Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika muri Misa yo gushimira Imana yabahaye Umushumba mushya wa Kiliziya Papa Leo XIV, imwifuriza ihirwe mu mirimo mishya ndetse imwizeza ubufatanye mu gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’amahoro yasabye Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwijeje Papa Leo XIV ubufatanye mu kwimakaza amahoro
12 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Karongi: Minisitiri Gatabazi yaburiye abangisha abandi inkingo za Covid-19
4 November 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 4 Ugushyingo 2021,Minisitri w’Ubuzima,Dr.Daniel Ngamije na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney bagiriye uruzinduko mu karere ka Karongi mu bukangurambaga mu birebana no gukingira no kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney,yasabye abanya Karongi n’abandi bafite imyumvire mibi ku mikorere y’inkingo za COVID19 barimo amadina amwe n’amwe ko bayireka,bitaba ibyo bagakurikiranwa mu (…) -
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero mu buryo bw’amayobera akomeye yabaye ku ndege ku Isi, igihugu cya Malaysia cyemeye gusubukura gushakisha ibisigazwa by’indege ya Malaysia Airlines MH370 yagaragaye bwa nyuma ku itariki 8 Werurwe 2014.
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 30$ yo kurwanya Covid-19
22 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’Isi, bashyize umukono ku masezerano y’inkunga ya million 30 z’amadolari ya Amerika, ni hafi miliyari 29 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha muri gahunda zo kurwanya icyorezo cya COVID 19 harimo gutumiza no gukwirakwiza inkingo mu gihugu.
-
CHAN 2024:Umutoza yasezereye Abakinnyi barindwi b’Amavubi barimo Seif ku ikubitiro
17 December 2024, by Joseph IradukundaAbakinnyi barindwi barimo Niyonzima Olivier ‘Seif’ bari mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura gukina imikino yo gushaka itike ya CHAN 2024, bamaze gusezererwa.
-
Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye
1 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Pologne, Karol Nawrocki, yavuze ko ajya agirana ibiganiro n’umuzimu wa Jozef Pilsudski wabaye Umuyobozi wa Repubulika ya Kabiri ya Pologne hagati ya 1926 na 1935, akaba yari azwiho kutavuga rumwe n’Abasoviyete.
-
Ibihugu byinshi by’i Burayi byiyemeje guta muri yombi Benjamin Netanyahu
23 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu bitandukanye byo ku mugabane w’u Burayi byiyemeje kubahiriza icyemezo cy’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) cyo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, na Yoav Gallant wari Minisitiri w’Ingabo.
-
Henok Mulueberhan yavuze ibanga rikomeye ryamufashije kwegukana Tour du Rwanda 2023
27 February 2023, by Dusingizimana RemyUmunya Eritrea Henok Mulueberhan ari mu bakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bishimye cyane ku isi nyuma yo kwegukana irushanwa rikomeye kurusha ayandi muri Afurika rya Tour du Rwanda.
Uyu musore w’imyaka 23 yabwiye abanyamakuru ko ku cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2023 ariwo ’munsi mwiza kurusha iyindi yose mu buzima bwe’kuko yatwaye irushanwa ry’inzozi ze.
Yagize ati "Uyu niwo munsi mwiza kurusha iyindi yose mu buzima bwanjye.Nahoranye inzozi zo kuzatwara Tour du Rwanda kuko (…) -
Messi yahawe igihembo cy’umukinnyi wa ruhago w’ibihe byose
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Argentine Lionel Messi, yahawe igihembo cy’uko ari we mukinnyi w’ibihe byose (GOAT) umupira w’amaguru wagize kuva wabaho.
-
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
Umuryango.rw
U Rwanda rwijeje Papa Leo XIV ubufatanye mu kwimakaza amahoro
Karongi: Minisitiri Gatabazi yaburiye abangisha abandi inkingo za Covid-19
Nyuma y’imyaka irenga 10 iburiwe irengero Malaysia igiye kongera gushaka indege ya MH370
CHAN 2024:Umutoza yasezereye Abakinnyi barindwi b’Amavubi barimo Seif ku ikubitiro
Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye
Ibihugu byinshi by’i Burayi byiyemeje guta muri yombi Benjamin Netanyahu
Henok Mulueberhan yavuze ibanga rikomeye ryamufashije kwegukana Tour du Rwanda 2023
Messi yahawe igihembo cy’umukinnyi wa ruhago w’ibihe byose