Perezida Denis Sassou Nguesso uyobora Congo-Brazzaville yavuze ko hakwiye gukorwa igishoboka cyose kugira ngo amahoro agaruke hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri kurebana ayingwe muri iyi minsi.
Ibi Perezida Denis Sassou Nguesso yabitangaje ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 5 Kamena , ubwo we na mugenzi we Felix Antaine Tshisekedi wa Congo baganiraga n’itangazamakuru.
Ni ikiganiro cyabaye gisoza uruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Felix Antaine (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hakwiye gukorwa igishoboka cyose kugirango amahoro agaruke hagati y’u Rwanda na DRC-Perezida Denis Sassou
6 June 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Minisiteri y’uburezi yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri na za kaminuza guhagarika guhuriza hamwe abanyeshuri kubera Coronavirus
11 March 2020, by Dusingizimana RemyMu ibaruwa Minisitiri w’Uburezi, Dr. Valentine Uwamariya yandikiye abayobozi b’ibigo by’amashuri na za Kaminuza, yabasabye guhagarika guhuriza hamwe abanyeshuri ngo babahe amabwiriza ndetse no gukaza isuku kubera icyorezo cya Coronavirus gikomeje guca ibintu.
-
Uko isi yiriwe tariki 4 Kamena 2018: Mu Rwanda ba Minisitiri 2 bashyigikiye impenure, hanze 25 bahitanywe n’ iruka ry’ ikirunga
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestAmb. Nduhungirehe na Minisitiri Busingye ntibavuga rumwe n’abanenga abanyeshuri bambara impenure
Minisitiri w’ ubutabera Jonston Busingye
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier, ntavuga rumwe n’ababyeyi, abarezi n’abandi bakomeje kugaragaza ko bahangayikishijwe n’imyambarire y’abakobwa cyane cyane abiga mu mashuri yisumbuye ‘basigaye bambara nk’abagiye mu birori’. (…) -
Iran ishobora kwanga ko ibiganiro bizayihuza na Amerika bibera muri Turikiya
4 February, by ISIMBI EstellaAbayobozi ba Iran ntibashaka ko ibiganiro bizabahuza na bagenzi babo bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizabera muri Turikiya nk’uko byari biteganyijwe.
-
RDC: Mu 2025 abana barenga 35.000 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina
3 January, by ISIMBI EstellaRaporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse rikomeje kwiyongera, itanga impuruza kuri iki kibazo.
-
Umunyarwanda wabaga muri Amerika bamusanze mu nzu yapfuye
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda Ndayishimiye Innocent wari utuye mu Mujyi wa Chicago muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bamusanze mu rugo yabagamo yapfuye, kugeza n’ubu ntiharamenyekana inkomoko y’urupfu rwe.
Uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko yamenyekanye cyane mu minsi ishize ubwo yakoraga amashusho y’indirimbo zitandukanye z’abahanzi b’Abanyarwanda. Mu ndirimbo yakoze harimo iyitwa ‘Merci’ y’ Umuhanzi w’ Umunyarwanda Alpha Rwirangira.
Yanavuzwe bikomeye mu makimbirane yagiranye na The Ben biturutse ku (…) -
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
30 July 2020, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwakiriye inkunga ya Leta zunze Ubumwe za Amerika y’imashini 100 zifasha abarwayi guhumeka kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nyakanga 2020.
-
Iran yafunze abarenga ibihumbi 21 bakekwaho gukorera ibyaha mu ntambara yayo na Israel
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Iran yatangaje ko yataye muri yombi abarenga ibihumbi 21, ibakekaho gukora ibyaha bitandukanye mu gihe cy’intambara iki gihugu cyari gihanganyemo na Israel muri Kamena 2025.
-
U Buhinde na Pakistan byemeranyije agahenge mu ntambara bihanganyemo
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Buhinde na Pakistan byemeranyije gushyiraho agahenge mu ntambara ibihanganishije yongeye gututumba mu minsi itatu ishize.
-
Alto yabonye umujyanama mushya
3 July 2025, by ISIMBI EstellaAlto uri mu bahanzi bamaze kwigwizaho igikundiro mu muziki Nyarwanda, ariko ugongwa no kubura ubushobozi buhagije bwo gukora ibihangano ahozaho, yabonye umujyana ugiye kujya amukurikirana umunsi ku wundi, ari nawe uzamufasha kongera ibihangano akora bikaba byinshi.
Umuryango.rw
Hakwiye gukorwa igishoboka cyose kugirango amahoro agaruke hagati y’u Rwanda na DRC-Perezida Denis Sassou
Minisiteri y’uburezi yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri na za kaminuza guhagarika guhuriza hamwe abanyeshuri kubera Coronavirus
Iran ishobora kwanga ko ibiganiro bizayihuza na Amerika bibera muri Turikiya
RDC: Mu 2025 abana barenga 35.000 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina
U Rwanda rwakiriye inkunga y’imashini 100 zifasha abantu guhumeka rwahawe na USA
Iran yafunze abarenga ibihumbi 21 bakekwaho gukorera ibyaha mu ntambara yayo na Israel
U Buhinde na Pakistan byemeranyije agahenge mu ntambara bihanganyemo
Alto yabonye umujyanama mushya