Kuri uyu wa Mbere tariki 9 Ukwakira 2017, Adeline Rwigara , Anne Rwigara na Diane Rwigara bageze mu cyumba cy’urukiko ahagana saa tatu zuzuye, bavuze ko batarabona dossier yabo kandi ko batazi ibyaha baregwa.
Me Buhuru Pierre Celestin utarabonetse ku wa Gatanu ushize kubera y’uko yari afite urundi rubanza niwe wunganira Diane, murumuna we mama wabo Adeline Rwigara.
Me Buhuru yabwiye urukiko ko yinjiye muri System ntabonye imyanzuro yose y’ubushinjacyaha na dosiye y’abakiriya be.
Aha (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuryango wa Rwigara mu Rukiko n’umwuganizi basubikishije urubanza
9 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo
13 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo wa Uganda, Jacob Oboth, yahakanye ibyo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, n’Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda (UPDF), Brig Gen Felix Kulayigye baherutse kuvuga ko Uganda yohereje ingabo muri Sudan y’Epfo.
-
Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwari Perezida wa Muhazi United, Nkaka Longin, yeguye kuri izo nshingano nyuma y’ibibazo by’ubukungu bivugwa muri iyi kipe iheruka kumanuka mu Cyiciro cya Kabiri ndetse no gutereranwa n’ubuyobozi.
-
Turkiya: Abatuye Lice basinze umwotsi w’urumogi rwatwikiwe mu mujyi
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Turkey, abaturage basaga 25.000 batuye mu Mujyi muto wa Lice mu Ntara ya Diyarbakır bisanze basinze urumogi batabigambiriye, ahubwo biturutse ku mwotsi mwinshi warwo waturukaga aho polisi ishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge yarutwikiye iruvanye mu mukwabu.
-
RDF yavuze Ku bisasu byongeye kugwa Ku butaka bw’u Rwanda biturutse RDC
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko igisirikare cya FARDC ari cyo cyarashe ibisasu bibiri bya roketi 122mm ku butaka bw’u Rwanda biturutse mu gace ka Bunagana.
Ni ibisasu byarashwe mu kagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Kamena 2022, ku isaha ya Saa 11:55.
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibi bisasu ntawe byakomerekeje ariko byateye ubwoba abaturage b’aho byaguye.
Ubu bushotoranyi bwa FARDC bukurikiye ubundi bwo kuwa 19 (…) -
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
-
Tshisekedi yaganirije Macron ku mukandida ashaka ko azahatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
26 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF).
-
Imirwano ya M23 na FARDC iri kwerekeza mu gice cy’umugi wa Goma
13 January 2025, by Joseph IradukundaImirwano hagati y’umutwe wa M23 n’igisirikare cya Congo , yakomeje ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama 2024, yerekeza Goma.
-
Google yashinjwe guha amakuru y’abantu AI yayo mu ibanga
14 November 2025, by ISIMBI EstellaGoogle yajyanywe mu nkiko ku bwo guha AI yayo ya Gemini, amakuru y’abantu bakoresha serivisi za Gmail, Chat na Meet nta burenganzira batanze.
-
Amavubi:Libya yafunze Kapiteni Djihad amasaha make imushinja gukorana na Mossad
4 September 2024, by Joseph IradukundaKapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Bizimana Djihad yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be bitegura gukina na Libya kuri uyu wa Gatatu, gusa yabanje gufungwa amasaha agera kuri ane n’igice azira kuba muri Passiporo ye harimo ko yageze muri Israël.
Umuryango.rw
Uganda: Minisitiri w’Ingabo yavuguruje Gen Muhoozi ku iyoherezwa ry’Ingabo muri Sudani y’Epfo
Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye
Turkiya: Abatuye Lice basinze umwotsi w’urumogi rwatwikiwe mu mujyi
RDF yavuze Ku bisasu byongeye kugwa Ku butaka bw’u Rwanda biturutse RDC
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri
Tshisekedi yaganirije Macron ku mukandida ashaka ko azahatana na Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF
Imirwano ya M23 na FARDC iri kwerekeza mu gice cy’umugi wa Goma
Google yashinjwe guha amakuru y’abantu AI yayo mu ibanga
Amavubi:Libya yafunze Kapiteni Djihad amasaha make imushinja gukorana na Mossad