Hagiye havugwa ibihuha byinshi ku rukingo rwa Ebola ko rutera abantu uburemba ndetse bigatuma n’abagore batongera kubyara ibintu byamaganwe cyane n’abashinzwe gutanga uru rukingo ku mupaka wa Rubavu uhana imbibi n’umujyi wa Goma muri RDC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abakingira Ebola bavuze ku bihuha bisebya urukingo rwayo n’impamvu bataruha ababyeyi batwite
17 January 2020, by Dusingizimana Remy -
Abanyeshuri batawe muri yombi bazira imyigaragambyo ishyigikiye Palestine
8 May 2025, by Joseph IradukundaAbanyeshuri ba kaminuza ya Columbia iri muri Leta ya New York muri Amerika batawe muri yombi bazira imyigaragambyo yamagana intambara ya Isiraheli muri Palestine.
-
U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda ruri mu bihugu byatoye bishyigikiye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka bubahoza mu makimbirane, buri gihugu kikagira ubwigenge.
-
AFC/M23 yashyizeho amabwiriza abuza abantu kwigarura imitungo ya Leta
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyizeho amabwiriza abuza abantu kwigarurira amasambu n’inzu za Leta mu bice igenzura; mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Teritwari ya Nyiragongo ndetse no mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Sudani: Cholera iravuza ubuhuha, abarenga 172 bapfuye mu cyumweru kimwe
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko iki gihugu cyugarijwe n’indwara ya cholera aho imaze guhitana abantu 172 mu gihe abandi 2,700 bayanduye mu cyumweru kimwe.
-
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zahaye abagore inkunga y’imashini zidoda
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique zashyikirije Koperative y’abagore (Cooperativa Moda do Litoral), imashini 10 zidoda n’ibikoresho byazo mu rwego rwo kubongerera ubushobozi n’ubumenyi bikajyana no kwinjiza amafaranga. Iyi koperative iherereye mu Karere ka Mocímboa da Praia mu Ntara ya Cabo Delgado
-
Indege yakubiswe n’inkuba
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, indege ya sosiyete ya Southwest Airlines yavaga i Tampa muri Leta ya Florida, yerekeza i Denver muri Colorado, yakubiswe n’inkuba mu kirere, ariko ibasha kururuka neza ndetse nta mugenzi wakomeretse.
-
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje abemerewe gutanga serivisi mu madovize
25 June 2025, by ISIMBI EstellaMu ntangiro z’ukwezi kwa Kamena 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje amabwiriza mashya y’imikoreshereze y’amadovize mu gihugu ndetse inashyiraho ibihano ku barenze ku mabwiriza. Kuri ubu, BNR yagaragaje abemerewe gutanga serivisi mu madovize.
-
USA: Perezida Trump yaciye amarenga y’uko Microsoft ishobora kugura TikTok
28 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kiri mu biganiro n’urubuga nkoranyambaga rwa TikTok, ku buryo hari icyizere cy’uko bashobora kumvikana TikTok ikagurwa.
-
Papa Francis yise amaburakindi gutora Trump na Kamala Harris
14 September 2024, by Joseph IradukundaUmushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, ahamya ko nta mwiza uri hagati y’abakandida bashaka kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Kamala Harris.
Umuryango.rw
Abakingira Ebola bavuze ku bihuha bisebya urukingo rwayo n’impamvu bataruha ababyeyi batwite
Abanyeshuri batawe muri yombi bazira imyigaragambyo ishyigikiye Palestine
U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine
AFC/M23 yashyizeho amabwiriza abuza abantu kwigarura imitungo ya Leta
Sudani: Cholera iravuza ubuhuha, abarenga 172 bapfuye mu cyumweru kimwe
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zahaye abagore inkunga y’imashini zidoda
Indege yakubiswe n’inkuba
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje abemerewe gutanga serivisi mu madovize
USA: Perezida Trump yaciye amarenga y’uko Microsoft ishobora kugura TikTok
Papa Francis yise amaburakindi gutora Trump na Kamala Harris