Muyoboke Alex uri mu bamaze igihe kinini mu myidagaduro Nyarwanda yahishuye ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar uri mu banyamakuru bamaze kubaka izina mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu kunga The Ben na Bruce Melodie bavugwaho kutavuga rumwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Muyoboke yahishuye ko Jado Castar yahosheje amakimbirane ya The Ben na Melodie
2 May 2025, by ISIMBI Estella -
Abanyeshuli bize ubuvuzi muri UR basabye ubufasha MINISANTE nyuma yo gukurwa ku rutonde rw’abagomba gukora ibirori bisoza kaminuza
1 November 2019, by Dusingizimana RemyUmwe mu banyeshuli bamaze imyaka 6 biga muri kaminuza y’u Rwanda mu ishami ry’ubuvuzi yandikiye minisitiri w’Ubuzima,Dr Diane Gashumba amusaba ubufasha nyuma yo gukurwa ku rutonde rw’abagomba gukora ibirori byo gusoza kaminuza [graduation] kandi bari bamaze igihe babyitegura.
-
Uganda: Bobi Wine na Gen Mugisha Muntu batanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
24 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi na Gen Muntu Mugisha bashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire zabo aho bagiye guhatana mu matora y’Umukuru w’Igihugu.
-
KLM yahagaritse ingendo zerekeza i Tel Aviv
26 February, by Angeline MUKANGENZISosiyete y’indege yo mu Buholandi, KLM yatangaje ko guhera ku wa 1 Werurwe izahagarika by’agateganyo ingendo zayo hagati ya Amsterdam na Tel Aviv.
-
Koreya y’Epfo: Perezida w’Agateganyo wasimbuye Yoon Suk Yeol nawe yegujwe atamaze kabiri
27 December 2024, by Joseph IradukundaKoreya y’Epfo yeguje uwari Perezida w’Agateganyo, Han Duck-soo, nyuma y’ibyumweru bibiri n’ubundi Inteko Ishinga Amategeko yeguje Yoon Suk Yeol wari Perezida.
-
Perezida Zelensky yutse inabi intumwa ya Trump
16 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yutse inabi Steve Witkoff usanzwe ari intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump, amubwira ko nta burenganzira afite bwo kuganira ku makimbirane ashingiye ku butaka ari hagati ya Ukraine n’u Burusiya.
-
Trump yateye utwatsi ibitero simusiga Israel yiteguraga kugaba kuri Iran
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyifuzo cya Israel cyo kugaba ibitero ku nganda za nucléaire za Iran igamije kuyica intege mu bikorwa byo gucura intwaro za kirimbuzi.
-
Musanze: Inzu yafashwe n’inkongi, ibikoresho byose byarimo birakongoka
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkongi y’umuriro yafashe inzu yacumbitswemo n’umuturage mu Kagari ka Cyabarika, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, ikongora burundu ibikoresho byose byarimo.
-
Umutoza w’Amavubi yasobanuye icyabuze imbere ya Bénin n’impamvu atakinishije Marvin na Anicet
12 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’Ikipe y’Igihugu, Frank Spittler Torsten, yavuze ko amahirwe atari ay’u Rwanda ku mukino rwatsinzwemo na Bénin ibitego 3-0, yongeraho ko impamvu atakinishije Johan Marvin Kury ari uko ataramera neza mu bijyanye n’imbaraga mu gihe Ishimwe Anicet agikeneye kumenya imikinire y’Amavubi.
-
Chancélier w’u Budage yagaragaje ko ashyigikiye guhura kwa Trump na Putin
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuChancélier w’u Budage, Olaf Scholz, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cyo kuba Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yahura na Donald Trump ubura iminsi mike ngo arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuryango.rw
Muyoboke yahishuye ko Jado Castar yahosheje amakimbirane ya The Ben na Melodie
Uganda: Bobi Wine na Gen Mugisha Muntu batanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
KLM yahagaritse ingendo zerekeza i Tel Aviv
Koreya y’Epfo: Perezida w’Agateganyo wasimbuye Yoon Suk Yeol nawe yegujwe atamaze kabiri
Perezida Zelensky yutse inabi intumwa ya Trump
Trump yateye utwatsi ibitero simusiga Israel yiteguraga kugaba kuri Iran
Musanze: Inzu yafashwe n’inkongi, ibikoresho byose byarimo birakongoka
Umutoza w’Amavubi yasobanuye icyabuze imbere ya Bénin n’impamvu atakinishije Marvin na Anicet
Chancélier w’u Budage yagaragaje ko ashyigikiye guhura kwa Trump na Putin