Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemereye Ubushinjacyaha bukuru kugeza Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, mu rukiko rusesa imanza kugira ngo aburanishwe icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari zari zarateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani mu ntara ya Tshopo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kinshasa: Inteko yemereye Ubushinjacyaha kugeza Minisitiri Mutamba mu rukiko
16 June 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
-
Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya yise “Colorful Generation”, yaguzwe 26.182.400 Frw, n’abarimo Munyakazi Sadate ndetse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe.
-
Umusaruro w’amahoteli na Resitora mu Rwanda wagabanutseho 34% kubera ingaruka za Covid-19
16 June 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR,cyatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2021, umusaruro mbumbe w’Igihugu wiyongereye, ariko mu rwego rw’amahoteli na za Resitora wabaganutse bikabije kubera Covid-19 bigera ku kigero 34%.
-
Ubutasi bwa Tshisekedi bwafunze Uwabaye kandida perezida mu matora aheruka
3 September 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, itariki ya 2 Nzeri, uwahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida wa Repubulika, Seth Kikuni, yafashwe kandi “afungwa mu buryo butemewe n’amategeko” n’abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR), nk’uko bene wabo babitangaje.
-
‘Abafunze insengero nabo bazabazwa ko bafite Yesu mu bwoko’ Past. Ezira Mpyisi
11 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmupasiteri w’ inararibonye mu Rwanda Pasteri Ezira Mpyisi yavuze ko abafunze insengero bakoze inshingano zabo hano mu Isi asaba abafunze insengero n’ abazifungiwe kujya muri bibiliya bakumva icyo ivuga kwifungwa ry’ insengero kuko buri wese azabazwa ibye.
Nibura inyubako 1000 zakorerwagamo ibikorwa by’ amasengesho mu Rwanda zimaze gufungwa na Leta y’ u Rwanda mu gihe kitageze ku kwezi kumwe zizira ko zitujuje ibisabwa ngo zikorwemo ibikorwa by’ amasengesho.
Ba nyir’ insengero zafunzwe (…) -
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
29 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.
-
Ku myaka 57 ya mavuko abashije kubona umukobwa yegurira umutima we
16 May 2025, by Gladiator OGKu munsi wejo muri Uganda nta yindi nkuru yiriwe iyoboye izindi mu kuvugwa cyane usibye iyi ngiyi. Uyu mugabo w’igikwerere ureba amazina ye Yitwa Frank Gashumba akaba afite imyaka 51 ya mavuko ni umuyobozi w’Umuryango w’abafite inkomoka mu Rwanda witwa "Abavandimwe"
-
U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu
20 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan kuri uyu wa 20 Nzeri 2025 zagiranye amasezerano atanu y’ubufatanye mu buhinzi, uburezi, serivisi z’itumanaho ryifashishwa mu kirere, ubucuruzi n’imitangire ya serivisi.
-
U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi ku Isi mu kunoza serivisi za leta
4 February, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yahawe igihembo nka kimwe mu bihugu byahize ibindi ku Isi mu kwegereza no kunoza serivisi za Leta zihabwa abaturage.
Umuryango.rw
Kinshasa: Inteko yemereye Ubushinjacyaha kugeza Minisitiri Mutamba mu rukiko
Bruce Melodie yatanze umusogongero wa album ye nshya
Ubutasi bwa Tshisekedi bwafunze Uwabaye kandida perezida mu matora aheruka
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
Ku myaka 57 ya mavuko abashije kubona umukobwa yegurira umutima we
U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu
U Rwanda rwahembwe nk’igihugu cyahize ibindi ku Isi mu kunoza serivisi za leta