Bamwe mu barimu bigisha ku ishuli ribanza rya Kagerero riherereye mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, baravuga ko ngo ubuyobozi bw’iki kigo bufatanyije n’ubw’Umurenge n’Akarere buri kubasaba amafaranga yo gushyigikira amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda nyamara amatora yarabaye muri Kanama uyu mwaka.
Haba Ubuyobozi bw’ir’ishuri ; ubw’Umurenge n’ubw’Akarere burabihakana gusa Umuyobozi w’Akarere bwo bukavuga ko bagiye gukurikirana icyo kibazo.
Ku ishuli ribanza rya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bugesera: Abarimu barigutanga ibihumbi 9 yo gushyigikira amatora ya Perezida mu Rwanda
21 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 21 Ukuboza 2024, nyuma ya saa sita, Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, zafashe agace ka Kamandi-Lac nyuma y’umunsi umwe zifashe Kamandi-Gite.
-
Perezida Biden ategerejwe mu ruzinduko azagirira muri Angola
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUruzinduko rwa Perezida Joe Biden muri Angola urwa mbere umuperezida w’Amerika agiriye muri iki gihugu cyo mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Afurika ruribanda ku mushinga w’iyubakwa ry’umuhanda wa gariyamoshi uzafasha mu gutwara amabuye y’agaciro avanwa rwagati muri uyu mugabane ajyanwa ku cyambu cya Angola kirimo kwaguka.
-
Rutsiro: Babiri bakubiswe n’inkuba umwe arapfa
24 October 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage babiri bo mu Karere ka Rutsiro bakubiswe n’inkuba umwe ahita apfa, undi agwa igihumure ahita ajyanwa mu bitaro.
-
Karongi: Umunyeshuri Yatemye Mwarimu We
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyeshuri wo muri Groupe Scolaire Rubona iri mu Mudugudu wa Muciro, Akagari ka Gisiza, Umurenge wa Rugabano muri Karongi yateze abarimu babiri batashye atemamo umwe.
-
Kenya:Visi Perezida wa Prez.Ruto yegujwe ari mu bitaro
18 October 2024, by Joseph IradukundaAbasenateri ba Kenya bakuye ku butegetsi Visi Perezida Rigathi Gachagua nubwo atabonetse ngo yiregure ku byo yaregwaga nyuma y’uko umunyamategeko we avuze ko yajyanywe mu bitaro.
-
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
6 April 2022, by UbwanditsiPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi bafatiwe mu bikorwa byo kwica bamwe mu baturage bazira ko barenze ku mabwiriza yo kwrinda Covid-19 bagejejwe mu butabera kandi ko bamwe muri bo bamaze gukatirwa n’inkiko.
-
PAC yanenze RSSB gutangira umushinga wo kubaka inzu ziciriritse ukadindira
5 September 2022, by Dusingizimana RemyAbadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC), banenze Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB),kuba yaratangiye umushinga wo kubaka inzu ziciriritse I Batsinda kuva 2016, nyamara ntizuzure.
Izo nzu zari 548 kugeza ubu ngo umushinga ugeze kuri 35% nyamara wagombaga kurangira muri 2020.
Uyu mushinga waje guhindurwa bawugira inzu zihenze kugeza ubu imwe igura byibura Miliyoni 85Frw, abadepite bageze aho babwira (…) -
Ethiopia na Somalia byasubije umubano mu buryo nyuma y’igihe birebana ay’ingwe
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ethiopia na Somaliya byavuguruye umubano ushingiye kuri dipolomasi mu ruzinduko rwa Perezida wa Somaliya, Hassan Sheik Mohamud i Addis Abeba.
-
DRC haravugwa umupolisi wakubiswe na bagenzi be kugera bamwambuye ubuzima
2 April 2025, by Joseph IradukundaAmashusho y’abapolisi benshi barimo gukubita umuntu mu muhanda i Kinshasa yazungurutse henshi ku mbuga nkoranyambaga guhera ku cyumweru yahujwe n’urupfu rw’umupolisi Fiston Kabeya, ariko ibi bishobora kuba ari ibintu bibiri bitandukanye.
Umuryango.rw
Lubero: M23 yafashe Kamandi-Lac nyuma yo gufata Kamandi-Gite
Perezida Biden ategerejwe mu ruzinduko azagirira muri Angola
Rutsiro: Babiri bakubiswe n’inkuba umwe arapfa
Kenya:Visi Perezida wa Prez.Ruto yegujwe ari mu bitaro
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
PAC yanenze RSSB gutangira umushinga wo kubaka inzu ziciriritse ukadindira
Ethiopia na Somalia byasubije umubano mu buryo nyuma y’igihe birebana ay’ingwe
DRC haravugwa umupolisi wakubiswe na bagenzi be kugera bamwambuye ubuzima