MUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere
Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu Uwanzwenuwe Theonetse yemeje amakuru avuga ko MUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 yeguye kuri uyu mwanya.
Meya Uwanzwenuwe yatangarije UMURYANGO ko ubuyobozi bw’ akarere bwakiriye ibaruwa ye avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite, avuga ko ikigiye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Meya wa Nyabihu yemeje amakuru avuga ko uwari Visi meya ushinzwe ubukungu yeguye
7 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi yasubije abamunenze gusura u Rwanda
25 October 2024, by Joseph IradukundaMu butumwa burebure yanyujije ku rubuga rwe rwa X, Franck Diongo, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC ubu uri mu buhungiro mu Bubiligi yagize icyo abwira abaneguye urugendo aheruka kugirira mu Rwanda, bamushinja kwifatanya n’umwanzi. Franck Diongo yagaragaje ishusho y’umubano utari mwiza hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda mu buryo busa nko kubaza.
-
Uko umufaransa yatsinzwe ubwo yategerwaga umutwe wa KAGAME
11 April 2025, by ISIMBI EstellaUbwo urugamba rwo kubohora u Rwanda hamwe n’ibiganiro by’amahoro hagati ya FPR Inkotanyi na Guverinoma y’u Rwanda byari birimbanyije mu 1993, Perezida Habyarimana n’inzego ze z’iperereza bari bakataje mu kongera guca umugongo FPR-Inkotanyi.
-
Bitunguranye Haruna Niyonzima yakuwe mu bakinnyi 11 bagomba guhura na Seychelles kubera ikibazo cy’imyirondoro
5 September 2019, by Dusingizimana RemyHaruna Niyonzima wagombaga kubanza mu bakinnyi 11 bagombaga guhura na Seychelles mu ijonjora ryo kwerekeza mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi,yakuwe mu rutonde ku munota wa nyuma kubera ikibazo cy’imyirondogoro.
-
Perezida Kagame yahuye na Pires na Ray Parlour bakiniye ikipe ya Arsenal [AMAFOTO]
9 February 2022, by Dusingizimana RemyUyu munsi muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yahuye na Robert Pires na Ray Parlor bamamaye muri Arsenal n’imiryango yabo, ubwo basozaga urugendo rwabo Muri #VisitRwanda.
Aba banyabigwi ba Arsenal,bamaze iminsi itanu mu Rwanda,basura ibice bitandukanye ndetse bahuye n’abafana b’iyi kipe mu Rwanda.
Nkuko ibiro bya Perezida Kagame byabitangaje,aba banyabigwi n’imiryango yabo bahuye na Perezida Kagame baraganira cyane ko anasanzwe ari umukunzi wa Arsenal banyuzemo bakayikoramo amateka yo (…) -
Umutoza w’Amavubi yavuze ko makosa yatumye batsindwa na Benin batayasubira
11 October 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Torsten Frank Spittler, yavuze ku makosa yakozwe n’abakinnyi be ku mukino baherutse gutsindwamo na Bénin, ashimangira ko batazayasubira.
-
Coronavirus: Hakize abantu 4 mu Rwanda hanyuma abandi 2 basanganwa ubwandu
4 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020, mu Rwanda habonetse abantu 2 bashya bagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bageze kuri 261. Uyu munsi kandi hanakize abantu 4 bityo abamaze gukira baba 128. Abakirwaye ni 133.
-
Nigeria: Abaturage bagera kuri 40 biciwe mu gitero cya Boko Haram
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru gishize, abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe abahinzi 40 mu gitero cyagabwe ku baturage bo mu bwoko bwa Dumba mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Borno, nk’uko umuyobozi mukuru muri iyi leta yabitangaje kuri uyu wa Mbere ushize.
-
Impunzi za Congo ziri mu Rwanda ‘amahitamo yarazigoye’ – Mushikiwabo
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestGuvernoma y’ u Rwanda yatangaje ko impunzi za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ziri mu Rwanda icyatumye zigaragambya atari uko Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita kumpunzi ryagabanyije ibiribwa kuko atarizo zonyine zagabanyirijwe ibiribwa.
Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Minisitiri w’ Ububanyi n’ Amahanga n’ Umuryango w’ Afurika y’ Iburasirazuba Louise Mushikiwabo yavuze ko izi mpunzi zimaze imyaka 22 mu Rwanda zabuze amahitamo.
Yavuze ko u Rwanda rwatanze amahirwe ku (…) -
Korea ya Ruguru yarashe ibisasu byinshi bya misile mu gihe Abanyamerika banjiye mu matora
5 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri, itariki 5 Ugushyingo 2024, Koreya ya Ruguru yarashe missile za ballistique ziraswa mu ntera iringaniye ku nkombe z’iburasirazuba, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Koreya y’Epfo .
Umuryango.rw
Franck Diongo utavuga rumwe na Tshisekedi yasubije abamunenze gusura u Rwanda
Uko umufaransa yatsinzwe ubwo yategerwaga umutwe wa KAGAME
Perezida Kagame yahuye na Pires na Ray Parlour bakiniye ikipe ya Arsenal [AMAFOTO]
Umutoza w’Amavubi yavuze ko makosa yatumye batsindwa na Benin batayasubira
Coronavirus: Hakize abantu 4 mu Rwanda hanyuma abandi 2 basanganwa ubwandu
Nigeria: Abaturage bagera kuri 40 biciwe mu gitero cya Boko Haram
Korea ya Ruguru yarashe ibisasu byinshi bya misile mu gihe Abanyamerika banjiye mu matora