Isimbi Vestine wamamaye nka Isimbi Model n’umugabo we, Shaul Hatzir, batangiye umwaka wa 2026 bari mu byishimo nyuma y’aho uyu mugore yibarutse umwana w’umukobwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yategereje imyaka irindwi: Isimbi Model yahishuye ko yabanje kubura urubyaro
13 January, by ISIMBI Estella -
Menya impamvu yatumye Mwiseneza Josiane yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mbere irushanwa ritararangira[AMAFOTO]
13 January 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda n’umusore uzwi ku izina rya Scott bitera benshi urujijo.
-
Ukraine ishobora kwemera guhara uduce twayo kugira ngo haboneke amahoro
26 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yatangaje ko Ukraine ishobora gutanga igice cy’ubutaka bwayo by’igihe gito, mu rwego rwo kugera ku masezerano y’amahoro n’u Burusiya.
-
Inkeragutabara zivuga ko bane baguye mu gitero cyo kurasa i Yeruzalemu
8 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkeragutabara zivuga ko byibuze abantu bane bishwe abandi batanu barakomereka mu gitero cy’amasasu cyabereye i Yeruzalemu.
Serivisi ishinzwe ambulance ya Magen David Adom yerekanye ko abapfuye ari umugabo umwe uri mu kigero cy’imyaka 50 n’abagabo batatu bafite imyaka 30. Yongeyeho ko abantu batanu bafite ibikomere by’amasasu bajyanywe mu bitaro byaho, abandi benshi bakomereka ku kirahure kimenetse.
Polisi ya Isiraheli yavuze ko icyo gitero cyabereye ahitwa Ramot Junction - giherereye mu (…) -
AFC/M23 yatunze urutoki u Burundi ku bitero by’indege biri kugabwa ku basivili
1 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ibitero by’indege biri kugabwa ku basivili mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru biri gutegurirwa mu Burundi.
-
RDC yemeje ko indege yayo yarashwe itageze mu kirere cy’u Rwanda
25 January 2023, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yatangaje ko “hafashwe ingamba z’ubwirinzi” ku ndege y’intambara ya Sukhoi-25 ya DR Congo “yavogereye ikirere cy’u Rwanda ku nshuro ya gatatu” saa kumi n’imwe z’umugoroba.
Amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana indege y’intambara ikubitwa n’ikimeze nk’igisasu ariko igakomeza ikaguruka.
Leta ya DRC "yamaganye" ko "ingabo z’u Rwanda" zarashe indege yayo, ivuga ko yariho yururuka igwa ku kibuga cy’indege cya Goma “irimo kugurukira imbere mu gice cya Congo”. (…) -
Etincelles ikwiye kurangarira mugushaka abatoza bashya?
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Etincelles FC iterwa inkunga n’Akarere ka Rubavu, atandukanye na yo kubera ububwayi bwakomeje kumubera ikigeragezo, abasanzwe baba hafi cyane y’iyi kipe, bahamya ko atari igihe cyiza cyo kurangarira mu guhita hashakwa undi nyamara ifite ufite Licence B-CAF, kandi igomba no kurwana mu myanya mibi irimo.
-
Koreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine
30 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine niba ingabo za Koreya ya Ruguru ziyemeje gushyigikira u Burusiya.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru yageze mu Burusiya kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Ukwakira 2024 mu biganiro bibaye mu gihe intambara iki gihugu kirwana na Ukraine yafashe indi ntera.
Ni nyuma kandi y’uko Koreya y’Epfo n’umuryango wa OTAN bitangarije ko ingabo za Koreya ya Ruguru vuba aha zishobora kuzaba zatangiye gufasha iz’u Burusiya. (…) -
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
3 February, by Angeline MUKANGENZIUrugereko rw’ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda mu Bufaransa, rugiye gutangira kuburanisha urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana Claude wajuririye igifungo cy’imyaka 14 yakatiwe nyuma yo guhamywa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ngirinshuti Ezechiel uzwi nka ‘Mpanoyimana’ yafunzwe
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko Ngirinshuti Ezechiel uzwi nka ‘Mpanoyimana’ ku mbuga nkoranyambaga yatawe muri yombi, akurikiranyweho ibyaha byo gusambanya ku gahato no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.
Umuryango.rw
Yategereje imyaka irindwi: Isimbi Model yahishuye ko yabanje kubura urubyaro
Ukraine ishobora kwemera guhara uduce twayo kugira ngo haboneke amahoro
Inkeragutabara zivuga ko bane baguye mu gitero cyo kurasa i Yeruzalemu
AFC/M23 yatunze urutoki u Burundi ku bitero by’indege biri kugabwa ku basivili
RDC yemeje ko indege yayo yarashwe itageze mu kirere cy’u Rwanda
Etincelles ikwiye kurangarira mugushaka abatoza bashya?
Koreya y’Epfo yatangaje ko ishobora gutangira guha intwaro Ukraine
U Bufaransa: Hatangiye urubanza rw’ubujurire bwa Muhayimana wahamijwe ibyaha bya Jenoside
Ngirinshuti Ezechiel uzwi nka ‘Mpanoyimana’ yafunzwe