Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje gutera ihungabana mu basirikare, aho raporo nshya yerekanye ko kuva iyi ntambara yatangira, umubare w’abasirikare b’Ingabo za Israel [IDF] biyahuye umaze kugera kuri 28, akaba ari ubwo bwa mbere uyu mubare utumbagiye mu myaka 13.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sobanukirwa byinshi ku kayabo umuraperi Kanyewest atanga nk’indezo buri kezi
14 April 2025, by Gladiator OGUmuraperi Kanye West uzwi cyane nka Ye , kuri uyu munsi niwe mugabo utanga indezo ya mafaranga menshi muri Leta zunze ubumwe za America hose, uyu muraperi yarushinze n’Umunyamideri Kim kardashian mu mwaka w’i 2014 gusa bakaba bararushinze bamaze igihe baziranye. Kim Kardashian na Kanye west baje gutandukana mu mwaka w’i 2022 buri wese anyura ize nzira gusa bemeranya kujya bahuriza ku nshingano zo kwita ku bana babo bane aribo ; North West, Saint West, Chicago West na Psalm West.
Nyuma (…) -
Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Etincelles FC Ndagijimana Enock yatangaje ko yamaze kwishyura Miliyoni eshatu, zakoreshejwe hagurwa umukinnyi w’umunyamahanga mu rwego rwo kwirinda kwitaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB.
-
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye i Sake bageze ku icyenda
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bwatangaje ko abasirikare icyenda bakomerekeye mu mirwano yabereye mu Mujyi wa Sake.
-
Ukraine yamaganye ibyo kohererezwa ingabo, isaba intwaro zo guhangana n’u Burusiya
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyanama wa Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, Mikhail Podoliak, yavuze ko icyo igihugu cye gikeneye atari ukohererezwa abasirikare bavuye mu Burayi, kugira ngo bafashe mu kurinda umutekano, ashimangira ko igikenewe ari intwaro nyinshi zo gukomeza guhangana n’u Burusiya.
-
Chancelier w’u Budage yagereranyije Putin na Hitler
15 December 2025, by ISIMBI EstellaChancellor w’u Budage, Friedrich Merz, yagereranyije Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin na Adolf Hitler wakoze ibyaha byinshi birimo na Jenoside yakorewe Abayahudi.
-
Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari
6 December 2025, by ISIMBI EstellaUmushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, bashobora kuburanishwa badahari ku byaha bifitanye isano n’intambara ibihugu byabo birimo.
-
Biniam, Henok na Kudus mu bo Eritrea izifashisha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
12 September 2025, by ISIMBI EstellaBiniam Girmay, Henok Mulubrhan na Merhawi Kudus bari mu bakinnyi batandatu bagize Ikipe y’Abagabo izahagararira Eritrea muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali tariki 21-28 Nzeri 2025.
-
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, yitabye Imana, azize uburwayi.
-
Ubushinjacyaha bwagarutse mu mizi ibimenyetso ku byaha uko ari 17 Nsabimana Callixte wiyise Sankara byose aregwa n’abaregera indishyi bariyongera
28 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rukorera mu Karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza rurengwamo Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’inyeshyamba za FLN ku byaha 17akurikiranweho n’ubushinjacyaha.
Umuryango.rw
Abasirikare ba Israel bakomeje kwiyahura ku rwego bitigeze bibaho mu myaka 13
Sobanukirwa byinshi ku kayabo umuraperi Kanyewest atanga nk’indezo buri kezi
Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye i Sake bageze ku icyenda
Ukraine yamaganye ibyo kohererezwa ingabo, isaba intwaro zo guhangana n’u Burusiya
Chancelier w’u Budage yagereranyije Putin na Hitler
Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari
Biniam, Henok na Kudus mu bo Eritrea izifashisha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana