Sosiyete yo muri Qatar ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Qatar Airways, yongeye gukorera ingendo ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali nyuma y’imyaka itatu yari ishize zisubitswe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Qatar Airways yasubukuye ingendo zihuza Kigali na Doha
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abashakashatsi bagaragaje ko Isi yabonye ukundi Kwezi kuyimurikira
5 October 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’inyigo zitandukanye zimaze ibyumweru zikorwa n’abashakashatsi mu by’Isanzure banyuranye, hemejwe bidasubirwaho ko Isi yabonye ukundi Kwezi kwiyongera ku kwari gusanzwe kuyimurikira.
-
Luanda: U Rwanda na Congo mu bindi biganiro by’umutekano ku nshuro ya 4
14 September 2024, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu zahuriye mu bindi biganiro by’inyabutatu bigamije gukemura ibibazo bya Politiki bimaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Stella Ford Mugabo wahoze ari Minisitiri yahawe inshingano nshya
27 November 2018, by Nsanzimana ErnestMadamu Stella Ford Mugabo, wahoze ari Minisitiri ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri yagizwe Umuyobozi w’ Ikirenga w’ Ishyirahamwe Nyarwanda rigamije Iterambere Rirambye, RISD.
-
M23 yagaragaje uko Leta ya RDC iri gukora ibyaha by’intambara
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 washinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwica abaturage no gusenya ibikorwaremezo bya gisivili birimo amashuri n’insengero; byose bigize ibyaha by’intambara.
-
Trump nta kibazo abona mu kuba yarasa muri Mexique
18 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta mpungenge afite zo kwemeza ibitero bya gisirikare muri Mexique mu rwego rwo kurwanya amatsinda y’abacuruza ibiyobyabwenge, n’iyo byaba bitandukanye n’ibyifuzo bya Leta ya Mexique.
-
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
6 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Uganda ziri muri Somalia mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bugamije kubungabunga no kugarura amahoro n’umutekano, AUSSOM, zifatanyije n’iza Somalia, zabohoje Umujyi w’ingenzi wa Darusalam wari mu maboko ya Al Shabaab.
-
Umwuka Mubi Wongeye Gututumba Hagati ya Tayiwani n’Ubushinwa
13 October 2024, by Joseph IradukundaInzego z’ubutegetsi muri Tayiwani zatangaje ko ubwato butwaye indege z’Ubushinwa bwarimo kwerekeza mu majyepfo y’icyo kirwa kuri iki cyumweru.
-
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora
24 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe habura ibyumweru bibiri gusa, abatuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, abaturage bakihitiramo Umukuru w’Igihugu, abarenga miliyoni zirindwi (7), ntabwo baragira amahitamo y’uwo bazatora hagati y’Umurepubulikani, Donald Trump n’Umudemukarate Kamala Harris.
-
Startimes igiye gutangira kwerekana filimi yo muri Kenya nziza cyane
29 December 2020, by Dusingizimana RemySosiyete ya StarTimes iramenyesha abakiliya bayo ko igiye gutangira kubashyira igorora aho igiye kubereka filimi yo muri Kenya yitwa “Sincerely Daisy”izerekanwa guhera kuwa 02 Mutarama 2020.
Umuryango.rw
Qatar Airways yasubukuye ingendo zihuza Kigali na Doha
Abashakashatsi bagaragaje ko Isi yabonye ukundi Kwezi kuyimurikira
Luanda: U Rwanda na Congo mu bindi biganiro by’umutekano ku nshuro ya 4
M23 yagaragaje uko Leta ya RDC iri gukora ibyaha by’intambara
Trump nta kibazo abona mu kuba yarasa muri Mexique
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zambuye Al Shabaab umujyi wa Darusalam
Umwuka Mubi Wongeye Gututumba Hagati ya Tayiwani n’Ubushinwa
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora