Ubwami bw’u Bwongereza bushobora guhabwa kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035 nyuma y’uko kuri uyu wa Kane, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yavuze ko ari cyo gihugu cyatanzwe ubusabe bwujuje ibisabwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
11 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yasabye ko habaho agahenge muri Ukraine, kageza ku biganiro no ku mahoro.
-
Polisi y’u Rwanda yaburiye abarwaye Covid-19 banduza abandi ku bushake
29 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu barwariye Covid-19 mu rugo bakanga kwishyira mu kato bakanduza abandi,abazajya bafatwa bazajya bagezwa imbere y’ubutabera.
-
Bwa mbere mu mateka umugore wa Perezida wa Amerika agiye kuyobora akanama gashinzwe amahoro ka Loni
27 February, by Angeline MUKANGENZIMelania Trump agiye kuba umukuru inama y’akanama gashinzwe amahoro ku isi ka Loni akazaba yanditse amateka akomeye atarigeze akorwa n’undi mugore wa perezida wa Amerika, nk’uko umuvugizi w’Umuryango w’Abibumbye (Loni), Stephane Dujarric, yabitangarije abanyamakuru.
-
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuZeo Trap yagaragaje ko yashyize akadomo ku ntambara y’ubutuita ye n’abahanzi bagenzi be, nyuma y’iyo yagiranye na Ish Kevin ikaza no gutuma ahamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB].
-
Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya Dalfa Umurinzi n’umunyamakuru wa Umubavu TV, Nsengimana Théoneste, na Ingabire Victoire Umuhoza baregwa ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi buriho no guteza imvururu muri rubanda.
-
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
13 May 2020, by Dusingizimana RemyAbaturage bo mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu batangaje ko inzara ibamereye nabi kuko ngo aho guhabwa ubufasha bw’ibyokurya n’ubuyobozi ahubwo bahawe udupfukamunwa.
-
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
18 May 2025, by Joseph IradukundaIshami rya ONU rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) rivuga ko abantu barenga 10,000 bahunze ingo zabo mu bihe bya vuba muri Teritwari ya Rutshuru y’intara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo kubera imirwano y’imitwe yitwaje intwaro, imirwano ikomeje no muri izi mpera z’icyumweru.
-
TikTok igiye kwiregura mu rubanza ruzagena ahazaza hayo muri Amerika
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrubuga nkoranyambaga rwa TikTok ruri kwiregura imbere y’Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kuburizamo umugambi wo kuyihagarika utegerejwe ku itariki ya 19 Mutarama, mu gihe cyose Urukiko Rukuru rwashyigikira imyanzuro yafashwe n’izindi nkiko.
-
Thailand: Thaksin Shinawatra wahoze ari Minisitiri w’Intebe yahunze
5 September 2025, by ISIMBI EstellaUwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Thailand, Thaksin Shinawatra, yahunze igihugu ku wa 4 Nzeri 2025 mbere y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwemeza niba agomba gufungwa.
Umuryango.rw
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
Zeotrap yavuze icyashyize iherezo ku ntambara y’ubutita hagati ye na Ish Kevin
Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025
Nyabihu: Abagizweho ingaruka n’ibiza barinubira ko bahawe udupfukamunwa mbere y’ibyokurya
Rutshuru: Imirwano irakomeje hagati ya M23 na Wazalendo
TikTok igiye kwiregura mu rubanza ruzagena ahazaza hayo muri Amerika
Thailand: Thaksin Shinawatra wahoze ari Minisitiri w’Intebe yahunze