Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse Umuyobozi Mukuru wa Polisi guta muri yombi abayobozi bakekwaho kunyereza amafaranga yagenewe abaturage mu gace ka Lango.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Museveni yategetse ko abayobozi bariye amafaranga yagenewe abaturage bafungwa
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)
5 October 2024, by Joseph IradukundaMu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatanu tariki 4 Ukwakira 2024, umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah Karungi yatunguranye mu gitaramo atwite inda nkuru bigaragara ko yitegura kwibaruka umwana wa mbere.
-
Abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje I Nyagatare mu gusinya imihigo [AMAFOTO]
30 October 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukwakira 2020, abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje i Nyagatare mu Ntara y’Iburasurazuba aho uturere dusinyana imihigo n’Umukuru w’Igihugu, umuhango wari umaze umwaka usubitswe.
-
Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu
31 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yahamijwe n’urukiko gufungwa imyaka ine ndetse no kwamburwa uburenganzira bwo kwiyamamariza ubutegetsi mu gihe cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza umutungo w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
-
Abavuga rikumvikana muri Rayon Sports bigabanyije mu matsinda yo gutegura imikino ya Shampiyona isigaye
24 March 2025, by Joseph IradukundaAbarimo abayobozi b’inzego zitandukanye za Rayon Sports n’abandi bavuga rikumvikana bari mu itsinda rya “Special Supporting Team”, bigabanyije mu matsinda umunani yiswe imiryango, agamije gutegura imikino ya Shampiyona isigaye kugira ngo iyi kipe ibe yakwegukana igikombe iheruka mu 2019.
-
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk
18 September 2025, by ISIMBI EstellaTeleviziyo yo muri Amerika, ABC, yatangaje ko ikiganiro cyayo kizwi nka Jimmy Kimmel Live, gikorwa na Jimmy Kimmel cyahagaritswe by’agateganyo, nyuma y’uko uyu mugabo yibasiwe n’abatari bake bitewe n’ibitekerezo yatanze ku rupfu rwa Charlie Kirk.
-
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Burindi, Akagari ka Nyaruka mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, yishwe n’ibinini byica imbeba yanyoye, aho bivugwa ko byaturutse ku madeni y’inguzanyo.
-
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora
24 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe habura ibyumweru bibiri gusa, abatuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, abaturage bakihitiramo Umukuru w’Igihugu, abarenga miliyoni zirindwi (7), ntabwo baragira amahitamo y’uwo bazatora hagati y’Umurepubulikani, Donald Trump n’Umudemukarate Kamala Harris.
-
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka
15 December 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda igiye gushora miliyari 300 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga w’imyaka 6 yo guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe mu Ntara y’Iburasirazuba, by’umwihariko mu Mirenge y’Akarere ka Kayonza ikunze kwibasirwa n’izuba ryinshi.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Umuryango.rw
Perezida Museveni yategetse ko abayobozi bariye amafaranga yagenewe abaturage bafungwa
Uganda: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yatunguranye ku rubyiniro akuriwe(Amafoto)
Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu
Abavuga rikumvikana muri Rayon Sports bigabanyije mu matsinda yo gutegura imikino ya Shampiyona isigaye
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka