Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil na Al-Hilal, Neymar Júnior, utari gukina kubera imvune, yamaze gushyirwa ku ruhande n’ikipe ye yo muri Arabie Saoudite, yanze kumwandikisha mu bakinnyi izakoresha mu 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kandi byari korohera igabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri Jenoside,ariko zahisemo inzira y’ubumwe n’ubwiyunge aho kubikora.
-
Nyabihu: Umwana w’imyaka 2,5 yapfiriye mu muferege akina n’abandi
8 October 2025, by ISIMBI EstellaIshimwe Blaise w’imyaka ibiri n’igice, yaguye mu mugende wuzuye amazi yo mu kibaya cya Mugogo giherereye mu Kagari ka Rukondo, Umurenge wa Kintobo mu Karere ka Nyabihu, ararohama ahita ahasiga ubuzima.
-
Hashyizwe hanze amabwiriza agenga gusibiza abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye
22 October 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ibizajya bigenderwaho mu kwimura, gusibiza no kwirukana abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye n’ibindi bikorwa bigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda.
-
EU igihe guha u Rwanda miliyari zisaga 14Frw yo gufasha impunzi
13 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, yakiriye Itsinda ry’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, riyobowe na Ambasaderi Belen Calvo Uyarra, baganira ku kongerera imbaraga ubufatanye busanzwe hagati ya Guverinoma y’u Rwanda na EU mu kurinda no kwita ku mpunzi, gukumira ibiza n’ibindi.
-
Ingabo za Isiraheli zishe umuyobozi wa Hezbollah muri Libani
4 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024, ingabo za Isiraheli zatangaje ko zishe umuyobozi wa Hezbollah mu majyepfo ya Libani, Abou Ali Rida aho yari ayoboye ubukangurambaga bujyanye n’ibisasu bikaze ndetse n’ibitero byibasiye umutwe w’abayisilamu bo muri Libani.
-
RDC: Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo
25 July 2022, by Dusingizimana RemyImyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kwamagana u Rwanda, ubu abaturage badukiriye Monusco, bavuga ko ntacyo ibamariye kuva yagera muri icyo gihugu.
Uyu munsi nibwo habaye iyi myigaragambyo yateguwe n’urubyiruko rw’Ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi.
Kuwa 20 Nyakanga 2022, nibwo uru rubyiruko rwari rwandikiye umuyobozi w’umujyi wa Goma, CSP Kabeya Makossa Francois bamusaba kubaha uburenganzira bwo gukoresha imihanda mu mujyi wa (…) -
Urusobe rw’ibyaranze imyaka 11 y’ubuyobozi bwa Musenyeri Justin Welby wa Anglikani
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuhera ku wa 21 Werurwe 2013 ni bwo Justin Welby yahawe inshingano zo kuyobora Itorero Angilikani ry’u Bwongereza, asimbuye Rowan Williams wari umaze kwegura ku nshingano ze.
-
Leta ya RDC yanze gusubira mu biganiro byayo na AFC/M23
23 December 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23 riburwanya.
-
Karongi: Minisitiri Gatabazi yaburiye abangisha abandi inkingo za Covid-19
4 November 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ugushyingo 2021,Minisitri w’Ubuzima,Dr.Daniel Ngamije na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney bagiriye uruzinduko mu karere ka Karongi mu bukangurambaga mu birebana no gukingira no kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney,yasabye abanya Karongi n’abandi bafite imyumvire mibi ku mikorere y’inkingo za COVID19 barimo amadina amwe n’amwe ko bayireka,bitaba ibyo bagakurikiranwa mu (…)
Umuryango.rw
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
Nyabihu: Umwana w’imyaka 2,5 yapfiriye mu muferege akina n’abandi
Hashyizwe hanze amabwiriza agenga gusibiza abanyeshuri mu mashuri abanza n’ayisumbuye
EU igihe guha u Rwanda miliyari zisaga 14Frw yo gufasha impunzi
Ingabo za Isiraheli zishe umuyobozi wa Hezbollah muri Libani
RDC: Abaturage bamaganye MONUSCO kugeza ubwo batwika imodoka yayo
Urusobe rw’ibyaranze imyaka 11 y’ubuyobozi bwa Musenyeri Justin Welby wa Anglikani
Leta ya RDC yanze gusubira mu biganiro byayo na AFC/M23
Karongi: Minisitiri Gatabazi yaburiye abangisha abandi inkingo za Covid-19