The Ben yasabye imbabazi Abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu 2010.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
The Ben yahishuye impamvu yafashe icyemezo cyo gutorokera muri Amerika
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
UNICEF yiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe bya COVID -19
15 April 2020, by Dusingizimana RemyIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana,UNICEF,ryatangaje ko rizakomeza gukorana na Leta y’u Rwanda muri gahunda zitandukanye zirimo gufasha abana gukomeza kwiga muri ibi bihe amashuri afunze kubera koronavirusi no gukomeza gukangurira abaturage kugira isuku mu rwego rwo gukomeza kurwanya icyo cyorezo.
-
Minisitiri Murangwa yashyize umucyo ku cyahagaritse kubaka imihanda igirwamo uruhare n’abaturage
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yussuf, yavuze ko gahunda yo kubaka imihanda ya kaburimbo Umujyi wa Kigali wafatanyaga n’abaturage yahagaze kuko hagaragayemo byinshi bitanoze ubu bikiri kunozwa kugira ngo izakomeze.
-
Perezida Trump na Zelenskyy wa Ukraine bateranye amagambo rubura gica
1 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira ngo intambara iri mu gihugu cye irangire.
-
Umunya-Canada yapfiriye muri Kenya nyuma yo kumara ijoro yikinisha
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Canada witwa Gregory John Kilgour, w’imyaka 66 yasanzwe yapfuye mu cyumba cye giherereye i Shanzu, Mombasa muri Kenya mu gitondo cyo ku wa Mbere.
-
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
2 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe.
-
Umujyanama wa Trump yasabye Ukraine guhindura intekerezo mu ntambara n’Uburusiya
10 November 2024, by Joseph IradukundaBryan Lanza, Umujyanama wa Perezida, Donald Trump, yavuze ko Ukraine ikwiye kugira intego nyayo mu ntambara iyihuza n’u Burusiya kandi igomba kwakira ko agace ka Crimea u Burusiya bwigaruriye itazagasubizwa.
-
Trump ntiyumva uburyo Zelenskyy atarasoma umushinga w’amahoro wa Ukraine
8 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yababajwe na mugenzi we uyobora Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, kuko atarasoma inyandiko y’umushinga w’amasezerano y’amahoro.
-
Umunya-Sudani y’Epfo yatoranyijwe, Mavericks itwara uwa mbere muri ‘NBA drafts’
26 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Sudani y’Epfo wakuriye muri Uganda, Khaman Maluach yatoranyijwe na Houston Rockets akomereza muri Phoenix Suns, Dallas Mavericks itwara nimero ya mbere, Cooper Flagg muri ‘NBA drafts’ za 2025.
-
Burundi: Haravugwa inkubiri yo kwishyuza umusanzu w’ishyaka CNDD-FDD ku ngufu
29 August 2024, by Joseph IradukundaAbaturage bo mu ntara ya Kayanza iri mu majyaruguru y’u Burundi ntibatekanye nyuma y’uko bakomeje guhatirwa gutanga umusanzu mu gikorwa cyo gukusanya inkunga y’ishyaka CNDD-FDD rya Perezida Evaliste Ndayishimiye.
Umuryango.rw
The Ben yahishuye impamvu yafashe icyemezo cyo gutorokera muri Amerika
Minisitiri Murangwa yashyize umucyo ku cyahagaritse kubaka imihanda igirwamo uruhare n’abaturage
Perezida Trump na Zelenskyy wa Ukraine bateranye amagambo rubura gica
Umunya-Canada yapfiriye muri Kenya nyuma yo kumara ijoro yikinisha
Trump yirukanye umuyobozi amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe
Umujyanama wa Trump yasabye Ukraine guhindura intekerezo mu ntambara n’Uburusiya
Trump ntiyumva uburyo Zelenskyy atarasoma umushinga w’amahoro wa Ukraine
Umunya-Sudani y’Epfo yatoranyijwe, Mavericks itwara uwa mbere muri ‘NBA drafts’
Burundi: Haravugwa inkubiri yo kwishyuza umusanzu w’ishyaka CNDD-FDD ku ngufu