w’umuherwe Sudhir Ruparelia, yasezeweho bwa nyuma