Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri Kaguta Museveni uhanganye bikomeye na Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
15 January, by Angeline MUKANGENZI -
Ibihugu bitandatu by’i Burayi byashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri OTAN
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu bitandatu byo mu Muryango w’Ubutabarane w’ibihugu by’i Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, OTAN byasohoye itangazo rihuriweho byemeza ko bishyikigiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri uyu muryango, ndetse ko bishyigikiye gahunda ya Perezida Zelensky igamije guhagarika intambara.
-
Perezida Kagame yakuye Gen.Patrick Nyamvumba wari minisitiri w’umutekano mu gihugu ku mirimo ye
27 April 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida Kagame yahagaritse Gen. Patrick Nyamvumba ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Ibi byatewe ngo n’iperereza riri kumukorwaho gusa ibyaha akurikiranweho ntibyavuzwe.
-
Ni muntu ki ?Turahirwa(Moshions) Kuva Nyamasheke kugera abaye Umudozi wa Mbere mu Rwanda
6 May 2025, by Gladiator OGTurahirwa Moses yabonye izuba mu mwaka w’i1991avukira I kibogora mu karere ka Nyamasheke ni mu ntara y’iburengerazuba bw’u Rwanda , Moses ni umwana wa kane mu muryango w’iwabo wa bana batanu. Kuri uyu munsi muri 2025 akaba ari umusore w’imyaka 34 ya mavuko.
-
Paris: Bamwe mu bafungiwe ibyaha bya Jenoside bisubiyeho bashinjura Muhayimana baribazwaho
24 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyamategeko bunganira abaregera indishyi mu rubanza rw’ubujurire rw’Umunyarwanda Muhayimana Claude ruri kuburanishwa n’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, bagaragaje ko bamwe mu bafungiwe ibyaha bya jenoside bahinduye ubuhamya bari baratanze atari abo kwizerwa.
-
Nagy wabaye umudipolomate wa Amerika yasabye Tshisekedi gusura uburasirazuba bwa RDC
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, yahaye Perezida Félix Tshisekedi umukoro wo gusura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo akurikirane ibibazo by’abaturage ayoboye.
-
U Burusiya bwabwiye Israel ko nta burenganzira ifite bwo gukuraho ubutegetsi muri Iran
19 June 2025, by ISIMBI EstellaU Burusiya bwabwiye Israel ko ikwiriye kuzirikana ko nta burenganzira ifite bwo guhindura ubutegetsi buriho muri Iran.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yashimiye Urukiko rwa Loni rwanze gufungura Musema wahamijwe ibyaha bya Jenoside
20 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yashimiye Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) rwanze ko Musema Alfred wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 afungurwa.
-
Cibitoke: Abacukuzi ba zahabu 2 bapfuye bazize imyitozo ya gisirikare y’Imbonerakure
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbacukuzi ba zahabu babiri bapfuye abandi batatu barakomereka bikabije mu myitozo ya gisirikare yakorwaga n’Imbonerakure, Urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD. Ibi byabereye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri itariki ya 25 Werurwe i Cishemere, byongeye kubyutsa impungenge z’uko urubyiruko rw’abasivili rukomeje kwigishwa igisirikare ndetse n’ingaruka ku baturage.
-
Uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida wa Ukraine, Mu Burundi abatoye OYA barimo guterwa ubwoba.
Umuryango.rw
Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Ibihugu bitandatu by’i Burayi byashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira muri OTAN
Ni muntu ki ?Turahirwa(Moshions) Kuva Nyamasheke kugera abaye Umudozi wa Mbere mu Rwanda
Paris: Bamwe mu bafungiwe ibyaha bya Jenoside bisubiyeho bashinjura Muhayimana baribazwaho
Nagy wabaye umudipolomate wa Amerika yasabye Tshisekedi gusura uburasirazuba bwa RDC
U Burusiya bwabwiye Israel ko nta burenganzira ifite bwo gukuraho ubutegetsi muri Iran
Minisitiri Dr. Bizimana yashimiye Urukiko rwa Loni rwanze gufungura Musema wahamijwe ibyaha bya Jenoside
Cibitoke: Abacukuzi ba zahabu 2 bapfuye bazize imyitozo ya gisirikare y’Imbonerakure