Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirashishikariza u Rwanda na DR Congo kugera ku masezerano y’amahoro azagendana n’amasezerano y’ishoramari rya miliyari z’amadorari mu ishoramari ku mabuye y’agaciro, nk’uko umujyanama mukuru wa Perezida Donald Trump kuri Afurika abivuga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
DR Congo – Rwanda: ’Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari’ - Amerika
2 May 2025, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox
20 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu rwego rwo gukumira ubushita bw’inkende.
-
Ubuso bungana na Hegitari 134 bugiye guhingwamo urumogi mu Rwanda
21 March 2022, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) bwatangarije itangazamakuru ko Leta y’u Rwanda yamaze kugena ubuso bwihariye bungana na hegitari 134 buzahingwaho urumogi ndetse iyo site yatangiye gutegurwa mu buryo bujyanye n’ubuhinzi bwizewe bw’icyo gihingwa.
Mu itangazo yashyize ahagaragara, RDB ivuga ko hamaze kuboneka umubare munini w’ibigo byagaragaje ko bishaka guhinga urumogi mu Rwanda, kurutunganya no kurwohereza mu mahanga.
Iryo tangazo rigira riti: “RDB imaze iminsi ikorana (…) -
M23 yahagaritse imirwano kubera ibikorwa by’ubutabazi
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira ngo babuhabwe.
-
Besigye utavuga rumwe na Museveni biravugwa ko yafunzwe
20 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Kizza Besigye avuga ko uwo mugabo we yashimuswe ndetse ko ubu afungiye muri kasho ya gisirikare.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA
8 April, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN DAMASCENE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Ibihe bitanu umuntu adashobora kwihishira
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbahanga mu mitekerereze bavuga ko kwisobanukirwa ubwabyo atari ikintu cyoroshye mu buzima bw’umuntu, gusa hari ibihe bagaragaza umuntu acamo ntibimukundire ko yigaragaza kwa kundi ahora ashaka ko abandi bamufata, ahubwo akigaragaza mu isura ye ya nyayo mu buryo atagizemo uruhare.
-
Ikibazo si amasezerano , ni ubushake bwa Politiki – Amb Minisitiri Nduhungirehe yavuye imuzi icyadindije ibiganiro by’amahoro
6 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda ,Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo yakomeje gushinja u Rwanda kudashyira mu bikorwa amasezerano nyamara RDC yarabuze ubushake bwa Politiki .
-
Amb.Olivier Nduhungirehe aribaza impamvu ibihuha by’uko u Rwanda rushaka gucamo ibice RDC byongeye kuzamuka babanye neza
8 January 2020, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize Musenyeri mukuru wa Kinshasa, Fridolin Ambongo,yavuze ko ibihugu bituranye n’igihugu cya RDC, birimo U Rwanda, Uganda n’U Burundi bifite umugambi wo gucamo ibice igihugu cye mu burasirazuba bwacyo,ibintu Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda, Oliver Nduhungirihe yamaganye avuga ko bitangaje kuba byongeye kuvuka u Rwanda na RDC byibaniye neza.
-
Dosiye y’abayobozi 14 b’i Nyabihu bakekwaho kunyereza umutungo yagejejwe mu bushinjacyaha
26 October 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangeje ko rwashyikirije Urwego rw’Ubushinjacyaha (NPPA), dosiye y’abayobozi 14 b’Akarere ka Nyabihu bakekwaho kunyereza umutungo.
Umuryango.rw
DR Congo – Rwanda: ’Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari’ - Amerika
U Rwanda rwatangiye gukingira Mpox
Ubuso bungana na Hegitari 134 bugiye guhingwamo urumogi mu Rwanda
M23 yahagaritse imirwano kubera ibikorwa by’ubutabazi
Besigye utavuga rumwe na Museveni biravugwa ko yafunzwe
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA
Ibihe bitanu umuntu adashobora kwihishira
Ikibazo si amasezerano , ni ubushake bwa Politiki – Amb Minisitiri Nduhungirehe yavuye imuzi icyadindije ibiganiro by’amahoro
Dosiye y’abayobozi 14 b’i Nyabihu bakekwaho kunyereza umutungo yagejejwe mu bushinjacyaha