Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatolika muri iki gihe buhanganye n’ikibazo gikomeye cy’ubukungu, giterwa ahanini no kugabanyuka kw’inkunga n’imisanzu n’imitungo yunguka gake. Nubwo Vatican ifatwa nk’igihugu, ntabwo ikusanya imisoro cyangwa ngo ishyire ku isoko impapuro mpeshamwenda; ibyakayifashije kubona andi mafaranga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubukungu bwifashe nabi i Vatican kwa Papa Leo XIV
7 June 2025, by ISIMBI Estella -
U Burusiya bwaburiye Trump wabusabye kumvikana na Ukraine bwangu
29 July 2025, by ISIMBI EstellaVisi Perezida w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wasabye igihugu cyabo kumvikana bwangu na Ukraine, avuga ko aya magambo ari intambwe igana ku ntambara.
-
Liban yashyizeho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri y’inzibacyuho
10 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Liban, Joseph Aoun, yasinye iteka rishyiraho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri iki gihugu kiri mu ntambara yahanganishije Israel na Hezbollah, yatumye kiyoborwa na Guverinoma y’inzibacyuho.
-
Perezida Samia ahabwa amahirwe: Iby’ingenzi wamenya ku matora yo muri Tanzania
28 October 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe muri Tanzania bitegura amatora rusange y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, amahirwe arahabwa Perezida Samia Suluhu Hassan kuko abanyapolitiki bakomeye bari guhatana bakomanyirijwe.
-
U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli
8 January, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza, yatangaje ko yafashije ingabo za Amerika mu gikorwa cyo gufata ubwato butwara peteroli bwari bufite ibendera ry’u Burusiya.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira i Luanda
4 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, bateganya guhurira i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024.
-
Ngoma: Inkubi y’umuyaga n’imvura byasenye Inzu 19 na hegitari 420 zirangirika
14 December 2024, by Joseph IradukundaIbiza birimo inkubi y’umuyaga n’urubura byangirije abaturage b’Umurenge wa Jarama mu Karere Ka Ngoma, ahasambutse inzu 19 ndetse na hegitari 420 z’imyaka y’abaturage zirangirika.
-
Israel yagabye ibitero bikaze muri Gaza, bihitana abarenga 330
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Israel zagabye ibitero simusiga muri Gaza bigamije guhashya abarwanyi b’umutwe wa Hamas banze kurekura imbohe zose z’Abanya-Israel wasigaranye, bihitana abarenga 330 barimo n’abayobozi.
-
Umuhungu n’umugore wa Ali Bongo wayoboye Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20
12 November 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo muri Gabon rwakatiye Sylvia Bongo Ondimba, umugore w’uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Ali Bongo, n’umuhungu wabo Noureddin Bongo Valentin, igihano cyo gufungwa imyaka 20, nyuma yo kubahamya ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta n’ibindi bijyanye n’ibyaha bya ruswa.
-
USA: Uwabaye umudepite yashinje igihugu cye gushaka gusahura umutungo w’u Burusiya
24 September 2025, by ISIMBI EstellaCynthia McKinney wahoze ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Abanyamerika benshi bifuza kubana n’Abarusiya mu mahoro nubwo hari itsinda ry’abantu bake yise imungu bashaka gucamo ibice ab’i Moscow bashaka kwigwizaho umitungo w’iki gihugu kinini ku Isi.
Umuryango.rw
Ubukungu bwifashe nabi i Vatican kwa Papa Leo XIV
U Burusiya bwaburiye Trump wabusabye kumvikana na Ukraine bwangu
Liban yashyizeho guverinoma nshya nyuma y’imyaka ibiri y’inzibacyuho
Perezida Samia ahabwa amahirwe: Iby’ingenzi wamenya ku matora yo muri Tanzania
U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira i Luanda
Ngoma: Inkubi y’umuyaga n’imvura byasenye Inzu 19 na hegitari 420 zirangirika
Israel yagabye ibitero bikaze muri Gaza, bihitana abarenga 330
Umuhungu n’umugore wa Ali Bongo wayoboye Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20
USA: Uwabaye umudepite yashinje igihugu cye gushaka gusahura umutungo w’u Burusiya