Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko bwiteguye gusubira mu biganiro bya Doha bigamije gushaka amahoro hagati y’uyu mutwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakizera ko amasezerano ya Washington ashobora kuzatuma n’i Doha hava umusaruro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFC/M23 yizeye ko amasezerano ya Washington yaharura inzira y’ikizava mu biganiro bya Doha
3 July 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
18 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko bagomba kubahiriza amasezerano ya Vienne yo mu 1961 agena ibyo abadipolomate bagomba kwitwararikaho mu bihugu barimo.
-
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
26 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha, yatangaje ko hari Abanyafurika 1700 bari kurwanira u Burusiya mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo.
-
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
30 January, by ISIMBI EstellaBruce Melodie uri muri Tanzania mu ruzinduko rwo gukora umuziki we by’umwihariko kumenyekanisha indirimbo Pom Pom aheruka gukorana n’abarimo Diamond Platinumz uvuka muri icyo gihugu, yateye utwatsi amakuru amaze igihe avugwa ko hari amafaranga yishyuye uwo muhanzi kugira ngo bakorane bakorane iriya ndirimbo.
-
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
15 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yahamije ko ingabo z’igihugu cyabo zitari gutsindwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunya-Uganda Dr. Jose Chameleone wamamaye mu muziki muri Afurika y’Iburasirazuba no hanze yayo mu myaka isaga 25 ishize, yakoreye igitaramo cy’amateka mu Mujyi wa Kigali yahuriyemo n’abarimo umuvandimwe we Weasel ndetse na Rafiki Coga Style na we umaze igihe kinini ari umwe mu bahanzi b’abanyabigwi.
-
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite wo mu Ntara ya Tanganyika, Frédéric Kabunda, yamaganye ukuntu abasirikare ba FARDC bajujubya abaturage ku muhanda wa Kirungu-Kasenga, muri Teritwari ya Moba. Avuga ko abasirikare ba FARDC bashinze bariyeri kuri uyu muhanda kandi bagasaba amafaranga buri muntu uhita.
-
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
29 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu ya Bénin yareze u Rwanda mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, ivuga ko rwakinishije Muhire Kevin kandi afite amakarita abiri y’umuhondo.
Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Bénin, Grenit Rohr,niwe wahamije ko Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, ikwiye gukoresha ubutabera igahana u Rwanda rwakinishije umukinnyi wari wujuje amakarita abiri y’umuhondo.
Amakarita Muhire Kevin ashinjwa yayabonye ku mikino ibanza ya Sénégal na (…) -
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
7 July 2025, by ISIMBI EstellaRaporo y’Ikigo cy’ubushakashatsi ku icungamutungo n’Amahoro izwi nka ‘Global Peace Index: GPI’ yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba mu bihugu bitekanye, ruba urwa 15 mu bihugu byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
Rugero Hugues yasabye guhindura amazina akitwa Kamanzi Hugues
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Rugero Hugues yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Kamanzi Hugues Karimu mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Umuryango.rw
AFC/M23 yizeye ko amasezerano ya Washington yaharura inzira y’ikizava mu biganiro bya Doha
Perezida Suluhu yikomye amahanga ashaka kumutegeka uko ayobora Tanzania
Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
Rugero Hugues yasabye guhindura amazina akitwa Kamanzi Hugues