Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Carlson Tucker, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze filime mbarankuru igaruka ku bitaravuzwe ku gitero cy’iterabwoba igihugu cye cyagabweho n’umutwe wa Al-Qaeda, ku wa 11 Nzeri mu 2001.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Yihaye intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri ’Premier League’
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukobwa w’umunyamideli ukomoka muri Suède, Elda Thora, uheruka kwiha intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri Premier League, yatangaje ko amaze kubigeraho ku bakinnyi batatu ndetse asigaje 17.
-
Umupfumu yongeye agira icyo avuga ku byo yaraguriye Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
7 January 2019, by Martin MunezeroUmupfumu Rutangarwamaboko akomeje kugaragaza ko indagu ze ziganisha Mwiseneza Josiane kuzaba Nyampinga w’u Rwanda wa 2019, agendeye ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragara kuri uyu mukobwa harimo no kugira ubwiza karemano.
-
Ntibyumvikana ukuntu imbangukiragutabara ikora nta bwishingi- Sen. Uwizeyimana
8 October 2025, by ISIMBI EstellaSenateri Uwizeyimana Evode yagaragarije Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe zifite igihugu akamaro (RURA) impungege za zimwe mu modoka zirimo iza Leta, by’umwihariko imbangukiragutabara zisanzwe ari ibinyabiziga ntakumirwa zikora zidafite ubwishingizi.
-
Police yeretse Rayon ko yabyinnye mbere y’umuziki iyisezerera mu gikombe cy’Intwarimuri
29 January 2025, by Joseph IradukundaMu mukino wa ½ w’irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka, ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1, iyiha ubutumwa ko ruhago idakinirwa mu magambo nyuma y’uko Umuvugizi wa yo yari yemeje ko nta kizababuza kugera ku mukino wea nyuma.
-
Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa agahenge.
-
Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw
1 October 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye abahinzi n’aborozi kwitegura gukorana neza n’Ikigo cy’ubuhinzi n’ubworozi kiri kubakwa mu Murenge wa Kinazi kigamije guteza imbere uru rwego, kuko kizakenera umusaruro wabo na bo bikazababyarira inyungu.
-
Uburusiya bwatangaje batatu bacyekwaho kurasa Lt Gen Vladimir Alexeyev
9 February, by Angeline MUKANGENZIUburusiya buvuga ko bwatahuye abacyekwa batatu bashinjwa kugira uruhare mu iraswa ry’umusirikare ukomeye w’Uburusiya, Liyetona Jenerali (Lt Gen) Vladimir Alexeyev.
-
Thailand: Umukecuru "yazutse" ari mu isanduku habura gato ngo umurambo we utwikwe
24 November 2025, by ISIMBI EstellaUmukecuru w’imyaka 65 wo muri Thailand yatunguye abo mu muryango we bari bari mu gahinda bagiye kumushyingura, ubwo yakangukaga agakomanga ku isanduku yari arimo habura akanya gato ngo ajyanwe mu irimbi atwikwe.
-
Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda
16 April 2021, by Dusingizimana RemyIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyafashe umwanzuro wo kohereza mu Rwanda Madamu Beatrice Munyenyezi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare ubu ni mu karere ka Huye.
Munyenyezi Béatrice ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yoherejwe mu Rwanda kugira ngo agezwe imbere y’ubutabera ku byo akurikiranyweho.
Munyenyezi aragezwa mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mata 2021.
Muri 2013, uukiko rwa U.S (…)
Umuryango.rw
Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga
Yihaye intego yo kuryamana n’umukinnyi muri buri kipe yo muri ’Premier League’
Ntibyumvikana ukuntu imbangukiragutabara ikora nta bwishingi- Sen. Uwizeyimana
Police yeretse Rayon ko yabyinnye mbere y’umuziki iyisezerera mu gikombe cy’Intwarimuri
Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo
Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw
Thailand: Umukecuru "yazutse" ari mu isanduku habura gato ngo umurambo we utwikwe