Perezida William Ruto wa Kenya, yatangaje ko yiteguye ko ingabo z’igihugu cye zagiye gufasha gucunga umutekano muri Hayiti zahinduka iz’Umuryango w’Abibumbye
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya Yemeye ko Ingabo Zayo Ziri muri Hayiti Zahabwa Ubutumwa bwa ONU
22 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yaburiye Ingabire Victoire ko ashobora gusubira muri gereza
19 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakomoje ku mbabazi ziherutse guhabwa imfungwa zirenga 2000 avuga ko zatanzwe byakozwe mu buryo bwo gukemura ibibazo agaragaza ko bitatewe n’ igitutu.
-
Guverineri w’intara ya Ituri muri Congo yarahiriye gufata Thomas Lubanga uyobora inyeshyamba za CRP
14 January, by Angeline MUKANGENZIGuverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. Gen. Johnny Luboya, yatangaje ko azata muri yombi Thomas Lubanga Dyilo, uyobora umutwe w’inyeshyamba wa CRP (Convention pour la Révolution Populaire) byanze bikunze.
-
Kevin Kade na Element bongewe mu bazaririmba muri ‘Rwanada Convention USA’
22 June 2025, by ISIMBI EstellaAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize Kevin Kade na Element mu bahanzi bazaririmba mu ihuriro ‘Rwanda Convention USA’, riteganyijwe ku wa 4-6 Nyakanga 2025.
-
BET Awards 2025: Kendrick Lamar yegukanye ibihembo byinshi, Blue Ivy aratungurana
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka izina rikomeye mu muziki ku Isi, yegukanye ibihembo byinshi mu bya BET byatanzwe, naho umukobwa wa Jay-Z na Beyoncé, Blue Ivy aratungurana.
-
RDC: M23 yashinje FARDC kuyigabaho ibitero mu bice bituwe byanahitanye abaturage
17 September 2024, by Joseph IradukundaUmuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka yaramutse yandika ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa twitter ko igisirikare cy’igihugu cya RDC (FARDC) cyabagabyeho igitero mu bice bituwe n’abaturage kandi ko cyahitanye bamwe muri bo.
-
Meya Habitegeko yasabye Visi meya mushya kudaterwa ubwoba na Tour du Rwanda
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Habitegeko Francois yagiriye inama Gashema Janvier watorwe kuba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu kutikanga ikiswe ‘Tour Du Rwanda’ akanirinda abashobora kumuca intege kuko ngo akazi yatorewe gakoreka ariko gashoboka kuko ngo nawe yagashoboye kandi yarakinjiranyemo ubwoba.
-
Telefoni ya Bobi Wine n’iy’umugore we zafunzwe mu buryo butunguranye nyuma y’amatora babuzwa guhamagara
14 January 2021, by Dusingizimana RemyUmukandida ku mwanya wa Perezida muri Uganda Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine ari mu gahinda ko gufungirwa telefoni ye yo guhamagara we n’umugore we nyuma y’uko amatora arangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Mutarama 2021.
-
Amerika, igihugu rukumbi cyari cyarinangiye ku gukoresha inyito iboneye ya Jenoside, cyavuye ku izima
8 April, by Angeline MUKANGENZIKu nshuro ya mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuye ku izima zikoresha inyito iboneye ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni nyuma y’imyaka myinshi iki gihugu cyarinangiye.
-
Abakinnyi 2 ba APR FC bahamagawe muri ‘Uganda Cranes’
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRonald Ssekiganda na Denis Omedi bakinira APR FC, bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura imikino y’umunsi wa karindwi yo mu Itsinda G mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, iteganyijwe muri Nzeri.
Umuryango.rw
Kenya Yemeye ko Ingabo Zayo Ziri muri Hayiti Zahabwa Ubutumwa bwa ONU
Guverineri w’intara ya Ituri muri Congo yarahiriye gufata Thomas Lubanga uyobora inyeshyamba za CRP
Kevin Kade na Element bongewe mu bazaririmba muri ‘Rwanada Convention USA’
BET Awards 2025: Kendrick Lamar yegukanye ibihembo byinshi, Blue Ivy aratungurana
RDC: M23 yashinje FARDC kuyigabaho ibitero mu bice bituwe byanahitanye abaturage
Amerika, igihugu rukumbi cyari cyarinangiye ku gukoresha inyito iboneye ya Jenoside, cyavuye ku izima
Abakinnyi 2 ba APR FC bahamagawe muri ‘Uganda Cranes’