Colonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano yasakiranyije FARDC n’abayifasha urugamba n’ihuriro rya Twirwaneho na AFC/M23.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
4 March, by Angeline MUKANGENZI -
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
28 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Bwongereza, ishami rishinzwe guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba yataye muri yombi George Galloway wabaye umudepite n’umugore we ubwo bari bageze ku kibuga cy’indege bavuye mu Burusiya.
-
Uganda: Perezida Museveni yafashe impapuro zo kuziyamamaza mu matora
28 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yafashe impapuro zimwemerera guhagararira ishyaka rye, NRM (National Resistance Movement) mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Mutarama 2026.
-
Umugabo afunzwe azira guhamagara umugore we inshuro zirenga 100 ku munsi
20 September 2024, by Joseph IradukundaMu Buyapani, umugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, kubera guhamagara umugore kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi yiyoberanyije, kandi no mu gihe amwitabye ntagire icyo avuga agaceceka kugeza ubwo umugore akupye telefoni.
-
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana yakiriye ibiganiro byahuje Abambasaderi bo ku Mugabane wa Afurika na Sheila Cherfilus-McCormick na Jonathan L. Jackson bari mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika.
-
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
4 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), iratangaza ko Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bizakorwa nk’uko byakorwaga mbere, ariko hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19 ndetse imihango ngo ntizarenza amasaha abiri.
-
Ishyaka rya Democratic Green Party ririfuza ko umubare w’abadepite wakongerwa hakanavugururwa uko amatora y’inzego z’ibanze akorwa
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.
-
Uvira: Wazalendo yahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel wa FARDC
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo rigizwe n’imitwe yitwaje intwaro ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel Gisore Patrick n’umugore we.
-
INGABIRE Jacqueline yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Lindsey
20 November 2025, by ISIMBI EstellaINGABIRE Jaqueline yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Lindsey mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi… -
Alliah Cool na Kevin Kade batashye ubukwe bwa Juma Jux i Dar Es Salam
29 May 2025, by ISIMBI EstellaAlliah Cool na Kevin Kade bari muri Tanzania aho batashye ubukwe bwa Juma Jux, bagiriye ibihe byiza mu mujyi wa Dar es Salam nk’uko babigaragaje mu mashusho yagiye hanze.
Umuryango.rw
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
Uganda: Perezida Museveni yafashe impapuro zo kuziyamamaza mu matora
Umugabo afunzwe azira guhamagara umugore we inshuro zirenga 100 ku munsi
U Rwanda rwakiriye ibiganiro byahuje abayobozi ba Amerika n’Abambasaderi bo muri Afurika
MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda
Uvira: Wazalendo yahagaritse umuhango wo gushyingura Colonel wa FARDC
INGABIRE Jacqueline yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Lindsey
Alliah Cool na Kevin Kade batashye ubukwe bwa Juma Jux i Dar Es Salam