The Ben yagarutse ku mubano wihariye afitanye na Tom Close, anahishura bwa mbere ko yamutabaye mu gicuku mama we arembye, akajya kumwitaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben yahishuye ikintu gikomeye Tom Close yamukoreye
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ijoro ry’Intare ryasigiye APR FC miliyoni 500 Frw
15 August 2025, by ISIMBI EstellaAbakunzi n’abafana ba APR FC bazwi nk’Intare Nkuru, bakoze igikorwa cyo kugaragaza imihigo yabo mu ijoro ryiswe ‘Ijoro ry’Intare’, bahahigira gutanga miliyoni 500 Frw mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26.
-
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
22 August 2024, by UbwanditsiAmakuru atangazwa n’Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Dr. MURANGIRA B Thiery ni uko tariki ya 21 Kanama 2024 uwar Kandida Depite MUSONERA GERMAIN w’imyaka 59 yatawe muri yombi acyekwaho icyaha cya jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 aho akekwa kugira uruhare mu rupfu rw’umugabo witwa KAYIHURA JEAN MARIE VIANNEY wishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba hari na bimwe mu byaha yiyemerera nko kuba kuri bariyeri ziciweho Abatutsi.
Ibyaha bya Jenoside yakorewe (…) -
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi (…) -
Rutsiro: Barinubira gusubira mu icuraburindi ryo kutagira umuriro w’amashanyarazi
17 January, by ISIMBI EstellaAbaturage batuye mu kagari ka Sure mu Karere ka Rutsiro bavuga ko umuriro w’amashanyarazi bari wahawe batakiwukoresha biturutse ku nkuba yakubise mubazi zabo ntibahabwe izindi zizisimbura .
-
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
25 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuherwekazi Zari Hassan uzwi nka Boss Lady ku mbuga nkoranyambaga yabwiye umugabo we Shakib Lutaaya ko hari abagore bamukunda bitewe n’amatsiko yo gushaka kumenya icyo Zari yamukundiye ariko kandi akwiye kutababeshya akababwira ko afite umugore ndetse akitwara nk’uwubatse.
-
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
25 December 2025, by ISIMBI EstellaFilime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse.
-
Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr. Patrice Mugenzi, yasabye abanyamadini kugendera kure ibikorwa ibyo ari byo byose by’ivangura, ndetse bakisuzuma bakiha intego yo kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Abakandida 521 nibo bazatorwamo abadepite 80, abigenga babaye 4
6 August 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’amatora (NEC) yatangaje ko mu bantu 539 batanze kandidatire zabo bashaka kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha, abagera kuri 521 ari bo babyemerewe, bivuze ko abangiwe ari 18.
-
Afurika izagirwaho ingaruka zikomeye n’igabanywa ry’inkunga z’u Bwongereza
24 July 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu byo ku mugabane wa Afurika bizagirwaho ingaruka n’inkunga z’u Bwongereza zigiye kugabanywaho 40%, by’umwihariko kuri gahunda zigamije guteza imbere imibereho y’abaturage.
Umuryango.rw
The Ben yahishuye ikintu gikomeye Tom Close yamukoreye
Ijoro ry’Intare ryasigiye APR FC miliyoni 500 Frw
RIB yafunze MUSONERA Germain wari watorewe kuba Umudepite akekwaho ibyaha bya Jenoside
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
Rutsiro: Barinubira gusubira mu icuraburindi ryo kutagira umuriro w’amashanyarazi
Zari yasabye Shakib kwitwara nk’umugabo wubatse ntabeshye abakobwa
Igice gishya cya Avatar cyabaye igitangaza mu mateka ya sinema
Minisitiri Dr. Mugenzi yasabye abanyamadini gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, bakirinda amacakubiri
Afurika izagirwaho ingaruka zikomeye n’igabanywa ry’inkunga z’u Bwongereza