Kizza Besigye uherutse gutabwa muri yombi ashinjwa umugambi wo guhungabanya umutekano wa Uganda, azunganirwa n’itsinda ry’abanyamategeko 50, riyobowe na Martha Karua wabaye Minisitiri w’Ubutabera muri Kenya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Besigye azaburanirwa n’abanyamategeko 50 barimo n’uwabaye Minisitiri muri Kenya
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana ErnestGen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…) -
KAYITESIRE Agnes Kelliah yasabye guhindura amazina akitwa KAYITESIRE RUKUNDO KELLIAH
11 November 2024, by UbwanditsiUwitwa KAYITESIRE Agnes Kelliah yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KAYITESIRE RUKUNDO KELLIAH mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’Ababyeyi…… -
Perzida Kagame na Tshisekedi bategerejwe muri OIF izabera mu Bufaransa
30 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bategerejwe i Paris mu Bufaransa aho bazakirwa na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu.
-
Diddy yongeye umwunganizi wa Young Thug mu itsinda ry’abazamuburanira
17 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy, yitabaje umunyamategeko Brian Steel uherutse kuburanira Young Thug, amwongera mu itsinda ry’abazamuburanira.
-
Nyagatare: Uwari warahinduwe igikange no gukubitwa n’umugabo we asigaye amwita ‘sheri’
6 December 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu baturage b’Akarere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo babanaga mu makimbirane bavuga ko aho bayaviriyemo ubuzima bubaryoheye ndetse bikaba byarabafashije gukoresha umwanya wabo mu bikorwa bibateza imbere.
-
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo
13 April 2022, by Joseph IradukundaMu ibanga rikomeye, abategetsi bo mu bihugu bigize umuryango wa afurika y’iburasirazuba EAC, baganiriye ku kibazo cy’umutwe wa M23 bivugwa ko umaze kwigarurira igice kinini mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa.
-
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
22 January 2025, by Joseph IradukundaLt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, Ukwakira, 2023 bikozwe na Hamas.
-
RBC yongeye kwisubiza icyubahiro muri shampiyona y’abakozi
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’igihe ikipe ya RBC yari imaze itarimo kwitwara neza, yongeye kwisubiza icyubahiro ubwo yatsindaga ikipe ya Statistic bari bahanganye mw’itsinda rya kabiri.
Ni mu mukino w’ishiraniro wahuje aya makipe ku munsi wo kuwa gatanu tariki ya 11 Ukwakira 2024, kuri stade ya IPRC Kicukiro, Mu mikino yo kwishyura ya shampiyona y’abakozi.
Ni umukino utari woroshye n’agato kuko ikipe ya RBC yawinjiyemo ishaka kuwutsinda ku kabi n’akeza kurusha ikipe ya Statistic yari yatsinze umukino ubanza (…) -
Nyaxo yongeye gushimangira urwo akunda inkumi yihebeye (Amafoto)
1 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwenya Nyaxo abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yahishuye umukobwa yihebeye ndetse ashimira Imana yabahuje anamushimira kuba ari we yahisemo mu basore bose.
Umuryango.rw
Besigye azaburanirwa n’abanyamategeko 50 barimo n’uwabaye Minisitiri muri Kenya
Perzida Kagame na Tshisekedi bategerejwe muri OIF izabera mu Bufaransa
Diddy yongeye umwunganizi wa Young Thug mu itsinda ry’abazamuburanira
Nyagatare: Uwari warahinduwe igikange no gukubitwa n’umugabo we asigaye amwita ‘sheri’
M23 iri mu burasirazuba bwa congo(RDC) yaburiwe igisubizo
Nyuma y’agahenge na Gaza ,Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Israel Yeguye
RBC yongeye kwisubiza icyubahiro muri shampiyona y’abakozi
Nyaxo yongeye gushimangira urwo akunda inkumi yihebeye (Amafoto)