Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gufata umwanzuro w’uko nta mukinnyi uturutse hanze bazongera kuzana ngo bahite bamusinyisha ahubwo azajya abanza gukoreshwa isuzuma hanyuma abafana akaba aribo bahitamo ukwiriye guhabwa amasezerano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye ku bijyanye no kugura abakinnyi baturutse hanze
9 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Kigali: Umwe mu bagaragaye batema umuturage yafashwe
12 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore umwe muri batatu bagaragaye mu mashusho batema umuturage mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakoresheje umuhoro.
-
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
18 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko bagomba kubahiriza amasezerano ya Vienne yo mu 1961 agena ibyo abadipolomate bagomba kwitwararikaho mu bihugu barimo.
-
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
26 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha, yatangaje ko hari Abanyafurika 1700 bari kurwanira u Burusiya mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
-
AZAM FC yashese akayabo k’ibihumbi 350$ ku banya-Ghana bakinira APR na Police fc
4 October 2024, by Joseph IradukundaAZAM FC yo muri Tanzania yemeye gutanga ibihumbi 350$ ngo ibone umukinnyi wo hagati wa APR FC, Seidu Dauda Yussif ndetse na myugariro wa Police FC, Issah Yakubu.
-
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
15 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yahamije ko ingabo z’igihugu cyabo zitari gutsindwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Angola yinjiye byeruye mu ntambara yo muri RDC
24 February, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Angola kirwanira mu kirere giherutse kohereza mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare bo kurwanya ihuriro AFC/M23 n’umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Komine ya Minembwe.
-
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunya-Uganda Dr. Jose Chameleone wamamaye mu muziki muri Afurika y’Iburasirazuba no hanze yayo mu myaka isaga 25 ishize, yakoreye igitaramo cy’amateka mu Mujyi wa Kigali yahuriyemo n’abarimo umuvandimwe we Weasel ndetse na Rafiki Coga Style na we umaze igihe kinini ari umwe mu bahanzi b’abanyabigwi.
-
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
3 August 2025, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo babiri bo mu Karere ka Rutsiro bakekwaho kwica Rukeratabaro Balthasar w’imyaka 48 bakamuta ku nzira, isaba abaturage kwirinda ubusinzi.
-
Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza, ibyerekezo (lignes) 24 bikoreramo imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, bizongerwa mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo umugenzi yakoze
Umuryango.rw
Kigali: Umwe mu bagaragaye batema umuturage yafashwe
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
AZAM FC yashese akayabo k’ibihumbi 350$ ku banya-Ghana bakinira APR na Police fc
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
Angola yinjiye byeruye mu ntambara yo muri RDC
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo