Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara zikomeye zigakira burundu. Kuri ubu yafunguye amarembo mu Rwanda ndetse yizera ko abantu nibamugana azabagaragariza ko ibyo kuvura avuga atari amagambo gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka
2 March 2019 -
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmugizi wa nabi wari witwaje intwaro yagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Dreierschützengasse riherereye mu mujyi wa Graz uri mu ntera y’ibilometero 200 uvuye mu murwa mukuru, Vienna, yica abagera ku 10.
-
Habonetse abantu 4 bashya banduye coronavirus mu Rwanda....Hakize abandi 4
3 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima yatangaje ko kuri uyu munsi tariki ya 03 Gicurasi 2020,mu Rwanda habonetse abantu 4 bashya bagaragaweho ubwandu bwa Coronavirus. Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda bageze kuri 259. Uyu munsi kandi hanakize abantu 4 bityo abamaze gukira baba 124. Abakirwaye ni 135.
MINISANTE yavuze ko ubwandu bwiyongereye cyane muri iyi minsi bwaturutse ku batwara amakamyo yambukiranya imipaka n’abo bakorana.
Abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe kandi bari koroherwa nkuko (…) -
Gaetz yateye utwatsi Trump washakaga kumugira Intumwa Nkuru ya Leta muri Guverinoma ye
22 November 2024, by Joseph IradukundaMatt Gaetz wari washyizweho na Perezida Donald Trump ngo abe Intumwa Nkuru ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yanze uwo mwanya.
-
Umunyarwanda uba mu ngabo za USA zirwanira mu kirere yabaye Lieutenant
24 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyarwanda Jason Havuga Nshimye usanzwe ari umusirikare mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere, yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Lieutenant.
-
Zari yahaye gasopo abashidikanya ku bana yabyaranye na Diamond
12 August 2025, by ISIMBI EstellaZari yashimangiye ko abana yabyaranye na Diamond ari ab’uyu mugabo mu buryo budashidikanywaho, nyuma y’uko hari abaketse ko ari we watunzwe urutoki, ubwo uyu muhanzi yavugaga ko hari abana arera ariko atazi neza niba ari abana be.
-
KEZA Delight yasabye guhindura amazina akitwa KEZA MUGABO DELIGHT
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa KEZA Delight yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KEZA MUGABO DELIGHT mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Sobanukirwa impamvu icyamamare Danny Trejo ( MACHETE) akina filime ari umugome ariko bikarangira apfuye muri filime
16 May 2025, by Gladiator OGNiba uri umukunzi wa Filime cyane cyane izirwana (Action Movies) uyu mugabo si inshuro ya mbere umubonye ndetse waramukunze muri filime zitandukanye yagukiniye zirimo : Desperado, From Dusk Till Dawn, Spy Kids , n’izindi nyinshi cyane. Gusa nubwo akunze gukina filime agaragara nk’umugabo w’umugome birangira muri izi filime yishwe ese ni ukuberiki? kuberiki Danny Trejo ahora akina filime muri ubwo buryo.
-
Ntabwo gutanga buruse bizongera gushingirwa ku byiciro by’ubudehe-Minisitiri w’Intebe
20 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe,Dr.Eduard Ngirente yatangarije mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 17 muri Kigali Convention Center ko Buruse itazongera gutangwa hagendewe ku byiciro by’Ubudehe ahubwo hazajya harebwa amanota umunyeshuli yagize.
-
FARDC iravugwaho kwitiranya Wazalendo na FDLR mu rugamba bigoye gusobanura
27 September 2024, by Joseph IradukundaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, kuri uyu wa 26 Nzeri 2024 zivugwaho kwitiranya FDLR n’umutwe APCLS (Alliance des Patriotes pour un Congo Libre et Souverain) uri mu ihuriro Wazalendo mu rugamba rushya rurimo urujijo rwinshi.
Umuryango.rw
Dr Murugu yafunguye amarembo mu Rwanda, arasaba kumwizera ubundi amibe igahinduka amateka
Autriche: Umunyeshuri yarashe bagenzi be na we ariyahura
Gaetz yateye utwatsi Trump washakaga kumugira Intumwa Nkuru ya Leta muri Guverinoma ye
Umunyarwanda uba mu ngabo za USA zirwanira mu kirere yabaye Lieutenant
Zari yahaye gasopo abashidikanya ku bana yabyaranye na Diamond
KEZA Delight yasabye guhindura amazina akitwa KEZA MUGABO DELIGHT
Sobanukirwa impamvu icyamamare Danny Trejo ( MACHETE) akina filime ari umugome ariko bikarangira apfuye muri filime
FARDC iravugwaho kwitiranya Wazalendo na FDLR mu rugamba bigoye gusobanura