Umwe mu bakozi bakuru b’Ishami rya ONU ryita ku mpunzi zo muri Palestina, UNRWA, yatangaje ko guhagarika ibikorwa by’iryo shami bizateza icyuho kinini mu kazi bakoraga ko kugeza ibikorwa by’ubutabazi ku batuye intara ya Gaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Isiraheri Yahagaritse Ibikorwa by’Ishami rya ONU Ryita Ku Mpunzi zo muri Palestina
29 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, (Meteo Rwanda), cyateguje ko hagati ya tariki 17 na 21 Ukwakira 2024 hazagwa imvura nyinshi mu bice bitandukanye by’Igihugu.
-
RDC: Hari amakuru avuga ko Franck Diongo udacana uwaka na Tshisekedi yaba ari i Kigali
24 October 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko depite akanaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Franck Diongo yaba ari i Kigali kuva ku Cyumweru gishize.
-
Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza
29 September 2025, by ISIMBI EstellaMukarishiri Damarisi na Nyirangirimana Patricie batawe muri yombi nyuma yo gutahura ko bitwagaza kwinjira mu ngo basabiriza bagasiga bazicucuye mu Karere ka Rusizi.
-
Trump yashyizeho ‘Tsar w’imipaka’ warahiye gukumira abimukira no kubasubiza iwabo
11 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida watowe Donald Trump yashyizeho Tom Homan nk’ushinzwe imipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu butegetsi bwe bugiye kujyaho.
-
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia
18 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatambukije ubutumwa bufata mu mugongo Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Dr. Abiy Ahmed, nyuma y’urupfu rwa se umubyara rwabaye ejo ku wa mbere.
-
Hategujwe ko hari ibice bigiye kuzaburamo umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda
9 February, by Angeline MUKANGENZISosiyete y’Igihugu ishinzwe Ingufu REG, yagaragaje ibice bizagaragaramo ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bihe bitandukanye hagati ya tariki 09 n’iya 17 Gashyantare, ubwo hazaba hari gukorwa ibikorwa byo kwagura no gusana imiyoboro yayo.
-
RDC nayo yashinje u Rwanda kuyiteraho ibibombe 10 bikomeye
11 June 2022, by Dusingizimana RemyMu mirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC n’iumutwe wa M23 yongeye gutangira mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu mu gace ka Rutshuru,igisirikare cya RDC cyitwa FARDC cyashinje u Rwanda gutera ku butaka bwa RDC ibisasu 10 byasenye ishuri ndetse ngo bigahitana abantu 2.
Mu gihe iyi mirwano ikomeje guhindura isura,ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu itangazo zashyize hanze,zavuze ko ingabo z’u Rwanda zarashe ibisasu icumi ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. (…) -
Mozambique: Uwatsinzwe amatora ntabyemere agahunga yiyemeje gutaha
6 January 2025, by Joseph IradukundaMuri videwo yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, uwo munyapotiki utavuga rumwe na Leta muri Mozambique, wakomeje kuyobora imyigaragambyo yamagana ibyavuye mu matora yibereye mu buhungiro mu mahanga, yakomeje kuvuga ko atemera na gato intsinzi y’umukandida w’ishyaka FRELIMO riri ku butegetsi.
-
Paris: Umuhango wo kongera gufungura Kiliziya ya Notre-Dame uzitabirwa n’abaperezida 50
5 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump, Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje ko azajya mu mihango yo gufungura Kiliziya yitwa “Notre-Dame” y’i Paris mu Bufaransa izaba mu mpera z’iki cyumweru .
Umuryango.rw
Isiraheri Yahagaritse Ibikorwa by’Ishami rya ONU Ryita Ku Mpunzi zo muri Palestina
Abanyarwanda bategujwe imvura nyinshi mu minsi 4
RDC: Hari amakuru avuga ko Franck Diongo udacana uwaka na Tshisekedi yaba ari i Kigali
Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza
Trump yashyizeho ‘Tsar w’imipaka’ warahiye gukumira abimukira no kubasubiza iwabo
RDC nayo yashinje u Rwanda kuyiteraho ibibombe 10 bikomeye
Mozambique: Uwatsinzwe amatora ntabyemere agahunga yiyemeje gutaha
Paris: Umuhango wo kongera gufungura Kiliziya ya Notre-Dame uzitabirwa n’abaperezida 50