U Rwanda na Pologne byagiranye ibiganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri bigamije gushimangira umubano w’impande zombi mu nzego zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari
11 December 2025, by ISIMBI Estella -
Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo
26 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
-
Syria: Abarenga 70 baguye mu mirwano bahanganyemo n’abashyigikiye Perezida Assad
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe w’ubuyobozi bushya bwa Syria winjiye mu mirwano ikomeye yaguyemo abarenga 70, bahanganyemo n’abashyigikiye uwahoze ari Perezida w’icyo gihugu Bashir Al-Assad wagihunze mu Ukuboza umwaka ushize.
-
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
26 May 2021, by Dusingizimana RemyMu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
-
Pan African Movement Rwanda yiyemeje kuzamura imitekerereze y’Ubunyafurika’ mu Banyarwanda
15 February 2023, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umuryango Pan-African Movement (PAM) ishami ry’u Rwanda,bwiyemeje gushyira imbaraga mu gutuma "ubunyafurika" bushinga imizi mu banyarwanda kuko byatuma bahindura imitekerereze yabo ku mugabane w’Afurika ndetse bikanafasha kwiteza mbere bakanateza imbere n’uyu mugabane.
Mu kiganiro Uyu muryango wagiranye n’Itangazamakuru,wavuze ko kuzana gahunda bise "Ubunyafurika"bigamije gutuma abanyarwanda bose bazamura imitekerereze yabo kuri uyu mugabane batuyeho.
Visi Chairman (…) -
EAC yemeje ko Igifaransa n’Igiswahili byinjiye mu ndimi zemewe ikoresha
2 December 2024, by Joseph IradukundaInama ya 24 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yemeje ko Igifaransa n’Igiswahili biba indimi zikoreshwa mu bikorwa by’uyu muryango.
-
Abasirikare batandukanye bakomeje gutakariza ubuzima bwabo mu butumwa bw’amahoro harimo nab’ u Rwanda
7 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bitandukanye byohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro mu bindi bihugu bifite ibibazo by’umutekano muke muri Afurika ariko hakabamo abataha ndetse n’abandi bahasiga ubuzima bitewe n’imirwano ishobora kuba muri ibyo bihugu baba bagiyemo.
-
Kinshasa: Leta itewe ubwoba n’abasirikare bakoranye na Gen Tshiwewe na Franck Ntumba
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifite ubwoba abasirikare benshi bakoranye na Gen Christian Tshiwewe Songesha, Gen Franck Ntumba na Brig Gen Benjamin Katende Batubadila bashobora guhungabanya umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi.
-
Icukumbura ku buryo Danny Vumbi yagurishije ’Best Friend’ yashakishwaga na benshi
22 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuThe Ben na Bwiza baherutse gusohora indirimbo nshya bise ‘Best friend’ yakiranywe yombi n’abakunzi b’umuziki, aho Danny Vumbi yagize uruhare runini mu kuyandika ndetse no kuyigurisha.
-
ONU ivuga ko abantu barenga 400 bishwe n’inyeshyamba muri Sudani
15 April 2025, by Joseph IradukundaUshingiye ku bawuhaye amakuru "bo kwizerwa", Umuryango w’Abibumbye (ONU) uvuga ko abantu barenga 400 bishwe n’umutwe witwara gisirikare wa RSF (Rapid Support Forces) mu bitero uherutse kugaba mu karere ka Darfur ko muri Sudani.
Umuryango.rw
U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari
Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo
Syria: Abarenga 70 baguye mu mirwano bahanganyemo n’abashyigikiye Perezida Assad
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
Pan African Movement Rwanda yiyemeje kuzamura imitekerereze y’Ubunyafurika’ mu Banyarwanda
EAC yemeje ko Igifaransa n’Igiswahili byinjiye mu ndimi zemewe ikoresha
Abasirikare batandukanye bakomeje gutakariza ubuzima bwabo mu butumwa bw’amahoro harimo nab’ u Rwanda
Kinshasa: Leta itewe ubwoba n’abasirikare bakoranye na Gen Tshiwewe na Franck Ntumba
Icukumbura ku buryo Danny Vumbi yagurishije ’Best Friend’ yashakishwaga na benshi
ONU ivuga ko abantu barenga 400 bishwe n’inyeshyamba muri Sudani