Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
15 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yahamije ko ingabo z’igihugu cyabo zitari gutsindwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
-
Angola yinjiye byeruye mu ntambara yo muri RDC
24 February, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Angola kirwanira mu kirere giherutse kohereza mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare bo kurwanya ihuriro AFC/M23 n’umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Komine ya Minembwe.
-
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’umunya-Uganda Dr. Jose Chameleone wamamaye mu muziki muri Afurika y’Iburasirazuba no hanze yayo mu myaka isaga 25 ishize, yakoreye igitaramo cy’amateka mu Mujyi wa Kigali yahuriyemo n’abarimo umuvandimwe we Weasel ndetse na Rafiki Coga Style na we umaze igihe kinini ari umwe mu bahanzi b’abanyabigwi.
-
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
3 August 2025, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo babiri bo mu Karere ka Rutsiro bakekwaho kwica Rukeratabaro Balthasar w’imyaka 48 bakamuta ku nzira, isaba abaturage kwirinda ubusinzi.
-
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite wo mu Ntara ya Tanganyika, Frédéric Kabunda, yamaganye ukuntu abasirikare ba FARDC bajujubya abaturage ku muhanda wa Kirungu-Kasenga, muri Teritwari ya Moba. Avuga ko abasirikare ba FARDC bashinze bariyeri kuri uyu muhanda kandi bagasaba amafaranga buri muntu uhita.
-
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
29 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu ya Bénin yareze u Rwanda mu Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, ivuga ko rwakinishije Muhire Kevin kandi afite amakarita abiri y’umuhondo.
Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Bénin, Grenit Rohr,niwe wahamije ko Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, ikwiye gukoresha ubutabera igahana u Rwanda rwakinishije umukinnyi wari wujuje amakarita abiri y’umuhondo.
Amakarita Muhire Kevin ashinjwa yayabonye ku mikino ibanza ya Sénégal na (…) -
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
7 July 2025, by ISIMBI EstellaRaporo y’Ikigo cy’ubushakashatsi ku icungamutungo n’Amahoro izwi nka ‘Global Peace Index: GPI’ yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba mu bihugu bitekanye, ruba urwa 15 mu bihugu byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
-
Rugero Hugues yasabye guhindura amazina akitwa Kamanzi Hugues
25 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Rugero Hugues yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Kamanzi Hugues Karimu mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi””
Umuryango.rw
Leta ya RDC yahakanye ibyo gutsindwa na M23 yamaze guha ubuyobozi aho yigaruriye
Angola yinjiye byeruye mu ntambara yo muri RDC
Chameleone yishimiwe bidasanzwe mu gitaramo yakoreye i Kigali
Polisi yafunze babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo basangiye inzoga
RDC: Umudepite aramagana uko FARDC itoteza abaturage mu Ntara ya Tanganyika
Ikipe ya Benin yareze u Rwanda gukinisha umukinnyi utemewe
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri mu bihugu bitekanye muri Afurika y’Iburasirazuba
Rugero Hugues yasabye guhindura amazina akitwa Kamanzi Hugues