Guverinoma ya Pakistan yemeje ko ikipe y’igihugu yayo y’umukino wa Cricket izakina n’iy’u Buhinde mu mukino w’Igikombe cy’Isi cya “T20” uzabera muri Sri Lanka ku Cyumweru, mu gihe iki gihugu cyari cyanze uwo mukino kubera impamvu za politiki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Pakistan yemeye gukina n’u Buhinde birebana ay’ingwe
10 February, by Angeline MUKANGENZI -
Kigali: Urubyiruko rwasobanukiwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
3 August 2025, by ISIMBI EstellaBamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe bavuga ko bajyaga bibwira ko gukora ibikorwa by’ubutwari bisaba ubushobozi bw’umurengera, ariko nyuma yo gusobanukirwa urugendo rw’Intwari z’abakurambere basanze bisaba umutima ushaka wonyine.
-
Umupolisi mukuru yasabye Tshisekedi kumwohereza mu ntambara yo kurwanya M23
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmupolisi mukuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba n’umwarimu muri kaminuza, Alain Alisa Job Sambokera, yandikiye Perezida Félix Tshisekedi, amusaba kumwinjiza mu gisirikare kugira ngo ajye ku rugamba rwo kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
M23 yongereye amasaha Umupaka wa Grande Barrière ufungurwa
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bwashyizweho na M23, bwatangaje ko umupaka wa Grande Barrière uzwi nka ‘La Corniche’, uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, n’u Rwanda, uzajya ufungurwa guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ufungwe saa yine z’ijoro.
-
Kigali: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho ubujura no kwambura abantu ibyabo
4 November 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu 11 bakekwaho ibyaha by’ubujura bakoraga binyuze mu gutegera abantu mu nzira bakabambura ibyo bafite.
-
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23
23 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUduce twinshi two muri Teritwari ya Walikale twongeye kugwa mu biganza bya AFC / M23 ndetse biranavugwa ko na Centre ya Walikale, bari baherutse gufata bakayivanamo, kubera ibiganiro bya Doha, bongeye kuyigarurira.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Idamange yaburanishwa mu muhezo
22 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri, nibwo urubanza rwa Idamange Iryamugwiza Yvonne ukurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda rwasubukuwe ubushinjacyaha busaba ko uyu mubyeyi w’abana 4 yaburanishirizwa mu muhezo kubera imvugo akoresha mu rukiko.
Ubushinjacyaha bwavuze ko kumuburanishiriza mu ruhame byatuma akomeza kugaragaza imyitwarire idahwitse.
Ubwo uru rubanza rwasubukurwaga uyu munsi, Ubushinjacyaha bwavuze ko bufite icyifuzo bwifuza kugeza ku rukiko, buhita bumenyesha inteko (…) -
Umunya-Somalia wakekwagaho ibyaha byo gufata ku ngufu, yafatiwe mu Rwanda
20 October 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’ubuyobozi muri Somalia zifatanyije na Interpol zafashe Jama Abdi Mohamud, wahoze ari Umuyobozi w’ibitaro bya Qardho. Yafatiwe mu Rwanda asubizwa mu gihugu cye kugira ngo akurikiranywe kubyaha byo gufata ku ngufu no gukorera abandi ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
-
Kwibuka ni uguhora twikebura mu madini yacu – Antoine Karidinali Kambanda
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba wa Arikidiyosezi ya Kigali, Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda akaba n’Umuvugizi w’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari uguhora bikebura mu madini yabo bityo ngo ubuyobe ntibuzongere kubaho.
Umuryango.rw
Pakistan yemeye gukina n’u Buhinde birebana ay’ingwe
Kigali: Urubyiruko rwasobanukiwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
Umupolisi mukuru yasabye Tshisekedi kumwohereza mu ntambara yo kurwanya M23
M23 yongereye amasaha Umupaka wa Grande Barrière ufungurwa
Kigali: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho ubujura no kwambura abantu ibyabo
RDC: Uduce twinshi two muri Walikale twongeye gufatwa na AFC/M23
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko ko Idamange yaburanishwa mu muhezo
Umunya-Somalia wakekwagaho ibyaha byo gufata ku ngufu, yafatiwe mu Rwanda
Kwibuka ni uguhora twikebura mu madini yacu – Antoine Karidinali Kambanda