Urukiko rwo muri Ukraine rugiye gusuzuma ikirego cyatanzwe n’Umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu, Aleksandr Dubinski wagaragaje ko Perezida Volodymyr Zelensky ayoboye igihugu mu buryo bunyuranye n’amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urukiko rugiye gusuzuma ikirego cy’umudepite wareze Perezida Zelensky kugundira ubutegetsi
16 September 2024, by Joseph Iradukunda -
U Burundi burasaba Loni kwemeza ko bwabereyemo Jenoside yakorewe Abahutu
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Burundi yasabye Umuryango w’Abibumbye kwemeza ko mu 1972 muri iki gihugu habereye Jenoside yakorewe Abahutu.
-
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
1 August 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’inkende ziba ku rusengero rwa Uluwatu, ruri ku nkombe z’Amajyepfo y’ikirwa cya Bali, zagaragaje amayeri adasanzwe, aho ziba telefoni n’amadarubindi (lunettes) bya ba mukerarugendo zikabibasubiza ari uko bazihaye ibyo kurya.
-
Israel Mbonyi yateguje ikindi gitaramo gikomeye
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNk’uko bimaze kumenyerwa mu mpera z’umwaka, Israel Mbonyi uri mu bahanzi bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba, yaciye amarenga yo gutegura ikindi gitaramo gikomeye gishobora kuzaba ku munsi wa Noheli.
-
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyari 55.5 FRW na EU yo kurufasha guhangana n’ingaruka za COVID-19
8 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 8 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yasinyanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), amasezerano y’inkunga ya miririyari zigera kuri 55.5 z’amafaranga y’u Rwanda (miriyoni 52 z’Amayero).
-
Syria: Abashyigikiye Bashir al-Assad bakozanyijeho n’ingabo zabakuye ku butegetsi
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbashyigikiye Bashir al-Assad uherutse gukurwa ku butegetsi muri Syria, bakozanyijeho n’abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) bahindutse ingabo za Leta, bapfusha abasirikare 14.
-
Sobanukirwa byimbitse uko Abimukira bazaturuka mu Bwongereza bazabaho bageze mu Rwanda
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu wa Kane taliki ya 14 Mata 2022, Guverinoma y’u Rwanda, yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye n’u Bwongereza mu bijyanye no gukemura ikibazo cy’abimukira giherewe mu mizi, biciye mu guhangana n’ubusumbane mu mahirwe aboneka, butuma abimukira bahunga ibihugu byabo.
-
Trump yatumye Minisitiri w’Intebe wa Canada ateguza amatora y’igitaraganya
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yatangaje ko hagomba kubaho amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko vuba kugira ngo ashobore guhangana na Perezida wa Amerika, Donald Trump ushaka kwigarurira igihugu cyabo.
-
RDC igiye guteza cyamunara imitungo yose ya Nangaa imuziza kwiyunga na M23
21 January 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko bazagurisha muri cyamunara imitungo yose ya Corneille Nangaa.
-
Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa
20 October 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage batatu bo mu Karere ka Rutsiro bagiye kwiba amabuye y’agaciro ahantu yacukurwaga ariko hamaze amezi abiri hafunzwe, babura umwuka bahumeka barapfa.
Umuryango.rw
Urukiko rugiye gusuzuma ikirego cy’umudepite wareze Perezida Zelensky kugundira ubutegetsi
U Burundi burasaba Loni kwemeza ko bwabereyemo Jenoside yakorewe Abahutu
Inkende zize amayeri yo kwiba telefoni n’amadarubindi zikayasubiza uzihaye ibiryo
Israel Mbonyi yateguje ikindi gitaramo gikomeye
Syria: Abashyigikiye Bashir al-Assad bakozanyijeho n’ingabo zabakuye ku butegetsi
Sobanukirwa byimbitse uko Abimukira bazaturuka mu Bwongereza bazabaho bageze mu Rwanda
Trump yatumye Minisitiri w’Intebe wa Canada ateguza amatora y’igitaraganya
RDC igiye guteza cyamunara imitungo yose ya Nangaa imuziza kwiyunga na M23
Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa