Nyuma y’aho Abakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), tariki ya 13 Werurwe 2025 bafashe icyemezo cyo gucyura ingabo ziri mu butumwa bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo ishinzwe ibikorwa by’ingabo, yasabye Leta ibisobanuro ku buryo abo basirikare bazataha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Afurika y’Epfo: Leta yasabwe ibisobanuro ku gihe ingabo ziri muri RDC zizatahira
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Nyamasheke: Batwitse babiri babakekaho ubujura, basanga babibeshyeho
21 July 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage babiri bo mu Karere ka Nyamasheke batwitswe na bagenzi babo babakekaho kwiba 420 000 Frw, umukozi wo mu rugo yibwemo utari mu batwitswe aza kwiyemera ko ariwe wayibye.
-
Perezida Kagame ari ku rutonde rw’ abafite ijambo rikomeye muri Afurika
8 December 2017, by Nsanzimana Ernest‘New African Magazine’ ku rutonde rwayo ngarukamwaka rw’ Abanyafurika 100 bafite ijambo rikomeye ku mugabane w’ Afurika yashyizemo Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame.
Urutonde rw’ uyu mwana wa 2017 ruragaragaraho abareperezida batatu gusa mu barenga 50 bayobora ibihugu bitandukanye byo kuri uyu mugabane.
Abo 100 ni abafite ijambo rikomeye mu nzego umunani zirimo politiki n’imirimo ya leta; ubucuruzi n’imari; imiryango itegamiye kuri leta n’impirimbanyi; uburezi; ubumenyi, ikoranabuhanga no (…) -
Ladislas NGENDAHIMANA yasimbuye Egide RUGAMBA ku buyobozi bwa RALGA (Yavuguruwe)
2 April 2018, by UbwanditsiIshyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali RALGA ryabonye Umuyobozi mushya Ladislas Ngendahimana wasimbuye Egide RUGAMBA ku mwanya w’Umunyamabanga Rusange ( SG) w’iri shyirahamwe.
Ladislas Ngendahimana yemejwe n’Inama y’Ubutegetsi ya Ralga ubwo hanabaga umwiherero w’abayobozi b’inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali wabaye taliki kuva tariki 28 kugeza ku ya 30 Werurwe 2018.
Ladislas Ngendahimana amaze igihe kitari gito akuriye itumanaho ndetse ari Umuvugizi wa Minisiteri (…) -
Breaking news: RwandaAir yerekezaga ENTEBBEE muri Uganda yakoze impanuka
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi akabura Udutara Tumufasha Kumenya aho Amanukira .
Mu butumwa ubuyobozi bwa sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Rwanda banyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter batangaje ko iyi ndenge yahuye n’ikibazo k’ikirere igakora impanuka ikagwa mu gishanga ariko ko ntamuntu n’umwe wakomerekeyemo cyangwa ngo (…) -
Sudani y’Epfo: Amacakubiri mu ishyaka SPLM-IO yakuyeho Dr Riek Machar uyiyobora
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyaka rikomeye mu gihugu ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo, SPLM-IO, riri mu bibazo nyuma y’uko abagize itsinda ryitandukanyije n’abandi bakuyeho Visi-Perezida wa mbere, Dr. Riek Machar, wari umuyobozi wabo ubu ufungiwe mu rugo, bamusimbuza undi nk’umuyobozi w’ishyaka, nk’uko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 9 Mata 2025
-
Kigali: Urubyiruko rwasobanukiwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
3 August 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe bavuga ko bajyaga bibwira ko gukora ibikorwa by’ubutwari bisaba ubushobozi bw’umurengera, ariko nyuma yo gusobanukirwa urugendo rw’Intwari z’abakurambere basanze bisaba umutima ushaka wonyine.
-
Umupolisi mukuru yasabye Tshisekedi kumwohereza mu ntambara yo kurwanya M23
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmupolisi mukuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba n’umwarimu muri kaminuza, Alain Alisa Job Sambokera, yandikiye Perezida Félix Tshisekedi, amusaba kumwinjiza mu gisirikare kugira ngo ajye ku rugamba rwo kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
Perezida Trump yasabye Cambodia na Thailand guhagarika imirwano
27 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba Cambodia na Thailand, abasaba guhita bahagarika imirwano imaze iminsi ibera ku mupaka.
-
MINALOC yatangaje amabwiriza agenga abashaka gukora ibirori
28 September 2021, by Dusingizimana RemyItangazo ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 27 Nzeri 2021 na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu [MINALOC] ritegeka ko abategura ibirori bibera mu ngo bagomba kubanza kumenyesha mu nyandiko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari bizabaramo.
Umuryango.rw
Afurika y’Epfo: Leta yasabwe ibisobanuro ku gihe ingabo ziri muri RDC zizatahira
Nyamasheke: Batwitse babiri babakekaho ubujura, basanga babibeshyeho
Breaking news: RwandaAir yerekezaga ENTEBBEE muri Uganda yakoze impanuka
Sudani y’Epfo: Amacakubiri mu ishyaka SPLM-IO yakuyeho Dr Riek Machar uyiyobora
Kigali: Urubyiruko rwasobanukiwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
Umupolisi mukuru yasabye Tshisekedi kumwohereza mu ntambara yo kurwanya M23
Perezida Trump yasabye Cambodia na Thailand guhagarika imirwano
MINALOC yatangaje amabwiriza agenga abashaka gukora ibirori