Bakundukize Ruth yasezeweho bwa nyuma akaba yarazize uburwayi budasanzwe bwamufashe afite imyaka irindwi gusa, yavutse mu mwaka wa 1981 akaba yitabye Imana aguye ku iseta ubwo abaganga b’inzobere bavuye mu gihugu cy’Ubudage bageragezaga kumubaga igisa n’amabere cyari cyarameze ku kaboko ke k’ibumoso,abaturanyi bavuze ko babuze inshuti y’abana mu gace batuyemo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bakundukize Ruth wishwe n’indwara idasanzwe yashyinguwe abaturanyi bati” Tubuze inshuti y’Abana bacu”
21 November 2019, by Ubwanditsi -
Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko gushushanya Perezida Kagame bikomeza kuba icyaha
24 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ikirenga rwategetse ko ’gusebya’ no gushushanya Perezida w’u Rwanda ,Paul Kagame bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa nyuma y’aho abaregeye urukiko bavuze ko bibangamiye ubwisanzure bw’itangazamakuru.
-
Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye ku Isi yitabye Imana
28 October 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa w’Umwami Umwami Yuhi Musinga wari usigaye ku Isi witwa Speciose Mukabayojo yatabarutse ku myaka 93.
-
Polisi yagize icyo isaba abaturage kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda
12 April 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera,yavuze ko abaturage basabwa gutangira amakuru ku gihe kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda.
Yabwiye RBA ko hafashwe ingamba zo gushakisha aba bajura mu bice byose by’igihugu kuko nta mwanya bafite mu Rwanda ndetse ngo mu minsi mike iki kibazo kiraza gukemuka.
Ati “Abaturage turabahumuriza kuko Polisi irahari, icyo polisi ikeneye ni amakuru y’ibiri kuba. Icya kabiri ni uko ingamba twazifashe ku buryo abapolisi bagenda (…) -
Nyabihu: Abashumba batemanye, umwe arapfa
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbashumba bo mu Karere ka Nyabihu batemanye biviramo umwe urupfu, batanu barafungwa.
-
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
3 August 2025, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo babiri bo mu Karere ka Rutsiro bakekwaho kwica Rukeratabaro Balthasar w’imyaka 48 bakamuta ku nzira, isaba abaturage kwirinda ubusinzi.
-
Miss Mwiseneza Josiane yiswe Ingagi bibabaza cyane Depite Habineza Frank bimwibutsa umukobwa nawe wigeze kubimwita[AMAFOTO]
7 February 2019, by Martin MunezeroDepite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi babo.
-
Habonetse abantu 41 banduye Coronavirus I Rusizi mu munsi umwe
14 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 14 Kamena 2020,habonetse abarwayi bashya ba Coronavirus 41. Abamaze kwandura iyi ndwara kuva yagera mu Rwanda babaye 582.
-
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya Europa League igiye gukinwa mu matsinda
20 October 2020, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukwakira 2020,imikino y’amatsinda ya UEFA Europa League iratangira gukinwa ndetse Startimes yiyemeje kudabagiza abakiriya bayo bakunda umupira w’amaguru.
-
Myanmar: Uwahiritse ubutegetsi yatorewe kuba Perezida
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Myanmar yatangaje ko Gen Min Aung Hlaing wahiritse ubutegetsi bwa Aung San Suu Kyi mu mwaka wa 2021, ari we watowe nka Perezida w’icyo gihugu atsinze ku majwi 429 kuri 584 by’abatoye bose muri iyo Nteko.
Umuryango.rw
Bakundukize Ruth wishwe n’indwara idasanzwe yashyinguwe abaturanyi bati” Tubuze inshuti y’Abana bacu”
Umwana w’Umwami Musinga wari usigaye ku Isi yitabye Imana
Polisi yagize icyo isaba abaturage kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda
Nyabihu: Abashumba batemanye, umwe arapfa
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
Myanmar: Uwahiritse ubutegetsi yatorewe kuba Perezida