Umukinnyi wa Filime w’icyamamare muri Hollywood ukomoka muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yitabye Imana ku myaka 95 y’amavuko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umukinnyi wa filime Robert Duvall yitabye Imana
17 February, by ISIMBI Estella -
Umunya-Canada Yakuriweho igihano cy’urupfu nyuma y’urugendo rwa Minisitiri w’Intebe wa Canada mu Bushinwa
9 February, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ikirenga mu Bushinwa rwakuyeho igihano cy’urupfu ku munya-Canada uregwa gucuruza ibiyobyabwenge, nk’uko umunyamategeko we yabitangarije ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa mbere.
-
U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’umutekano n’ubucuruzi
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kanama 2025, byavuguruye amasezerano y’ubutwererane mu nzego z’amahoro n’umutekano ndetse n’ubucuruzi n’ishoramari.
-
Kenya: Guverineri yagereranyije Perezida Ruto na shitani
17 March, by Angeline MUKANGENZIGuverineri w’agace ka Trans-Nzoia muri Kenya, George Natembeya, yatangaje amagambo yibasira Perezida William Ruto, avuga ko ari umukirisitu ariko nta mbabazi agira ndetse ko umurebye neza ntaho atandukaniye na Lucifer cyangwa se shitani.
-
Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo abari abayoboke b’ishyaka rya Dalfa Umurinzi n’umunyamakuru wa Umubavu TV, Nsengimana Théoneste, na Ingabire Victoire Umuhoza baregwa ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi buriho no guteza imvururu muri rubanda.
-
U Burusiya bwateguje kutazihanganira ko Ukraine ihabwa misile za Tomahawk
24 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Vladimir Putin yihanangirije Ukraine ko mu gihe yahabwa cyangwa igakoresha misile za Tomahawk za Amerika, u Burusiya bwakwihorera ku buryo bukomeye cyane.
-
AKARAYIFUMBWE EP#80:Uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda ushobora kuzana na Ndayishimiye wa Burundi
1 August 2021, by Dusingizimana RemyTubararikiye ikiganiro AKARAYIFUMBWE EP#80 kigaruka ku ruzinduko rwa Perezida wa Tanzaniya Suluhu Samia Hassan ushobora kuzana i Kigali na Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa mbere! Ese baba bagenzwa n’iki? Minisitiri Biruta yatangaje ko Cabo Delgado muri Mozambike RDF yahafatiye abarwanyi b’abanyarwanda! Ese Tanzaniya ipfana iki n’ibiri kubera Mozambike? Uburundi bwo se? Kuki bazana bose niba nta gihindutse? Kuki u Rwanda rutagiye Somalia kwa Al Shabab, ntirujye kurwanya (…)
-
Mu bihugu 21 bya Afurika imiyoborere yarushijeho kuba mibi mu 2023 - Raporo
25 October 2024, by Joseph IradukundaRaporo nshya isuzuma ibyerekeye imiyoborere ku mugabane wa Afurika yerekanye ko hafi icya kabiri cy’abatuye Umugabane wa Afurika bari mu bihugu birangwa n’imiyoborere yakomeje kuba mibi mu myaka icumi ishize, mu gihe umutekano muke muri ibyo bihugu ukomeje kubangamira iterambere .
-
U Rwanda rwagennye ba Ambasaderi bashya muri Kenya na Mozambique
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestClaude Nikobisanzwe
Leta y’ u Rwanda yakoze impinduka mubijyanye na dipolomasi mu mpera z’ icyumweru gishize mu nama y’ abaminisitiri yayobowe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. -
Perezida Tshisekedi yasabye Boris Johnson gukoresha CHOGM mu kotsa igitutu u Rwanda
18 June 2022, by Dusingizimana RemyLeta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson gukoresha inama itangira i Kigali ku wa mbere y’umuryango wa Commonwealth (CHOGM 2022) nk’uburyo bwo kotsa igitutu Perezida Paul Kagame agakura abasirikare b’u Rwanda mu burasirazuba bwa Congo.
Itangazo rigenewe abanyamakuru rya minisiteri y’itangazamakuru ya DR Congo ryo ku wa gatanu risubiramo amagambo ya Perezida Félix Tshisekedi agira ati:
"Umutekano mu burasirazuba bw’igihugu ukomeje (…)
Umuryango.rw
Umukinnyi wa filime Robert Duvall yitabye Imana
U Rwanda na Mozambique byavuguruye amasezerano y’umutekano n’ubucuruzi
Kenya: Guverineri yagereranyije Perezida Ruto na shitani
Urukiko Rukuru rwimuriye urubanza rwa Ingabire n’abayoboke b’ishyaka rye muri Nzeri 2025
U Burusiya bwateguje kutazihanganira ko Ukraine ihabwa misile za Tomahawk
AKARAYIFUMBWE EP#80:Uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda ushobora kuzana na Ndayishimiye wa Burundi
Mu bihugu 21 bya Afurika imiyoborere yarushijeho kuba mibi mu 2023 - Raporo
Perezida Tshisekedi yasabye Boris Johnson gukoresha CHOGM mu kotsa igitutu u Rwanda