Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, yatangaje ko inyandiko za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizeza igihugu cye zamaze gutegurwa 100% hasigaye gusa kuzishyiraho umukono.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa
26 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamerika wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze (conservateur) wanashinze umuryango wa Turning Point USA, Charlie Kirk, by’umwihariko akaba yari inshuti ikomeye ya Perezida Donald Trump, yishwe arashwe ubwo yari ari gutanga ikiganiro muri Kaminuza ya Utah Valley.
-
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rugiye gufungura Ambasade nshya muri Algérie, mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umubano uri hagati y’ibihugu byombi.
-
Kizz Daniel yatangaje ko yamaze kwigarurira Album ye ‘New Era’
10 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Kizz Daniel, yatangaje ko yamaze kwigarurira Alubumu ye nyuma y’uko umushinga wayo wari ukiri mu maboko y’inzu yahoze iharanira inyungu z’uwo muhanzi yitwa G-Worldwide (Lebel).
-
Inkuru ya Mr Eazi waje mu muziki agirango yimare stress z’ishuli.
30 January 2025, by ISIMBI EstellaUyu ni umwe mu bahanzi bafite amazina aremereye mu muziki wa Nigeria ndetse na afurika muri rusange, gusa icyo atandukaniyeho na benshi mu bandi bahanzi nuko we yaje mu muziki ataje kuhashakira amaronko ahubwo ko yagirango umuziki ujye umufasha kuruhuka mu mutwe ndetse aniyibagize imiserero y’ishuli , muriyi nkuru mutwemerere tugaruke kuri mr eazi n’uburyo ubuzima bwe bworoshye bijyana n’izina yiyise rya mr eazi
-
Ukraine yanze gukomeza kunyuzwamo gaz y’u Burusiya icuruzwa i Burayi
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmasezerano y’imyaka itanu yo kohereza gaz y’Abarusiya iciye muri Ukraine igana i Burayi, yarangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Mutarama 2025, nyuma y’uko leta ya Kyiv yanze kuyongera.
-
Itangazo ry’Akazi k’Abarimu muri Centre Scolaire Saint Charles Rwanda
23 September 2024, by UbwanditsiUbuyobozi bw’ishuri ryitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi, ko hari imyanya y’akazi ikurikira:
1.Umuyobozi w’amasono
2.Kwigisha (Umurezi)
Ibisobanuro birambuye urabisanga mu itangazo ryuzuye aho hasi…….. -
Amajyaruguru: Ingamba zafatiwe amashu, karoti n’ibitunguru bibura isoko
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yasobanuye ingamba zashyizweho zitweho gufasha abahinga imboga zikangirika kubera kubura isoko.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byagize ingaruka ku rusore ry’ ibinyabuzima
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika ubwo Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y’ iminsi 3 yiga ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, yavuze ko n’urusobe rw’ibinyabuzima mu Rwanda rwagizweho ingaruka.
-
Umuyobozi Mukuru wa RGB, yagaragaje impinduka zabaye mu miyoborere
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, mu kiganiro yagejeje ku bitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yaberaga muri Kigali convention center mu karere ka Gasabo, yagaragaje ishusho y’impinduka zabaye mu miyoborere y’Igihugu nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko imiyoborere y’u Rwanda ishingiye ku nyungu z’umuturage mu gihe mbere yari ishingiye ku nyungu z’abayobozi.
Umuryango.rw
Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa
Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie
Kizz Daniel yatangaje ko yamaze kwigarurira Album ye ‘New Era’
Inkuru ya Mr Eazi waje mu muziki agirango yimare stress z’ishuli.
Ukraine yanze gukomeza kunyuzwamo gaz y’u Burusiya icuruzwa i Burayi
Amajyaruguru: Ingamba zafatiwe amashu, karoti n’ibitunguru bibura isoko
Umuyobozi Mukuru wa RGB, yagaragaje impinduka zabaye mu miyoborere