Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana Remy -
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
15 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho "abantu b’inyangamugayo" ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko "nyuma yo gutsindwa" ingabo za leta n’abafatanya na zo bahunze uyu mujyi.
-
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi watangaje ko wongeye kwicira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo z’iki gihugu, nyuma y’imirwano iheruka gusakiranya impande zombi.
-
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije imirongo ngenderwaho muri dipolomasi yo kubanza kubimenyesha igihugu bagiye gukoreramo, bahita birukanwa ku butaka bwayo.
-
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
24 November 2025, by ISIMBI EstellaBugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo agaragare mu gitaramo icyo ari cyo cyose.
-
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine.
-
Minisitiri Biruta yatangaje impamvu Uburundi na Tanzania batitabiriye inama ya EAC
15 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Biruta Vincent, yavuze ko u Burundi na Tanzania batangaje impamvu batitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) yabaye tariki ya 12 Gicurasi 2020 yobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
-
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya
4 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi w’umuryango w’Ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi (EU) ,Madamu Ursula von der Leyen , yatangaje ibihano bitatu bigeye gufatirwa igihugu cy’Uburusiya cyatangije intambara muri Ukraine.
-
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
-
Imirwano hagati y’abaturage ba Kenya na Ethiopia yaguyemo bamwe abandi barabura
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKenya yohereje ingabo nyinshi n’abapolisi ku mipaka yayo na Ethiopia nyuma y’igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro, mu cyo abayobozi basobanura nk’ubushyamirane bwambukiranya imipaka.
Umuryango.rw
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya
Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC
Imirwano hagati y’abaturage ba Kenya na Ethiopia yaguyemo bamwe abandi barabura