Konti ya Kanye West ‘Ye’ ku rubuga nkoranyambaga X, yafunzwe nyuma y’ubutumwa uyu muraperi amaze iminsi anyuzaho bunyuranyije n’amategeko y’uru rubuga ruri mu zikoreshwa cyane ku Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Konti ya Kanye West kuri X yafunzwe
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo
22 July 2025, by Joseph IradukundaMukantaganzwa Domitilla uyobora Urukiko rw’Ikirenga asaba abacamanza ‘bose’ guhuza imitekerereze mu gusesengura imanza no kuzandika neza, akabibutsa ko bigira uruhare mu gutanga ubutabera bunoze.
-
DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
11 July 2025, by ISIMBI EstellaHashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi bitwaje intwaro n’amasasu byinshi.
-
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku ndwara zitandura, izabera bwa mbere muri Afurika
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta irwanya indwara zitandura mu Rwanda, NCD Alliance bwatangaje ko ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ihuza amahuriro yose yo ku Isi izabera mu Rwanda muri Gashyantare 2025.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Abasirikare bagera ku 1000 barwanira ku butaka basoje amahugurwa yarimo imyitozo ikaze
25 November 2021, by Dusingizimana RemyUyu munsi, abasirikare hafi 1000 ba RDF barimo ba ofisiye bato n’abandi bafite andi mapeti basoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru,Advanced Infantry Training (AIT), agenewe ingabo zirwanira ku butaka.
Ni amahugurwa yari amaze amezi 6, yaberaga mu Ishuri rya Gisirikare i Nasho,mu Karere ka Kirehe.
AIT yashizweho kugira ngo yongere ubumenyi bw’abasirikare basanzwe kugirango babashe kwitwara neza mu gihe basohoza ubutumwa bwa RDF.
Umuhango wo gutanga impamyabumenyi wari uyobowe n’umugaba (…) -
Abanyekongo bakeneye amahoro, amashuri, amavuriro ntibakeneye amabombe – Guverineri Willy Manzi
2 October 2025, by ISIMBI EstellaVisi-Guverineri ushinzwe ibijyanye na politiki, ubuyobozi, n’amategeko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Manzi Ngarambe Willy, yatangaje ko ibyo Abanyekongo bakeneye kuruta uko bakeneye amabombe akomeje kuraswa na dorone mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
-
Abishyura umusoro ku mutungo itariki ntarengwa yegereje, MD Group ibakorera igenagaciro ryihuse
29 January 2020, by UbwanditsiAbakeneye servisi z’igenagaciro (Expertise/property valuation) bose mu Rwanda zifashishwa mu kwishyura imisoro baributswa ko tariki ntarengwa yo kuba bishyuye umusoro ku mitungo itimukanwa ari 29/2/2020; Multi Design Group Ltd company imaze kubaka izina mu gutanga iyi service y’igenagaciro n’izindi nyinshi zitandukanye mu buryo bwiza kandi bwihuse ikaba yibutsa abacyeneye gukoresha igenagaciro bose kubagana bagahabwa serivise nziza, yihuse kandi inoze.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira i Luanda
4 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, bateganya guhurira i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024.
-
Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wari Perezida, yifungiraniye iwe ngo adatabwa muri yombi
3 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuYoon Suk Yeol uherutse kweguzwa ku mwanya wa Perezida wa Koreya y’Epfo, amaze iminsi itatu adasohoka iwe mu rugo kubera gutinya ibindi byemezo yafatirwa birimo no gutabwa muri yombi, kuko impapuro zibisaba zamaze gushyirwaho.
-
Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmubyigano wabereye mu mukino w’umupira w’amaguru muri Guinea wahitanye ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abafana bagerageza gusohoka muri sitade yuzuye abantu.
Umuryango.rw
Konti ya Kanye West kuri X yafunzwe
Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo
DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga ku ndwara zitandura, izabera bwa mbere muri Afurika
IFOTO Y’UMUNSI: Abasirikare bagera ku 1000 barwanira ku butaka basoje amahugurwa yarimo imyitozo ikaze
Abanyekongo bakeneye amahoro, amashuri, amavuriro ntibakeneye amabombe – Guverineri Willy Manzi
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira i Luanda
Koreya y’Epfo: Yoon Suk Yeol wari Perezida, yifungiraniye iwe ngo adatabwa muri yombi
Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya