Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hatangiye gukorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bari kubikora igaragaza ko biyongereyeho 19,926 muri uyu mwaka ugereranyije n’uwabanje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926
9 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Sudani: Impande zihanganye ziyemeje kugana inzira yo guhagarika intambara
20 September 2024, by Joseph IradukundaGeneral Abdel Fattah al-Burhan, uyoboye Leta y’inzibacyuho muri Sudani yatangaje ko yiteguye gusahaka ibisubizo byose ku cyemezo cyo guhagarika imirwano ihuje ingabo za Leta ayoboye n’umutwe wa Rapid Support Forces.
-
Ethiopia na Eritrea birarebana ay’ingwe
9 February, by Angeline MUKANGENZIUmwuka mubi wa politiki uratutumbe hagati ya Ethiopia na Eritrea nyuma y’uko, ubutegetsi bwa Ethiopia bushinjije ubwa Eritrea ibikorwa byo kuvogera ubutaka no gufasha imitwe yitwaje intwaro irwanya Addis Ababa.
-
Papa Léon XIV yasabye abepisikopi kudahishira abihayimana bijandika mu by’ihohotera rishingiye ku gitsina
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yasabye abepisikopi bashya guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwa n’abihayimana, aho kubakingira ikibaba.
-
ILPD yakiriye abanyeshuri bashya, basabwa gutanga ubutabera burimo ubumuntu
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ishuri Rikuru ryo Kwigisha no Guteza Imbere Amategeko (ILPD), bwakiriye abanyeshuri bashya ku cyicaro cyaryo i Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, bahabwa umukoro wo kuzatanga umusanzu uganisha aheza ubutabera bw’u Rwanda.
-
Amerika yigaramye igitero cyagabwe ku basirikare ba Cuba
26 February, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yahakanye ko Amerika yaba yagize uruhare mu gikorwa cyo kurasana cyabereye ku nkengero za Cuba.
-
IGP Namuhoranye yitabiriye kwizihiza isabukuru y’imyaka 116 ya Polisi ya Ethiopia
5 May 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 116 ishize hashinzwe Polisi y’Igihugu ya Ethiopia, byabereye i Meskel Square mu Murwa mukuru i Addis Ababa, ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Igipolisi cy’umwuga mu guhindura Igihugu’.
-
Netanyahu yahize kwihorera nyuma y’igitero Aba-Houthis bagabye kuri Israel
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yavuze ko icyo gihugu kiteguye kwihorera ku ba-Houthis nyuma y’igitero cy’igisasu cyo mu bwoko bwa Missile izo nyeshyamba zagabye hafi y’Ikibuga cy’Indege mpuzamahanga cya Ben Gurion giturutse mu gihugu cya Yemen.
-
FC Barcelona yatsinze Real Madrid yisubiza Super Cup ya Espagne (Amafoto)
12 January, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelona yegukanye Super Cup ya Espagne ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 3-2, ku mukino wa nyuma wabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 11 Mutarama 2026, i Jeddah muri Arabie Saoudite.
-
Hari imwe mu mihanda n’amasangano y’imihanda biteganyijwe kubakwa muri uyu mwaka
10 January 2025, by Joseph IradukundaMuri uyu mwaka wa 2025 hari imishinga yo kubaka imihanda n’amasangano y’imihanda (rond-point), bikazakemura ibibazo by’umubyigano w’ibinyabiziga mu Mujyi wa Kigali.
Umuryango.rw
Abanyeshuri Bari gukora Ibizamini By’Ayisumbuye Biyongereyeho Abantu 19,926
Sudani: Impande zihanganye ziyemeje kugana inzira yo guhagarika intambara
Papa Léon XIV yasabye abepisikopi kudahishira abihayimana bijandika mu by’ihohotera rishingiye ku gitsina
ILPD yakiriye abanyeshuri bashya, basabwa gutanga ubutabera burimo ubumuntu
Amerika yigaramye igitero cyagabwe ku basirikare ba Cuba
IGP Namuhoranye yitabiriye kwizihiza isabukuru y’imyaka 116 ya Polisi ya Ethiopia
Netanyahu yahize kwihorera nyuma y’igitero Aba-Houthis bagabye kuri Israel
FC Barcelona yatsinze Real Madrid yisubiza Super Cup ya Espagne (Amafoto)
Hari imwe mu mihanda n’amasangano y’imihanda biteganyijwe kubakwa muri uyu mwaka