Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ku bufatanye n’Umuryango Nyarwanda ushinzwe Kubungabunga Ibinyabuzima byo mu Gasozi (RWCA) bateguye isiganwa ryiswe “Umusambi Race” rigamije kubungabunga inyoni y’umusambi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryitiriwe inyoni y’Umusambi
18 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
DR Congo: Tshisekedi yategetse Guverineri wa Kivu y’Epfo gukomeza agategekera i Uvira
27 February 2025, by Joseph IradukundaGuverineri w’intara ya Kivu y’Epfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko akorera i Uvira, kandi ibiro bya perezida w’iki gihugu bivuga ko Perezida Tshisekedi yamutegetse gukomeza gutegekera muri uyu mujyi.
-
Yvonne Chaka Chaka akomeje kwinjiza agatubutse nyamara nta indirimbo nshya afite
18 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyabigwi mu muziki wa Afurika, Yvonne Machaka wamenyekanye nka Yvonne Chaka Chaka, yagaragaje ko n’ubwo atagishyira hanze indirimbo nshya, ariko ubuhanzi yakoze mu myaka yashize, buri mu bikomeje kumwinjiriza amafaranga.
-
Tiwa Savage arashinja abagabo ubugwari mu rukundo
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatangaje amagambo yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanga igitekerezo cye ku bagabo b’Abanya-Nijeriya mu kiganiro Thoughts in a Culli cy’urusobe rwa GRM Daily.
-
DRC: Uko byagenze ngo Abajenerali bafungwe bakekwaho Gushaka Guhirika Tshisekedi
10 July 2025, by Joseph IradukundaByatangiye Tariki 08, Nyakanga, mu nama ikomeye y’umutekano ubwo havukaga impaka hagati ya General Tshiwewe na Lieutenant General Jean-Claude Yav zazamuye umujinya ukomeye hagati yabo.
-
Perezida Kagame yavuze ku ifatwa rya Rusesabagina Paul na Kabuga Felicien
6 September 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na RBA cyagarutse ku buzima bwose bw’igihugu,ububanyi n’amahanga n’ibindi aho yavuze ko Rusesabagina atashimuswe ahubwo igihe kizagaragaza ko yizanye mu Rwanda.
-
DR Congo: Gufungwa kwa François Beya no kugaruka ’vuba’ mu gihugu kwa Felix Tshisekedi
7 February 2022, by Dusingizimana RemyUmujyanama wihariye mu by’umutekano wa Perezida Felix Tshisekedi hamwe n’abandi bantu barimo abasirikare batawe muri yombi kuwa gatandatu, bivugwa ko bari "bageramiye umutekano w’igihugu".
-
Umuraperi P. Diddy yongeye kuburirwaho dosiye y’ibyaha by’ihohotera
12 September 2024, by Joseph IradukundaUmuraperi w’Umunyamerika, Sean Combs Diddy wamenyekanye nka P. Diddy, yongeye kuregwa ibirego bishya bijyanye no guhohotera no gukorera ibya mfura mbi abagore.
-
Mariah Carey yatunguranye: Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MTV VMAs 2025
9 September 2025, by Brenda MIZEROIbirori byo gutanga ibihembo bya MTV Video Music Awards (VMAs) 2025 byaranzwe n’udushya twinshi nk’uko bisanzwe bigenda, bishimangira imbaraga z’imyidagaduro, mu gihe bigikomeje kugarukwaho cyane n’abafana ndetse n’abakunzi b’umuziki ku isi yose.
-
Tanzania: Abakora ubutabazi boherereje amazi abaheze mu nyubako yahirimye bayanyujije mu myenge
18 November 2024, by Joseph IradukundaAbo mu matsinda akora ubutabazi muri Tanzania baravuga ko bashoboye gushyikirana n’abantu bagiheze mu nyubako y’amagorofa ane, nyuma y’iminsi ibiri iyo nyubako ihirimye mu mujyi mukuru w’ubucuruzi w’icyo gihugu wa Dar es Salaam.
Umuryango.rw
Amagare: Hagiye gukinwa isiganwa ryitiriwe inyoni y’Umusambi
DR Congo: Tshisekedi yategetse Guverineri wa Kivu y’Epfo gukomeza agategekera i Uvira
Yvonne Chaka Chaka akomeje kwinjiza agatubutse nyamara nta indirimbo nshya afite
Tiwa Savage arashinja abagabo ubugwari mu rukundo
DRC: Uko byagenze ngo Abajenerali bafungwe bakekwaho Gushaka Guhirika Tshisekedi
Perezida Kagame yavuze ku ifatwa rya Rusesabagina Paul na Kabuga Felicien
DR Congo: Gufungwa kwa François Beya no kugaruka ’vuba’ mu gihugu kwa Felix Tshisekedi
Umuraperi P. Diddy yongeye kuburirwaho dosiye y’ibyaha by’ihohotera
Mariah Carey yatunguranye: Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo bya MTV VMAs 2025
Tanzania: Abakora ubutabazi boherereje amazi abaheze mu nyubako yahirimye bayanyujije mu myenge