Ndizeye Ndayisaba Dieudonné uzwi nka Gaston wari kapiteni wa Patriots BBC yerekeje muri MAS Fes yo mu cyiciro cya mbere muri Morocco nyuma yo kugirana na yo amasezerano y’igihe gito.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Basketball: Ndizeye Dieudonné yabonye ikipe nshya muri Morocco
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye u Rwanda rwongereye izindi ngabo muri Mozambike
30 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko u Rwanda rukomeje gushakira umutekano igihugu cya Mozambike ndetse rwongereyeyo izindi ngabo kugira ngo zikurikirane ibyihebe ahantu hose byahungiye.
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango w’irahira ry’Abaminisitiri bashya,Perezida Kagame yemeje ko u Rwanda rwongereye ingabo muri Mozambike.
Ati "Muri Mozambique dufiteyo ingabo n’abapolisi barenga ibihumbi bibiri ndetse bavanze barenga ibihumbi 2500, n’ejo hashize twongereyeyo izindi ngabo.
Twazongereyeyo (…) -
Sudani: Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yasabye abakinnyi umusanzu mu guhagarika intambara
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sudani, James Kwesi Appiah, yasabye abakinnyi kumva ko ari bo bagomba kugira uruhare mu kugarura amahoro mu gihugu binyuze mu kubona itike y’Igikombe cya Afurika n’icy’Isi.
-
Bwa mbere Chorale de Kigali igiye kuyoborwa n’umugore
26 January, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka 60 Chorale de Kigali ishinzwe, yabonye Perezida w’umugore ugiye kuyiyobora mu gihe cy’imyaka ibiri.
-
USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko ateganya gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, kugira ngo ubutegetsi bw’iki gihugu burekure imfungwa za politiki za Amerika.
-
Lt Gen.Muhoozi agiye gusura u Rwanda azanwe n’impamvu itangaje
23 September 2022, by Dusingizimana RemyLt Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko mu minsi mike azagirira uruzinduko mu Rwanda kugira ngo yige byinshi ku bworozi bw’inka.
Muhoozi, ibi yabinyujije mu butumwa yashyize kuri Twitter ye, kuri uyu wa gatanu tariki 23 Nzeri. Avuga ko uru rugendo azarwungukiramo izindi nama zijyanye n’ubworozi.
Lt Gen Muhoozi yagize ati “Nishimiye gutangaza ko vuba aha nzasura data wacu, Nyakubahwa Paul Kagame, kugira ngo nunguke izindi nama (…) -
Kigali yaje ku mwanya wa 2 mu mijyi ikurura abantu muri Afurika
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa 28 Ugushyingo, Kigali yashyizwe ku mwanya wa kabiri mu mijyi yoroshye kubamo no gushoramo imari muri Afurika ku rutonde rwa Africa Report, urubuga rw’itangazamakuru rwo muri Afurika, na Jeune Afrique, ikinyamakuru gisohoka buri cyumweru cy’amakuru y’Igifaransa .
-
Guatemala yashyizeho iminsi 30 y’ibihe bidasanzwe
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Guatemala, Bernardo Arévalo yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe nyuma yuko amatsinda y’abagizi ba nabi yishe abapolisi barindwi mu Mujyi, bagafata bugwate abandi bantu benshi babakuye mu magereza atatu.
-
Byinshi wamenya ku mwami wa ruhago "Pelé"wahitanwe na Kanseri
30 December 2022, by Dusingizimana RemyKizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé kubera ibigwi yagize mu mupira w’amaguru,yahitanwe n’indwara ya Kanseri nyuma y’igihe arembeye mu bitaro Albert Einstein iwabo.
Yabaye umukinnyi w’umunyabigwi ahanini bitewe n’ibitego byinshi yatsinze n’uduhigohigo yisangije. Yatsinze ibitego 1,281 mu mikino 1,363 mu myaka isaga 20 yamaze ari umukinnyi.Harimwo ibitego 77 yatsindiye igihugu cye mu mikino 92.
Yisangije umuhigo wo kuba ari we mukinnyi wenyine ku isi watwaye ibikombe by’Isi (…) -
RDC: Ubwicanyi buherutse kubera muri Gereza ya Makala bwari bwarahururijwe
12 September 2024, by Joseph IradukundaMuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hakomeje kwibazwa ibibazo bijyanye n’ibyabereye muri Gereza Nkuru ya Makala.
Umuryango.rw
Basketball: Ndizeye Dieudonné yabonye ikipe nshya muri Morocco
Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye u Rwanda rwongereye izindi ngabo muri Mozambike
Sudani: Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yasabye abakinnyi umusanzu mu guhagarika intambara
Bwa mbere Chorale de Kigali igiye kuyoborwa n’umugore
USA: Perezida Biden agiye gukura Cuba mu bihugu bitera inkunga iterabwoba
Lt Gen.Muhoozi agiye gusura u Rwanda azanwe n’impamvu itangaje
Kigali yaje ku mwanya wa 2 mu mijyi ikurura abantu muri Afurika
Guatemala yashyizeho iminsi 30 y’ibihe bidasanzwe
Byinshi wamenya ku mwami wa ruhago "Pelé"wahitanwe na Kanseri
RDC: Ubwicanyi buherutse kubera muri Gereza ya Makala bwari bwarahururijwe