Amezi abiri arashize mu Karere ka Rusizi hadatangwa serivisi zijyanye no gupima ubutaka kubera ko umunara wifashishwaga mu gukusanya amakuru muri iyi serivisi wakubiswe n’inkuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rusizi: Abaturage bamaze amezi abiri badahabwa serivisi z’ubutaka
22 August 2025, by ISIMBI Estella -
Muvunyi Paul yavuze ku byerekeye gusubiza Rayon Sports I Nyanza n’umushinga wo kuyubakira stade
1 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho yaboneyeho kwemeza ko batangiye umushinga mushya wo gushaka uko bakubakira ikipe stade yayo.
-
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
23 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda uyu munsi yatangaje ko yashyikirije amafaranga yatoraguwe n’umupolisi wayo,hagafatwa umwanya wo kurangisha nyirayo.
-
Kigali: Hagiye kubakwa ruhurura nini izatwara imyanda abaturage ntibongere gucukura imisarane n’ ibyobo bifata amazi
19 March 2018, by Nsanzimana ErnestMu minsi iri imbere benshi mu baturage bo mu mugi wa Kigali ntibazongera gucukura imisarane cyangwa ibyobo bifata amazi yanduye kuko iyi myanda izajya itwarwa na ruhurura nini izajya ijyana iyo myanda yose ku Giticyinyoni ahazaba hari uruganda rutunganya iyo myanda.
Mu mpereza z’ icyumweru gishize nibwo abaminisitiri bemeje umushinga w’Itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’inguzanyo yashyiriweho umukono i Kigali mu Rwanda na Luxembourg ku wa 28 Ukuboza 2017, hagati ya Repubulika (…) -
Gasabo: Ka‘Manyinya’ kamukururiye kwihekura
12 September 2024, by Joseph IradukundaUmugabo wo mu Karere ka Gasabo aravugwaho kwiyicira umuhungu we w’imfura amukubise umuhini, bigakekwa ko yabitewe n’ubusinzi.
-
Ubutabera bwa Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro barwaniye muri RDC
5 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bw’igisirikare cya Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro bakomoka muri iki gihugu barwaniye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
VISIT RWANDA igiye kugaragara mu makipe yo mu Butaliyani vuba
27 August 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda ruri kuvugana n’amakipe atandukanye mu Butaliyani kugira ngo yamamaze "VISIT RWANDA"nkuko rusanzwe rukorana na PSG yo mu Bufaransa na Arsenal yo mu Bwongereza.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatanu,Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rushyira hanze gahunda iteganyijwe yo Kwita Izina abana b’ingagi 24,nibwo hanatangajwe ko hari amakipe yo mu Butaliyani yifuza gukorana n’u Rwanda mu kwamamaza "VISIT RWANDA"
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, (…) -
Diddy yavugiye amagambo make mu rukiko
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUrubanza rw’umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi ku Isi, ruzapfundikirwa tariki ya 27 Kamena 2025, hakorwe ubusesenguzi bushangirwaho mu gufata umwanzuro.
-
Europa League yageze muri 1/2: Manchester United yasezereye Lyon mu mukino w’indyankurye
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgitego cya Harry Maguire cyo ku munota wa nyuma cyahesheje Manchester United FC itike ya 1/2 cya UEFA Europa League yiyushye akuya nyuma yo gutsinda Olympique Lyonnais ibitego 5-4, ikayikuramo ku giteranyo cy’ibitego 7-6.
-
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya
4 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmuyobozi w’umuryango w’Ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi (EU) ,Madamu Ursula von der Leyen , yatangaje ibihano bitatu bigeye gufatirwa igihugu cy’Uburusiya cyatangije intambara muri Ukraine.
Umuryango.rw
Rusizi: Abaturage bamaze amezi abiri badahabwa serivisi z’ubutaka
Polisi y’u Rwanda yashyikirije ya mafaranga Umunyarwandakazi wayataye
Gasabo: Ka‘Manyinya’ kamukururiye kwihekura
Ubutabera bwa Romania bwatangiye gukurikirana bamwe mu bacancuro barwaniye muri RDC
VISIT RWANDA igiye kugaragara mu makipe yo mu Butaliyani vuba
Diddy yavugiye amagambo make mu rukiko
Europa League yageze muri 1/2: Manchester United yasezereye Lyon mu mukino w’indyankurye
Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya