Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya DRC (FARDC) n’abagifasha, rwatangije ibitero by’urugamba rwagutse mu bice byose by’imirwano rukoresheje intwaro za rutura zirimo indege zitagira abapilote.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imirwano yahinduye isura muri Congo: FARDC n’abayifasha barashinjwa gutangiza intambara yagutse
24 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kenya igiye gufungura umupaka wayo na Somalia wari umaze imyaka hafi 15 ufunzwe
13 February, by ISIMBI EstellaPerezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko muri Mata 2026 igihugu cye kizafungura umupaka wacyo na Somalia nyuma y’imyaka hafi 15 ufunzwe bitewe n’ikibazo cy’umutekano muke biterwa n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab.
-
Byatahuwe ko Amerika yakoresheje ’AI’ mu gufata Perezida Nicolas Maduro
15 February, by Angeline MUKANGENZIIbitangazamakuru nka Axios na the Wall Street Journal byagaragaje ko Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyifashishije ubwenge buhangano mu gitero cyo gufata Perezida wa Venezuela, Nicola Maduro muri Mutarama 2026.
-
Abiga mu mashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32
6 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko uburezi bw’u Rwanda bwateye imbere mu buryo bufatika mu myaka 32 ishize, guhera ku kubaka ibikorwaremezo kugeza ku bwitabire, kuko abiga mu mashuri yisumbuye bavuye ku bihumbi 37 bagera ku bihumbi 787.000, bivuze ko bikubye inshuro zirenga 20.
-
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmutingito uri ku gipimo cya 6,3, wibasiye agace kari hafi y’umujyi wa Mazar-e-Sharif uherereye mu Majyaruguru ya Afghanistan, uhitana abantu 20 mu gihe abarenga 260 bakomeretse ndetse uyu mubare ushobora kwiyongera.
-
U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari
11 December 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda na Pologne byagiranye ibiganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri bigamije gushimangira umubano w’impande zombi mu nzego zitandukanye.
-
Besigye utavuga rumwe na Museveni biravugwa ko yafunzwe
20 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Kizza Besigye avuga ko uwo mugabo we yashimuswe ndetse ko ubu afungiye muri kasho ya gisirikare.
-
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbwami bw’u Bwongereza bushobora guhabwa kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035 nyuma y’uko kuri uyu wa Kane, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yavuze ko ari cyo gihugu cyatanzwe ubusabe bwujuje ibisabwa.
-
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara
11 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yasabye ko habaho agahenge muri Ukraine, kageza ku biganiro no ku mahoro.
-
Polisi y’u Rwanda yaburiye abarwaye Covid-19 banduza abandi ku bushake
29 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu barwariye Covid-19 mu rugo bakanga kwishyira mu kato bakanduza abandi,abazajya bafatwa bazajya bagezwa imbere y’ubutabera.
Umuryango.rw
Imirwano yahinduye isura muri Congo: FARDC n’abayifasha barashinjwa gutangiza intambara yagutse
Kenya igiye gufungura umupaka wayo na Somalia wari umaze imyaka hafi 15 ufunzwe
Byatahuwe ko Amerika yakoresheje ’AI’ mu gufata Perezida Nicolas Maduro
Abiga mu mashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32
Umutingito wahitanye abantu 20 muri Afghanistan
U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari
Besigye utavuga rumwe na Museveni biravugwa ko yafunzwe
U Bwongereza bushobora kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035
Papa Francis yasabye ikintu gikomeye Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara