Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe n’uruhare bagize mu kuvugurura ibiro by’Akagari nyuma yo kuyakusanya akanakoreshwa ubu bakaba babonera serivisi ahantu hasa neza kandi hatekanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gatsibo: Bakusanyije miliyoni 12 Frw bisanira ibiro by’Akagari
14 August 2025, by ISIMBI Estella -
AKARAYIFUMBWE EP#84: Ese isezererwa rya Busingye ntiryatinze?
4 September 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro AKARAYIFUMBWE EP#84 kigaruka ku isezererwa muri Guverinoma rya Min BUSINGYE! Ese ntiyaba yaratinze urebye uko ibibazo mu butabera byagenda bikura? Ibihano bikakaye, Gereza na kasho zuzuye abagororwa babayeho nabi harimo n’imfu z’amarabira, imicire y’imanza idatanga ubutabera, urugomo hirya no hino, amabwiriza asigaye aremereye kuruta amategeko n’ibindi! Gusa imbaraga yari afite yarazitanze hasigaye uzamukorera mu ngata! Ese we azahera he? Tubane muri iki kiganiro (…)
-
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
15 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO (Corruption Investigation Office).
-
Hafi kimwe cya gatatu cy’abanyamerika bafite ubwoba bw’intambara nyuma y’amatora
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkusanyabitekerezo ryakozwe n’Ikigo YouGov ryagaragaje ko nibura 27% by’Abanyamerika bafite ubwoba ko intambara ishobora kwaduka nyuma y’amatora azaba mu Ugushyingo uyu mwaka.
-
Rayon Sports yabonye arenga Miliyoni 50 Frw mbere y’umukino na APR FC
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports yatangarije itangazamakuru n’abanyarwanda muri rusange ko bageze kure imyiteguro y’umukino ukomeye bafitanye na mukeba APR FC, aho kimwe mu byo bishimira ari amafaranga bakuye mu baterankunga b’uyu mukino.
-
Mu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho n’ikoranabuhanga ryakozwe n’ibigo bitandukanye hagamijwe ubwirinzi n’umutekano.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, byibanze ku ngingo zitandukanye zerekeranye no guteza imbere ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
-
DORE IBINTU 10 USHOBORA KUBA UTARUZI KURI Amb. Joseph HABINEZA WIGEZE KUBA MINISTIRI WA SIPORO MU RWANDA.
3 February 2025, by ISIMBI EstellaNyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze gukina umukino wa volleyball ku rwego rukomeye , kuba umuyobozi wa heinken n’ibindi byinshi. muri iyi nkuru mutwemerere tugaruke ku bintu 10 ushobora kuba utazi kuri nyakwigendera ambasaderi joseph habineza wamamaye ku kazina ka Joe Habineza.
-
Umufaransa yateye inda abakobwa barenga 600 mu bihugu 6 bya Afurika
28 February 2018, by Nsanzimana ErnestIkinyamakuru cyandika inkuru zibanda kudushya tubera ku mugabane wa Afurika cyatangaje ko mukerarugendo w’ Umufaransa yateye inda abakobwa barenga 600 bo mu bihugu 6 bitandukanye byo muri Afurika mu gihe cy’ imyaka ibiri yamaze azenguruka muri ibi bihugu.
Abakobwa batewe inda ni abo muri Nigeria, Cameroun, Côte d’Ivoire, Togo, Ghana na Guinea.
Uyu Mufaransa witwa Jean Michel afite imyaka 40 y’ amavuko aya makuru yayatangarije Africa24.info. UMURYANGO ukesha iyi nkuru.
Yagize ati (…) -
Cote d’Ivoire nayo yasabye Ingabo z’u Bufaransa kugenda
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Ukuboza 2024, Cote d’Ivoire yatangaje ko Ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu, bikarangiza imyaka mirongo iki gisirikare cyari kihamaze.
Umuryango.rw
Gatsibo: Bakusanyije miliyoni 12 Frw bisanira ibiro by’Akagari
AKARAYIFUMBWE EP#84: Ese isezererwa rya Busingye ntiryatinze?
Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi
Hafi kimwe cya gatatu cy’abanyamerika bafite ubwoba bw’intambara nyuma y’amatora
Rayon Sports yabonye arenga Miliyoni 50 Frw mbere y’umukino na APR FC
Mu Rwanda hagiye kumurikirwa ibikoresho bya gisirikare bigezweho
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria
DORE IBINTU 10 USHOBORA KUBA UTARUZI KURI Amb. Joseph HABINEZA WIGEZE KUBA MINISTIRI WA SIPORO MU RWANDA.
Cote d’Ivoire nayo yasabye Ingabo z’u Bufaransa kugenda