Mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024 hatangira umwiherero abakinnyi b’Amavubi bitegura imikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika kizabera muri Maroc mu 2025, muri iyi nkuru hagiye kugaragazwa uko bamwe mu bakinnyi bahamagawe bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gitambutse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko Ntwali na bagenzi be bakina hanze bitwaye mbere yo kwitabira Amavubi
30 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu
31 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yahamijwe n’urukiko gufungwa imyaka ine ndetse no kwamburwa uburenganzira bwo kwiyamamariza ubutegetsi mu gihe cy’imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza umutungo w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
-
Rwanda: Ignace Nkaka na Nsekanabo Jean Pierre ba FDLR bakatiwe gufungwa imyaka 10
15 December 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruri I Nyanza rwakatiye igifungo cy’imyaka 10 Ignace Nkaka (La Forge Fils Bazeye) wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa FDLR hamwe na Lt Col Jean Pierre Nsekanabo (Abega) wari ushinzwe iperereza muri uwo mutwe.
Urukiko rwabahamije icyaha cyo kuba mu ishyirahamwe ry’iterabwoba ruvuga ko bo ubwabo biyemereye kuba mu mutwe wa FDLR n’ubwo mu rubanza bavuze ko batari bazi ko ari umutwe w’iterabwoba.
Mu kwezi kwa 12 mu 2018, aba bagabo bafatiwe ku mupaka wa Bunagana wa (…) -
Uburusiya: Vladimir Poutine araburira ku ntambara nshya y’ubutita
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi wabaye ku Cyumweru i Saint-Pétersbourg, ku munsi ngarukamwaka wahariwe ingabo zo mu mazi z’Uburusiya.
Ashimira abasirikare bo mu mazi baturutse mu Bushinwa, Algeria, na India kuba bitabiriye uwo muhango, cyane cyane yashimangiye ko Uburusiya bugamije gukomeza guteza imbere ingabo zabwo zo mu mazi.
Poutine ati“Ndishimye cyane kwakira mu muhango mukuru wo kwerekana ingabo zo mu mazi abasirikare (…) -
Musanze: Abacururizaga imboga hasi biteze igisubizo ku isoko rya kijyambere
16 December 2025, by ISIMBI EstellaAbacuruza imboga n’imbuto mu isoko rya Gataraga, mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe bahhasi kandi ku zuba, bigatuma umusaruro wabo wangirika vuba ndetse n’abakiliya bakagabanyuka cyane mu bihe by’imvura, none bavuga ko bafite icyizere kuko barimo kubakirwa isoko rya kijyambere.
-
Espagne ntiyumva impamvu yo gutera Iran
5 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Espagne, Pedro Sanchez yanenze cyane ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byagabye kuri Iran, ananenga ibihugu byo mu Burayi bikomeje gukurikira buhumyi Amerika nta gushishoza.
-
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIshami ry’Umuryango w’Abaibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro bihereye mu Ntara ya Kasai iri mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (DRC).
-
Los Angeles igiye kurimbuka! Ese koko ni Igihano cy’Imana
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNibura abantu 16 bamaze gupfa kubera ko inkongi ebyiri nini z’Umuriro zibasiye Umujyi wa Los Angeles zikomeje kunanirana guhagarika. Ese koko ni igihano cy’Imana nyuma y’uko mu bihembo biherutse bya Gorden Globe 2025 bayubahutse ku mugaragaro?
-
Ibihugu bya EU byose byategetswe kwemera isezerano ry’abashakanye bahuje ibitsina
27 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) rwategetse ko ibihugu binyamuryango byose bigomba kwemera no kwandika isezerano ry’abashyingiranywe n’abo bahuje ibitsina kabone nubwo byaba bitemera kubasezeranya.
-
William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa gatanu wa Kenya
13 September 2022, by Dusingizimana RemyDr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya barenga ibihumbi 60 bateraniye muri Stade Kasarani i Nairobi mu muhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu, William Ruto.
Polisi y’iki gihugu yatangaje ahagana saa kumi n’imwe z’igitondo ko iyi stade yuzuye bityo abaturage bakwigumira mu rugo bagakurikirana uyu muhango kuri TV.
Bwana (…)
Umuryango.rw
Uko Ntwali na bagenzi be bakina hanze bitwaye mbere yo kwitabira Amavubi
Umunyapolitiki Marine Le Pen yambuwe uburenganzira bwo kugira umwanya yiyamamariza mu gihe cy’imyaka itanu
Rwanda: Ignace Nkaka na Nsekanabo Jean Pierre ba FDLR bakatiwe gufungwa imyaka 10
Uburusiya: Vladimir Poutine araburira ku ntambara nshya y’ubutita
Espagne ntiyumva impamvu yo gutera Iran
Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC
Los Angeles igiye kurimbuka! Ese koko ni Igihano cy’Imana
Ibihugu bya EU byose byategetswe kwemera isezerano ry’abashakanye bahuje ibitsina
William Ruto yarahiriye kuba Perezida wa gatanu wa Kenya