Bugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo agaragare mu gitaramo icyo ari cyo cyose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
24 November 2025, by ISIMBI Estella -
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine.
-
Minisitiri Biruta yatangaje impamvu Uburundi na Tanzania batitabiriye inama ya EAC
15 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Biruta Vincent, yavuze ko u Burundi na Tanzania batangaje impamvu batitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’iburasirazuba (EAC) yabaye tariki ya 12 Gicurasi 2020 yobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
-
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya
4 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi w’umuryango w’Ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi (EU) ,Madamu Ursula von der Leyen , yatangaje ibihano bitatu bigeye gufatirwa igihugu cy’Uburusiya cyatangije intambara muri Ukraine.
-
Kuririmba neza inzoga ya "SKOL PULSE" bizahesha umuhanzi ukizamuka kujya gukorera Nigeria-Ibisabwa
20 August 2022, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga inzoga zisembuye rwa SKOL,rwatangije amarushanwa ku bahanzi batazwi ryo kuririmba indirimbo isingiza ikinyobwa cya "PULSE" ruheruka gushyira hanze hanyuma uzahiga abandi azahabwa amahirwe yo kujya gukorera indirimbo muri Nigeria.
Uru ruganda rwaraye rutangije irushanwa mu bahanzi bakiri hasi n’abatarakora indirimbo yo kuririmba muri Beat bakorewe hanyuma uzahiga abandi akazahabwa amahirwe yo kujya muri Nigeria kuhakorerwa indirimbo.
Ukuriye gahunda yo kwamamaza ikinyobwa (…) -
Dore ibiganiro 5 byubatse izina rya Fatakumavuta mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda
27 January 2025, by ISIMBI EstellaSengabo jean bosco uzwi cyane nka FATAKUMAVUTA , Bosquizo , Ingagi nkuru , nandi mazina menshi ni umwe mu banyamakuru bubatse izina mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda kuva yaryinjiramo nk’umwuga mu mwaka w’I 2015 , fatakumavuta yagiye akora ibiganiro bitandukanye byarushijeho kubaka izina rye bikaba ari nabyo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru.
-
Tanzania: Zabyaye amahari, abayobozi bakuru 13 muri Chadema baregura
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’abayobozi bakuru mu Ishyaka ritavuga n’ubutegetsi rya Chadema beguye ku myanya yabo kubera ubwumvikane buke n’ibyo bita imiyoborere y’ishyaka inyuranyije n’amabwiriza shingiro yaryo.
-
Timaya yageze i Kigali
2 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka Timaya yageze mu Rwanda, aho ategerejwe mu gitaramo kizasoza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’.
-
Indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’ u Rwanda iraswaho
28 December 2022, by Dusingizimana RemyMu masaha yo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu, indege y’intambara ya Congo yinjiye mu kirere cy’u Rwanda, nyuma humvikana amasasu y’imbunda nini bikekwa ko abasirikare bagerageje kuyirasaho.
Ahagana saa 10h46’ Indege ya RC Congo,Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda igera ku kibuga cy’indege cya Rubavu ariko isubizwayo igitaraganya.
Abaturiye hafi y’aho byabereye bavuga ko humvikanye amasasu batazi uruhande avugiyemo.
Uruhande rw’u Rwanda ntacyo ruravuga ku byabaye, gusa no mu kwezi (…) -
Inama y’abaperezida ba EAC yiga ku kibazo cya RDC yitabiriwe bishimishije
20 June 2022, by Dusingizimana RemyAba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC aho Perezida Umwe gusa ariwe utabonetse akaba ari Madamu Samia Suluhu uyobora Tanzania.
Iyi nama yitabiriwe cyane kuko mu ba Perezida 7 iri kuvuga ku mutekano mu Burasirazuba bwa Kongo. Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yahagarariwe na Ambasaderi w’igihugu cye muri Kenya, John Stephen Simbachawene.
Perezida Kagame w’u Rwanda na Felix Tshisekedi wa Kongo Kinshasa bari (…)
Umuryango.rw
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya
Kuririmba neza inzoga ya "SKOL PULSE" bizahesha umuhanzi ukizamuka kujya gukorera Nigeria-Ibisabwa
Dore ibiganiro 5 byubatse izina rya Fatakumavuta mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda
Tanzania: Zabyaye amahari, abayobozi bakuru 13 muri Chadema baregura
Timaya yageze i Kigali
Indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’ u Rwanda iraswaho
Inama y’abaperezida ba EAC yiga ku kibazo cya RDC yitabiriwe bishimishije