Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku masezerano y’u Rwanda n’Ubwongereza yo kwakira abimukira,bazatangira kugera ku Rwanda ku munsi w’ejo.
Nubwo byari biteganyijwe ko aba bimukira baza kuri uyu wa 14 Kamena 2022,Madamu Makolo avuga ko indege ya mbere izanye abimukira bavuye mu Bwongereza izagera mu Rwanda, ku wa gatatu tariki ya 15 Kamena.
Yavuze ko igihugu cyiteguye kubafasha mu bishoboka byose nkuko bikubiye mu masezerano (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda yavuze icyo izakorera abimukira bo muri UK batifuzaga kuruzamo
14 June 2022, by Dusingizimana Remy -
A$AP Rocky yahishuye uburyo umubyeyi we yamuhatiye gukundana na Rihanna
16 January, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubyeyi we, Renee Black, ari umwe mu bamushishikarije gukundana na Rihanna kera cyane, mbere y’uko bombi bakundana.
-
Maduro ashimangira ko ari umwere mu ijwi rya mbere mu rukiko
6 January, by ISIMBI EstellaNicolas Maduro yagejejwe mu Rukiko rw’i Manhattan ahambirijwe amapingu, umugore we afite igipfuko ku mutwe bikekwa ko ari icy’ahantu yaba yarakomeretse ubwo yatabwaga muri yombi.
-
MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027
16 September 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera, yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II asaba ko hakwihutishwa imirimo yo kurwubaka rukaba rwuzuye bitarenze mu ntangiriro z’umwaka wa 2027.
-
Hatahuwe umuti mushya ufite ubushobozi bwo kurwanya agakoko gatera SIDA
18 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLinda Gail Bekker, umuhanga muri siyansi akaba n’umushakashatsi yemeje ko umuti mushya wa Lenacapavir ufite ubushobozi bwo guhangana n’agakoko gatera SIDA mu mubiri w’umuntu ku gipimo cya 100%.
-
Ikibumbano cya Perezida Macron cyibwe
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyamuryango b’umuryango Greenpeace uharanira kurengera ibidukikije mu Bufaransa, bibye ikibumbano cya Perezida Emmanuel Macron cyabaga mu nzu ndangamurage ya Grevin mu mujyi wa Paris.
-
Ukwiye kwirinda izi ndwara 10 zihitana abantu benshi ku Isi buri mwaka
13 September 2024, by Joseph IradukundaNtabwo indwara zose zifite ubukana bungana, zimwe zirakarishye, izindi ziroroheje. Ndetse zimwe muri zo zugarije Isi ku buryo buri mwaka zihitana ama miliyoni y’abantu.
-
Umugore Ukekwaho Kwiba Abana Mu Bitaro Bya Masaka RIB yamufashe
5 February 2025, by Joseph IradukundaNyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe.
-
Benjamin Netanyahu yategetse igisirikare kurimbura ibirindiro by’aba-Houtis
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatangaje ko yategetse ingabo z’igihugu gusenya ibirindiro n’ibikorwaremezo byose by’inyeshyamba z’aba-Houti zo muri Yemen zimaze iminsi mike zigabye igitero gikaze i Tel Aviv.
-
Perezida Chapo wa Mozambique ategerejwe mu Rwanda
27 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Daniel Francisco Chapo guhera kuri uyu wa 27 Kanama 2025 aragirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kongerera imbaraga ubufatanye bumaze igihe kinini hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda yavuze icyo izakorera abimukira bo muri UK batifuzaga kuruzamo
A$AP Rocky yahishuye uburyo umubyeyi we yamuhatiye gukundana na Rihanna
Maduro ashimangira ko ari umwere mu ijwi rya mbere mu rukiko
MININFRA yatangaje ko kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II bidakwiye kurenza 2027
Hatahuwe umuti mushya ufite ubushobozi bwo kurwanya agakoko gatera SIDA
Ikibumbano cya Perezida Macron cyibwe
Ukwiye kwirinda izi ndwara 10 zihitana abantu benshi ku Isi buri mwaka
Umugore Ukekwaho Kwiba Abana Mu Bitaro Bya Masaka RIB yamufashe
Benjamin Netanyahu yategetse igisirikare kurimbura ibirindiro by’aba-Houtis
Perezida Chapo wa Mozambique ategerejwe mu Rwanda