Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mozambike: Daniel Chapo Yatsinze Amatora y’Umukuru w’Igihugu
24 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Mozambike, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje burundu kuri uyu wa kane ibyavuye mu matora yataje ibibazo yo kw’itariki ya cyenda y’uku kwezi kwa cumi. Ivuga ko Daniel Chapo, kandida w’ishyaka Frelimo riri ku butegetsi, ari we watsindiye umwanya w’umukuru w’igihugu.
-
Niba tudakemuye ikibazo mu rwego rwa dipolomasi, tuzagikemura mu buryo bwa gisirikare – Muyaya
5 January 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu Ntara ya Kasai, yemeje ko niba ikibazo cy’intambara yo mu burasirazuba kidakemuwe mu rwego rwa diplomasi, kizakorwa mu buryo bwa gisirikare.
-
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy agiye kumenyeshwa aho azafungirwa
13 October 2025, by ISIMBI EstellaUwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, w’imyaka 70, kuri uyu wa Mbere aramenyeshwa igihe azatangirira igifungo cy’imyaka itanu na gereza azagikoreramo, nyuma yo guhamywa n’urukiko rw’i Paris ko yakoresheje amafaranga ya Muammar Gaddafi mu matora yo mu 2007.
-
Diane Rwigara na Nyina bitabye urukiko bataha bataburanye
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 7 Gicurasi 2018 Diane Rwigara na Nyina Mukamugemanyi Adeline Rwigara bitabye urukiko ngo urubanza rwabo rutangire kuburanishwa mu mizi ntibabura ahubwo urubanza rwabo rwimurirwa tariki 22 Gicurasi 2018.
-
Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’imyubakire gikomeje kuba ingutu
28 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yanenze abayobozi bo mu mujyi wa Kigali bakomeje kurangara ku kibazo cy’imyubakire aho bamwe bubaka ahatemewe ndetse n’inzu zubakiwe abantu bikarangira zibaguyeho.
Ibi yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasaga 2000 bagize Itorero rya ba Rushingwangerero, rigizwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari bose bo mu gihugu,mu muhango wabereye kuri Intare Conference Arena, i Rusororo.
Perezida Kagame yakomoje ku bibazo by’inzu zaguye mu murenge wa Kinyinya mu Mujyi wa Kigali, (…) -
MBEREYINKA MUNYANGEYO yasabye guhindura amazina akitwa NKOMEZA FRANCOIS TWIZERE
17 October 2024, by UbwanditsiUwitwa MBEREYINKA MUNYANGEYO yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NKOMEZA FRANCOISTWIZERE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ni uguhuza ibyangombwa…… -
Uko intumwa za Amerika zari zigiye gufungirwa i Kinshasa, zigatorokeshwa
12 July 2025, by Joseph IradukundaMuri Werurwe 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intumwa eshatu kugira ngo zishyikirize Perezida Félix Tshisekedi ubutumwa bwihariye.
-
Uko Abakina hanze bitwaye mbere yo gusanga abandi mu mwiherero w’Amavubi
7 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 7 Ukwakira ikipe y’igihugu “Amavubi” yahagurutse i Kigali yerekeza Abidjan muri Côte d’Ivoire gukina umukino ubanza wo mu itsinda D na Benin mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025, dore uko bamwe mu bahamagawe bakina hanze y’u Rwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize.
-
Muvunyi yavuze ko hari ikipe imwe mu Rwanda Rayon itinya abakunzi barikanga
2 November 2024, by Joseph IradukundaMuvunyi Paul wahoze ari Perezida wa Rayon Sports yatangaje ko ikipe imwe mu Rwanda ari yo batinya ndetse bakanubaha, ko ariko na yo Hari ubwo bayica mu rihumye bakayitwara igikombe.
Umuryango.rw
Australia: Abana bakumiriwe ku mbuga nkoranyambaga
Mozambike: Daniel Chapo Yatsinze Amatora y’Umukuru w’Igihugu
Niba tudakemuye ikibazo mu rwego rwa dipolomasi, tuzagikemura mu buryo bwa gisirikare – Muyaya
U Bufaransa: Nicolas Sarkozy agiye kumenyeshwa aho azafungirwa
Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’imyubakire gikomeje kuba ingutu
Uko intumwa za Amerika zari zigiye gufungirwa i Kinshasa, zigatorokeshwa
Uko Abakina hanze bitwaye mbere yo gusanga abandi mu mwiherero w’Amavubi
Muvunyi yavuze ko hari ikipe imwe mu Rwanda Rayon itinya abakunzi barikanga