Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8,068 barimo 946 bahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza, 53 bahawe impamyabumenyi z’ikirenga n’abandi bo mu cyiciro cya kabiri cya kaminuza 6657.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8.000
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Bamwe mu bateye Kitabi bishwe, abashimuswe baratabarwa. Bimwe mu bindi utamenye byabereye muri iki gitero
18 December 2018, by UbwanditsiLt Col Innocent Munyengango yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda zakurikiye abaheruka kugaba igitero ku Kitabi ku mugoroba wo kuwa gatandatu ushize zikicamo batatu abasigaye bakambuka Nyungwe bagahungira i Burundi.
-
Trump yagaye umwanzuro wa Perezida Biden wemereye Ukraine kurasa misile mu Burusiya
18 December 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump witegura kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera muri Mutarama 2025, yanenze Perezida Joe Biden wemereye Ukraine kurasa misile za ATACMS mu Burusiya.
-
2024: Ba Perezida 2 bo muri Afurika mu bantu 5 bahize abandi mu kurangwa na ruswa ku Isi
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gicukumbura ibyaha bya ruswa, kizwi nka ‘Organized Crime and Corruption Reporting Project (OCCRP)’, cyashyize Perezida William Samoei Ruto wa Kenya na mugenzi we Ahmed Bola Tinubu mu bantu batanu bo ku Isi baranzwe na ruswa kurusha abandi mu mwaka ushize wa 2024.
-
Ambasade ya Amerika muri DRC yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byatangaje ko Dr.Ronny ari intumwa yihariye ya Trump
26 March 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanyomoje ibiro bya Perezida Félix Tshisekedi byatangaje ko byakiriye intumwa yihariye ya Donald Trump.
-
Mu mwaka umwe gusa Abaturarwanda barenga 9000 basanzwemo Virusi itera SIDA
7 January 2025, by Joseph IradukundaImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza ko mu 2023 hapimwe Abanyarwanda 1.111.600 bipimishije Virusi itera SIDA ku bushake, muri bo hagararagaramo 9.270 banduye iyo ndwara.
-
Thailand na Cambodia batangiye ibiganiro by’amahoro
28 July 2025, by ISIMBI EstellaThailand na Cambodia bitabiriye ibiganiro by’amahoro biri kubera muri Malaysia, nyuma y’uko iminsi itanu ishize bari mu ntambara ibahanganishije ku mupaka ubahuza.
-
Igihe kirageze ngo twohereze abogezabutumwa mu bindi bihugu - Antoine Cardinal Kambanda
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yashimye umusanzu wa Musenyeri Jean Joseph Hirth wazanye iyogezabutumwa mu Rwanda, avuga ko igihe kigeze ngo n’Abanyarwanda bajyane ubutumwa bwiza bwa Kiristu mu bindi bihugu aho inkuru nziza ya Yezu Kristu itaragera n’aho yibagiranye.
-
Ange Kagame yashimiye abaganga bamwitayeho mu kubyara n’abantu bamuhaye impundu
23 July 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Ange Kagame wibarutse imfura ye dku cyumweru gishize mu bitaro byitiriwe umwami Faisal,yashimiye byimazeyo abaganga bamufashije kubyara ndetse na buri wese wamwoherereje ubutumwa bwo kumushimira.
Umuryango.rw
Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko abarenga 8.000
Trump yagaye umwanzuro wa Perezida Biden wemereye Ukraine kurasa misile mu Burusiya
2024: Ba Perezida 2 bo muri Afurika mu bantu 5 bahize abandi mu kurangwa na ruswa ku Isi
Ambasade ya Amerika muri DRC yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byatangaje ko Dr.Ronny ari intumwa yihariye ya Trump
Mu mwaka umwe gusa Abaturarwanda barenga 9000 basanzwemo Virusi itera SIDA
Thailand na Cambodia batangiye ibiganiro by’amahoro
Igihe kirageze ngo twohereze abogezabutumwa mu bindi bihugu - Antoine Cardinal Kambanda
Ange Kagame yashimiye abaganga bamwitayeho mu kubyara n’abantu bamuhaye impundu