Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko nyuma gato y’ uko u Rwanda rutangiye kugeza amaraso mu bitaro 19 hakoreshejwe indege zitagira abapilote drone rwavuzwe cyane rukubaka izina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba
25 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Amerika yagaragaje ko FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurwa
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurirwa mu biganiro bihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite wo mu Ntara ya Tanganyika, Frédéric Kabunda, yamaganye ukuntu abasirikare ba FARDC bajujubya abaturage ku muhanda wa Kirungu-Kasenga, muri Teritwari ya Moba. Avuga ko abasirikare ba FARDC bashinze bariyeri kuri uyu muhanda kandi bagasaba amafaranga buri muntu uhita.
-
Ko abaturage b’Amerika n’Uburayi basabwe kwitondera gusura u Rwanda bivuze iki?
26 April 2019, by UbwanditsiLeta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ubudage, Ubufaransa, Ubwongereza, Australia, Canada na bimwe mu bihugu by’I Burayi byaburiye abaturage babyo gusura u Rwanda bigengesereye cyane cyane igice cya Nyungwe, ku mipaka na Kongo, ku mupaka n’Ubuganda n’Uburundi.
-
Umushinga wo kubaka uruganda rutunganya gaz muri Cabo Delgado wasubukuwe
30 January, by Angeline MUKANGENZIKu wa 29 Mutarama 2026, Leta ya Mozambique n’ikigo TotalEnergies gifite icyicaro gikuru mu Bufaransa, byasubukuye umushinga mugari wo kubaka uruganda ruzajya rutunganya gaz mu Ntara ya Cabo Delgado.
-
Abandi barwanyi 16 ba FLN bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda
5 October 2020, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Havugiyaremye Aimable, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rubanza rwa Rusesabagina Paul ndetse yemeza ko hari abarwanyi 16 ba FLN bafashwe bakaba bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda barimo Jean Chretien Ndagijimana, umwana wa Wilson Irategeka wayoboraga FLN uherutse gupfa.
-
Pakistan yemeye gukina n’u Buhinde birebana ay’ingwe
10 February, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Pakistan yemeje ko ikipe y’igihugu yayo y’umukino wa Cricket izakina n’iy’u Buhinde mu mukino w’Igikombe cy’Isi cya “T20” uzabera muri Sri Lanka ku Cyumweru, mu gihe iki gihugu cyari cyanze uwo mukino kubera impamvu za politiki.
-
Abasore babiri bashinjwa kwica umukobwa wigaga muri kaminuza yahoze izwi nka KIST bagejejwe imbere y’ubutabera
25 September 2019, by Dusingizimana RemyAbasore babiri bakekwaho kwica Sandrine Imanishimwe wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’ubumenyi n’Ikoranabuhanga (CST) bagejejwe imbere y’urukiko baburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
Ghana yateye intambwe yo guha ikaze abanyafurika bose iwayo nta Visa batswe
2 January 2025, by Joseph IradukundaLeta ya Ghana yatangaje ko guhera muri uku kwezi kwa Mutarama 2025, Abanyafurika bose bazajya binjira muri iki gihugu nta Visa basabwa, nyuma y’uko Perezida Nana Akufo-Addo yemeje uyu mwanzuro mu Ukuboza umwaka ushize.
-
Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar,perezida wa Namibia na Gianni Infantino bageze I Kigali mu birori byo guhemba indashyikirwa mu kurwanya ruswa [AMAFOTO]
9 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikirenga wa Qatar (Emir) Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani yageze mu Rwanda aho yitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo ngarukamwaka by’ababaye indashyikirwa mu kurwanya ruswa bya ‘Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani International Anti-Corruption Excellence Award’ byabereye I Kigali.
Umuryango.rw
’Drone zatumye u Rwanda rwubaka izina’ Minisitiri Gashumba
Amerika yagaragaje ko FDLR ari ikibazo gikomeye gikwiye gukemurwa
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
Umushinga wo kubaka uruganda rutunganya gaz muri Cabo Delgado wasubukuwe
Abandi barwanyi 16 ba FLN bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda
Pakistan yemeye gukina n’u Buhinde birebana ay’ingwe
Ghana yateye intambwe yo guha ikaze abanyafurika bose iwayo nta Visa batswe