Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa igamije kongera ishoramari n’ubucuruzi ari akaga gakomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa
30 January, by Angeline MUKANGENZI -
Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania batabaje Perezida Ruto
1 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanya-Kenya bakorera muri Tanzania baratabaza Perezida wa Kenya, William Ruto, ngo agire icyo akora nyuma yuko iki gihugu gishyizeho amabwiriza akumira abanyamahanga bakora ubucuruzi buto n’ubuciritse.
-
Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth ari mu Rwanda kureba aho imyitegura ya CHOGM igeze
11 March 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Werurwe 2021, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), Patricia Scotland yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta bareba aho imyiteguro ya CHOGM igeze.
-
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKambogo Ildephonse wari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rubavu uheruka kweguzwa Njyanama y’Akarere azira kutuzuza inshingano ze ahanini zijyanye no kurengera abaturage yasabye imbabazi nyuma yo kwemera ibyo yakoze.
Ku ya 6 Gicurasi nibwo inama idasanzwe y’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yafashe iki cyemezo cyo kweguza Kambogo Ildephonse ku mirimo ye , nyuma imicungire y’ibi biza byasenyeye abaturage ndetse abandi bikabavutsa ubuzima.
Kambogo Ildephonse kuri ubu (…) -
Inkingo za mbere za Covid-19 ziragera mu Rwanda hagati muri uku kwezi
2 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr.Daniel Ngamije,yatangaje ko inkingo za mbere za COVID-19 biteganyijwe ko zizagera mu Rwanda hagati muri uku kwezi kwa Gashyantare 2021.
-
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira inganya na Al Hilal yo muri Arabia Saudite.
-
Uko abacanshuro ba Erik Prince bifashishijwe mu kugerageza gukura AFC/M23 mu Mujyi wa Uvira
11 February, by ISIMBI EstellaUmunyamerika Erik Prince washinze umutwe w’igisirikare cyigenga wa Black Water yohereje abacanshuro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo bafashe ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwisubiza Umujyi wa Uvira wari wafashwe n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.
-
Koreya y’Epfo:A bakozi ba Hyundai biyemeje gufatanya n’imbaga iri kwigaragambya ngo yeguze Perezida
4 December 2024, by Joseph IradukundaIhuriro ry’abakozi b’uruganda rwo muri Koreya y’Epfo rukora imodoka, Hyundai Group ryatangaje ko abarigize bazahurira mu myigaragambyo igamije kweguza Perezida w’iki gihugu, Yoon Suk Yeol.
-
Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo
13 December 2025, by ISIMBI EstellaNgoboka Joël utuye mu Mudugudu wa Makambi, Akagari ka Karenge,Umurenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi ubwo yari abyutse saa kumi n’imwe n’igice za mugitondo, agiye kwahira ubwatsi bw’amatungo, yatunguwe no kugera mu cyumba cy’uruganiriro (salon) asanga inzu abajura bayitoboye bamwibye televiziyo n’ibikoresho byayo.
-
Syria: Inyeshyamba zafashe undi mujyi ukomeye
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInyeshyamba zafashe umujyi wa Hama uherereye mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Syria, nyuma yo kwirukanamo ingabo za Leta zahise zijya gushinga ibirindiro hanze y’umujyi.
Umuryango.rw
Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa
Abanya-Kenya bakorera muri Tanzania batabaje Perezida Ruto
Meya wa Rubavu uheruka kweguzwa ku mirimo yasabye Imbazi
Inkingo za mbere za Covid-19 ziragera mu Rwanda hagati muri uku kwezi
Real Madrid yatangiye igikombe cy’Isi cy’ama-Club icumbagira
Uko abacanshuro ba Erik Prince bifashishijwe mu kugerageza gukura AFC/M23 mu Mujyi wa Uvira
Koreya y’Epfo:A bakozi ba Hyundai biyemeje gufatanya n’imbaga iri kwigaragambya ngo yeguze Perezida
Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo
Syria: Inyeshyamba zafashe undi mujyi ukomeye