Hirya no hino mu masoko yo mu Karere ka Musanze, haragaragara impinduka ku giciro cy’ibirayi, aho byazamutse mu buryo butunguranye ikilo kigera ku mafaranga 800, aho bikomeje kwibazwaho na benshi barimo abacuruzi babyo n’abaguzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW
19 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Arteta yageretse gutsindwa na Newcastle ku bwoko bw’umupira bakinnye
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko umupira bakinnye ku wa Kabiri bahura na Newcastle United, wazamukaga mu kirere byihuse ndetse ari wo watumye ikipe ye itsindwa.
-
Diddy ashobora kwireguza ko yasambanyaga abagore kubera uburwayi bwo mu mutwe
29 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean Diddy Combs akomeje guhanyanyaza ashaka impamvu zose zatuma asohoka mu gihome, ndetse kuri ubu ari kuvuga ko gusambanya abagore ku ngufu byari ingaruka zo kunywa ibisindisha n’ibiyobyabwenge.
-
Perezida Tshisekedi yiyemeje gufungira u Rwanda amayira
28 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yafashe umwanzuro wo gufungira u Rwanda amayira mu nama y’umutekano yayoboye.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yatangaje ko inama y’umutekano yayobowe n’umukuru w’igihugu bafatiyemo imyanzuro itandukanye irimo gufungira inzira igihugu cy’u Rwanda.
Ati “ Perezida wa Repubulika yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yayoboye inama y’inzego (…) -
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
30 January, by ISIMBI EstellaBruce Melodie uri muri Tanzania mu ruzinduko rwo gukora umuziki we by’umwihariko kumenyekanisha indirimbo Pom Pom aheruka gukorana n’abarimo Diamond Platinumz uvuka muri icyo gihugu, yateye utwatsi amakuru amaze igihe avugwa ko hari amafaranga yishyuye uwo muhanzi kugira ngo bakorane bakorane iriya ndirimbo.
-
Amasaro yasabwe kuba yujuje ibintu 9 birimo ubwiherero n’ ubwishingizi
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ ubuziranenge RSB cyashyizeho urutonde rw’ ibintu 9 saro z’ ubwiza zigomba kuba zujuje, gisaba banyiri amasaro kubyubahiriza kuko hateganyijwe ibihano kubatazabyubahiriza.
Ayo masaro ni akora ibijyanye no gutunganya imisatsi, ubwanwa, uruhu, amavuta y’ ubwiza, kwandika ku mubiri(tattoos), gutunganya inzara zo ku ntoki, gutunganya inzara zo ku birenge n’ ibindi.
RSB na Minisiteri y’ Ubuzima barimo gusobanurira ba nyiri amasaro uko amasaro yakora akazi kabo kinyamwuga. (…) -
Israel yateguje ibitero simusiga kuri Hamas mu gihe yaba itohereje imbohe isigaranye
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Israel yatangaje ko mu gihe imbohe zose zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zizaba zitarekuwe vuba, izafunga amarembo ya Gaza ubundi ikahahindura mu kuzimu.
-
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo
28 January, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abaforomo ntibumva uburyo abagabo bita ku bana kwa muganga mu rugo ntabikozwe
6 February, by Angeline MUKANGENZIAbakora akazi k’ubuforomo n’ububyaza bagaragaje ko nubwo hari intambwe yatewe mu by’uburinganire n’ubwuzuzanye, ariko hakiri ikibazo kuri bamwe mu bagabo batita ku bana babo nyamara babikora mu kazi.
-
U Rwanda U20 rwanyagiye Zimbabwe mu Irushanwa Nyafurika rya Handball
4 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu ya Handball mu Batarengeje imyaka 20 yatsinze Zimbabwe ibitego 55-23 mu Irushanwa Nyafurika, #IHFTrophy, riri kubera muri Ethiopia.
Umuryango.rw
Ihenda ry’ibirayi ryageze no ku isoko yabyo aho ikilo kiri kugura 800 FRW
Arteta yageretse gutsindwa na Newcastle ku bwoko bw’umupira bakinnye
Diddy ashobora kwireguza ko yasambanyaga abagore kubera uburwayi bwo mu mutwe
Perezida Tshisekedi yiyemeje gufungira u Rwanda amayira
Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’
Israel yateguje ibitero simusiga kuri Hamas mu gihe yaba itohereje imbohe isigaranye
U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo
U Rwanda U20 rwanyagiye Zimbabwe mu Irushanwa Nyafurika rya Handball