Televiziyo yo muri Amerika, ABC, yatangaje ko ikiganiro cyayo kizwi nka Jimmy Kimmel Live, gikorwa na Jimmy Kimmel cyahagaritswe by’agateganyo, nyuma y’uko uyu mugabo yibasiwe n’abatari bake bitewe n’ibitekerezo yatanze ku rupfu rwa Charlie Kirk.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk
18 September 2025, by ISIMBI Estella -
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Burindi, Akagari ka Nyaruka mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, yishwe n’ibinini byica imbeba yanyoye, aho bivugwa ko byaturutse ku madeni y’inguzanyo.
-
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora
24 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe habura ibyumweru bibiri gusa, abatuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, abaturage bakihitiramo Umukuru w’Igihugu, abarenga miliyoni zirindwi (7), ntabwo baragira amahitamo y’uwo bazatora hagati y’Umurepubulikani, Donald Trump n’Umudemukarate Kamala Harris.
-
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka
15 December 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Rwanda igiye gushora miliyari 300 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga w’imyaka 6 yo guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe mu Ntara y’Iburasirazuba, by’umwihariko mu Mirenge y’Akarere ka Kayonza ikunze kwibasirwa n’izuba ryinshi.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
15 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho "abantu b’inyangamugayo" ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko "nyuma yo gutsindwa" ingabo za leta n’abafatanya na zo bahunze uyu mujyi.
-
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi watangaje ko wongeye kwicira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo z’iki gihugu, nyuma y’imirwano iheruka gusakiranya impande zombi.
-
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije imirongo ngenderwaho muri dipolomasi yo kubanza kubimenyesha igihugu bagiye gukoreramo, bahita birukanwa ku butaka bwayo.
-
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
24 November 2025, by ISIMBI EstellaBugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo agaragare mu gitaramo icyo ari cyo cyose.
-
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine.
Umuryango.rw
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
Amatora: USA ,miliyoni zirindwi zisaga ntibarafata umwanzuro y’uwo bazatora
U Rwanda rwashoye miliyari 300 Frw: Amapfa mu Burasirazuba agiye kuba amateka
AFC/M23 yasabye abatuye i Bukavu kwishyiriraho abategetsi
RED-Tabara yongeye kwigamba kwica abasirikare b’u Burundi
Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa
Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage