Kithure Kindiki wari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, yagizwe Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, yemeje kuwa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, ko agomba kwegura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Kithure Kindiki wagizwe Visi Perezida mushya
18 October 2024, by Joseph Iradukunda -
RDC yishimiye ibihano byafatiwe RDF n’abajenerali bane
3 March, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yishimiye ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru.
-
U Bushinwa bugiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa mbere runini ku Isi
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Bushinwa yemeje umushinga wo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzashyirwa ku mugezi wa Yarlung Zangbo rukazaba ari rwo runini rwa mbere ku Isi, kuko ruzajya rutanga umuriro w’amashanyarazi ungana na kilowatts miliyari 300 ku mwaka.
-
Travis Scott yajyanywe mu nkiko
20 February 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Jacques Webster II uzwi nka Travis Scott yajyanwe mu nkiko n’umugabo umushinja we n’itsinda rimucungira umutekano kumukubita no kumukomeretsa.
-
OTAN yitegura kurasana n’u Burusiya,haraza gucura iki?
30 April 2022, by Joseph IradukundaIngabo za Ukraine zirimo gukiza amagara yazo mu gihe OTAN yitegura kurasana n’u Burusiya
-
M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 16 Ukuboza wemeje ko wigaruriye utundi duce two muri Teritwari ya Lubero, nyuma yo kutwambura ihuriro ry’Ingabo za Leta ya RDC.
-
Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi w’Umuganura
1 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi Mukuru w’Umuganura kubera uruhare wagize mu kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda.
-
Urusengero rwa ADEPR Nyarugenge rwafunzwe [VIDEO]
8 March 2018, by Nsanzimana ErnestUru rusengero rwafunzwe buri kwezi rwinjiza arenga miliyoni 3 avuye mu maturo n’ icyacumi
Ubuyobozi bw’ Umurenge wa Nyarugenge bwafunze urusengero rwa ADEPR Nyarugenge ruherere mu Gakingiro kuko ruri muzitujuje ibiswa.
Ni muri gahunda ikomeje gufunga insengero zitujuje ibisabwa yatangiriye mu mugi wa Kigali igakomereza mu ntara. Kuri uyu wa 8 Werurwe 2018 nibwo ubuyobozi bwafunze uru rusengero.
ADEPR Nyarugenge ibarizwamo korali Hoziyana imwe mu makorali akomeye mu Rwanda aho indirimbo (…) -
Bad Rama yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel nk’umujura
30 March, by ISIMBI EstellaBad Rama uherutse kwibasira u Rwanda yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
RDF yabeshyuze inkuru ishinja ingabo zayo ziri muri MINUSCA gufata abagore ku ngufu
17 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyanyomoje inkuru ishinja ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) gufata abagore bo muri kiriya gihugu ku ngufu.
Umuryango.rw
Kenya: Kithure Kindiki wagizwe Visi Perezida mushya
U Bushinwa bugiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa mbere runini ku Isi
Travis Scott yajyanywe mu nkiko
OTAN yitegura kurasana n’u Burusiya,haraza gucura iki?
M23 yabyinnye intsinzi nyuma yo gusatira imijyi ya Lubero na Butembo
Minisitiri Habimana yasabye Abanyarwanda gukomera ku Munsi w’Umuganura
Bad Rama yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel nk’umujura
RDF yabeshyuze inkuru ishinja ingabo zayo ziri muri MINUSCA gufata abagore ku ngufu