Umuyobozi ushinzwe Ishami ry’Ubuzima bwo mu mutwe mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Gishoma Darius, yatangaje ko ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi, amakimbirane mu miryango n’ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge biri mu bigikomeje gutuma Abanyarwanda barwara indwara zo mu mutwe ku bwinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ingaruka za Jenoside mu bikomeje kubangamira ubuzima bwo mu mutwe bw’Abanyarwanda
6 February, by Angeline MUKANGENZI -
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Perezida Kagame wamwifurije isabukuru nziza
10 August 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame wagize isabukuru y’imyaka 60 uyu munsi,yashimiye Perezida Kagame wamwifurije isabukuru nziza ndetse wamubereye inkoramutima mu myaka 33 bamaze babana.
ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije isabukuru nziza y’amavuko Madamu we Jeannette Kagame wujuje imyaka 60 kuri uyu munsi.
Mu magambo yihariye,Perezida Kagame yagaragaje ko yanyuzwe n’imyaka irenga 30 bamaze babana aho umuryango n’Igihugu bifuzaga mbere (…) -
Nigeria: Igisirikare cyatangiye iperereza nyuma yo kwicira abasivili 20 mu gitero cy’indege
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo zirwanira mu kirere za Nigeria zavuze ko kuri uyu wa Mbere zatangiye iperereza nyuma y’amakuru avuga ko igitero cy’indege cya gisirikare gishobora kuba cyarahitanye abasivili bagera kuri 20 mu mpera z’icyumweru gishize.
-
Bus Jaguar yerekezaga i Kigali ivuye Kampala yakoze impanuka ihitana bamwe
1 September 2024, by Joseph IradukundaImodoka ya Bus Jaguar yari iturutse i Kampala yerekeje i Kigali, yakoreye impanuka mu gihugu cya Uganda igeze mu Burengerazuba bwa Uganda mu Karere ka Kalungu ahitwa Kabaale igongana na Fuso nayo ifite ibirango bya Uganda.
-
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbwami bw’u Bwongereza bushobora guhabwa kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035 nyuma y’uko kuri uyu wa Kane, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yavuze ko ari cyo gihugu cyatanzwe ubusabe bwujuje ibisabwa.
-
Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko byibuze abasirikare bane ba Nigeria bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bagabaga ibitero icya rimwe ku birindiro bibiri bya gisirikare byo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Borno.
-
Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi
16 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Angelibert Mutabaruka uzwi nka Angeli Mutabaruka yavuze igihe yahuriye bwa mbere na KNC batangiye bakorana bombi ari abanyamakuru, nyuma akaza kumubera umukoresha kugeza n’ubu bakorana ikiganiro. Ati “Ubu ni we undya kandi twararyanaga umwanda.”
-
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
11 April 2022, by Joseph IradukundaIgihugu cya Jamaica cyatangaje ko Minisitiri wacyo w’ububanyi n’amahanga azahatanira umwanya w’ubunyamabanga bukuru bw’umuryango Commonwealth uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.
-
Ubushinjacyaha bwasabye ko Rusesabagina ahabwa igifungo cya burundu aho kuba imyaka 25
24 January 2022, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ubujurire ko Paul Rusesabagina ahanishwa igifungo cya burundu.
Ubushinjacyaha busanga Rusesabagina atari kwiriye kugabanyirizwa ibihano hashingiwe ku kwirega icyaha kuko atacyireze mu buryo bwuzuye. Busanga kandi ibyo kugabanyirizwa igihano ku mpamvu z’uko ari ubwa mbere akurikiranywe gusa, hirengagijwe uburemere bw’ibyaha akurikiranyweho, na byo atari byo.
Ubushinjacyaha buvuga ko muri rusange Urukiko rwemeje ko ibyaha icyenda byose Rusesabagina Paul (…) -
Abarimo CSP Hillary Sengabo, Rugaju Raegan, Ricard na Mucyo Antha barekuwe by’agateganyo
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo.
Umuryango.rw
Ingaruka za Jenoside mu bikomeje kubangamira ubuzima bwo mu mutwe bw’Abanyarwanda
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Perezida Kagame wamwifurije isabukuru nziza
Nigeria: Igisirikare cyatangiye iperereza nyuma yo kwicira abasivili 20 mu gitero cy’indege
Bus Jaguar yerekezaga i Kigali ivuye Kampala yakoze impanuka ihitana bamwe
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe
Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
Ubushinjacyaha bwasabye ko Rusesabagina ahabwa igifungo cya burundu aho kuba imyaka 25
Abarimo CSP Hillary Sengabo, Rugaju Raegan, Ricard na Mucyo Antha barekuwe by’agateganyo