Umunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
26 February, by ISIMBI Estella -
Perezida mushya muri Georgia yarahiye, uwo asimbuye yanga kumubisa
30 December 2024, by Joseph IradukundaMuri Georgia, Perezida Mikheil Kavelashvili watowe nka Perezida mushya w’icyo gihugu, yarahiriye gutangira inshingano ze ariko uwo asimbuye, Salome Zourabichvili yanga kuva ku butegetsi, avuga ko n’ubu ari we perezida wemewe n’amategeko muri Georgia.
-
Benin: Umutwe ufitanye isano na Al Qaeda urigamba kwica abasirikare 70
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare 70 mu bitero byagabwe ku birindiro bibiri bya gisirikare mu majyaruguru ya Bénin.
-
Kwibuka 25: RIB yasabye abaturarwanda kwitwararika ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibifitanye isano nayo
4 April 2019, by UbwanditsiMu butumwa Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwageneye abaturarwanda mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe abatutsi rwasabye ko abantu bose bakwitwararika ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo ndetse rwibutsa ko ibi byaha bihanwa n’amategeko.
-
Karachnogov na magazine yayo yuzuye amasasu byatoraguwe mu rugo rw’ umuturage
21 July 2017, by Nsanzimana ErnestImbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese.
Iyi mbunda yabonetse kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Nyakanga ikiri kumwe na magazine yayo yuzuye amasasu birakekwa ko aho yabonetse ihamaze imyaka irenga 20.
Yabonetse mu rugo rw’ umuturage witwa Kayiranga Silas utuye mu mudugudu wa Mikamba ho mu kagari ka Mugina.
Emmanuel Habimana w’imyaka 31 y’amavuko (…) -
Abasenyeri basabye Tshisekedi gucisha macye akaganira na M23
13 February 2025, by Joseph IradukundaMusenyeri Donatien Nshole, uyoboye Inama y’Abepiskopi Gatolika ba RD Congo na bagenzi be, basabye ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi gucisha macye bukaganira n’abarwanyi ba AFC/M23, kuko ari yo nzira yonyine yo guhagarika intambara.
-
NANGWAHAFI Xxx yasabye guhindura amazina akitwa UWIRINGIYIMANA MAURICE
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa NANGWAHAFI Xxx yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIRINGIYIMANA MAURICE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Guverinoma ya Kenya yafunze amashuri 348 acumbikira abanyeshuri
5 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri ishinzwe Uburezi muri Kenya yafunze amashuri 348 yacumbikiraga abanyeshuri kubera impamvu z’umutekano.
-
Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri agaragaye mu rukiko ashinja Diddy
29 May 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri byari bishize, agaragaye mu rukiko ari mu batangabuhamya b’ibanze bashinja umuraperi Diddy ku byaha byerekeye ihohotera rishingiye ku gitsina.
-
Kongo havutse umutwe mushya wa gisirikare uzajya ukorera Ituri
1 April 2025, by Angeline MUKANGENZIThomas Lubanga,umwe mu bagabo bavuzwe cyane mu bibazo bya DRC mu myaka ishize,yashinze umutwe wa gisirikare ugiye gukorera mu burasirazuba bwa Kongo mu ntara ya Ituri
Umuryango.rw
Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
Perezida mushya muri Georgia yarahiye, uwo asimbuye yanga kumubisa
Benin: Umutwe ufitanye isano na Al Qaeda urigamba kwica abasirikare 70
Abasenyeri basabye Tshisekedi gucisha macye akaganira na M23
NANGWAHAFI Xxx yasabye guhindura amazina akitwa UWIRINGIYIMANA MAURICE
Guverinoma ya Kenya yafunze amashuri 348 acumbikira abanyeshuri
Cassie Ventura yibarutse nyuma y’ibyumweru bibiri agaragaye mu rukiko ashinja Diddy
Kongo havutse umutwe mushya wa gisirikare uzajya ukorera Ituri