Myugariro w’umunya-Maroc ukinira Al-Sadd SC yo muri Qatar, Romain Paul Ghanem Saïss wari umaze imyaka 14 mu kipe y’Igihugu ya Maroc, yatangaje ko yayisezeyemo ndetse aha ikaze abato bazayihamagarwamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Myugariro w’umunya-Maroc yasezeye ikipe y’Igihugu ya Maroc
25 February, by ISIMBI Estella -
Kabila yashinje Leta ya RDC uruhare mu rupfu rwa Lt Gen Sikatenda
5 June 2025, by ISIMBI EstellaJoseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yashinje ubutegetsi buriho ubu uruhare mu rupfu rwa Lieutenant Général Sikatenda Shabani.
-
Leta ya RDC yasabwe kubura dosiye ya Général Numbi uri mu buhungiro
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango Voix des Sans Voix (VSV) uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabye ubutabera bw’iki gihugu kubura dosiye ya Général John Numbi wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ndetse na Colonel Daniel Mukalayi.
-
Sudan: I Khartoum hongeye kugwa indenge nyuma y’imyaka irenga ibiri
2 February, by Angeline MUKANGENZIIkibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kuri iki Cyumweru, tariki ya 01 Gashyantare 2026, cyongeye kugwaho indege nyuma y’imyaka irenga ibiri nta ndege igwa kuri ubwo butaka kubera imirwano ishyamiranyije Ingabo za Leta n’umutwe witwaje intwaro wa RSF.
-
Henok na Kudus mu bakinnyi Eritrea izakoresha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Eritrea ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi batandatu bagize ikipe y’abagabo bazahagararira iki gihugu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda hagati y’itariki ya 21 na 28 Nzeri 2025.
-
Basketball: Kapiteni Ndizeye yijeje kubona itike y’igikombe cya Afurika n’ubwo basinzwe imikino ya gicuti
21 November 2024, by Joseph IradukundaKapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Basketball, Ndizeye Dieudonné, yatanze icyizere ko u Rwanda ruzabona itike yo gukina Igikombe cya Afurika “FIBA AfroBasket 2025”.
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
U Burayi bwohereje intumwa kuburira u Burusiya
26 September 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu birimo u Bwongereza, u Bufaransa n’u Budage byohereje intumwa i Moscow mu Burusiya, mu rwego rwo kuburira icyo gihugu gikomeje gushinjwa kuvogera ubusugire bw’ibihugu biri mu Muryango w’Ubutabarane wa OTAN.
-
Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day kuri iki cyumweru [AMAFOTO]
21 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame ni umwe mu banya-Kigali bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021.
Amafoto yashyizwe kuri Twitter n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, yagaragaje Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri wa Siporo, Aurore Munyangaju Mimosa na Meya w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa, bagenda n’amaguru mu mujyi rwagati ahazwi nka Car Free Zone.
Ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Kagame,bavuze bati "Uyu munsi, Perezida Kagame yitabiriye Car (…) -
Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma
26 February, by ISHIMWE Jean de DieuBenjamin Mbonimpa, Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro AFC/M23, yatangaje ko intwari zidapfa, ahubwo ko ziguma mu mitima ya benshi, ubutumwa buvuga ku rupfu rw’Umuvugizi w’Igisirikare cy’iri Huriro, Lt Col Willy Ngoma, yasezeranyije kuzahora azirikanwa, nk’intwari idasanzwe.
Umuryango.rw
Myugariro w’umunya-Maroc yasezeye ikipe y’Igihugu ya Maroc
Kabila yashinje Leta ya RDC uruhare mu rupfu rwa Lt Gen Sikatenda
Leta ya RDC yasabwe kubura dosiye ya Général Numbi uri mu buhungiro
Sudan: I Khartoum hongeye kugwa indenge nyuma y’imyaka irenga ibiri
Henok na Kudus mu bakinnyi Eritrea izakoresha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali
Basketball: Kapiteni Ndizeye yijeje kubona itike y’igikombe cya Afurika n’ubwo basinzwe imikino ya gicuti
U Burayi bwohereje intumwa kuburira u Burusiya
Perezida Kagame yitabiriye Car Free Day kuri iki cyumweru [AMAFOTO]
Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma