Nyuma yo kwegukana ibikombe bitatu bikinirwa muri Espagne, FC Barcelone yahise yongerera amasezerano Umutoza Mukuru, Hans-Dieter Flick akazageza mu 2027.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone azageza mu 2027
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije
8 October 2024, by Joseph IradukundaUburakari ni amarangamutima asanzwe ku bantu batandukanye, ariko iyo bibaye kenshi kandi mu buryo bukomeye, bishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu haba ku mubiri inyuma cyangwa mu buzima bwo mu mutwe.
-
République dominicaine: Hafashwe ibiro 1000 bya cocaine
23 September 2025, by ISIMBI EstellaRépublique dominicaine yatangaje ko Ingabo zayo zifatanyije n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe ibiro 1000 bya cocaine yari itwawe mu bwato.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
5 January 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe ingendo zihuza uturere n’Umujyi wa Kigali ziri mu zibujijwe, mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri,umurongo w’imodoka z’abantu ku giti cyabo, zituruka i Nyamata wari muremure cyane ahazwi nka Karumuna.
-
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
13 November 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 29 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzandika amateka yo kwakira ku nshuro ya mbere itangwa ry’ibihembo bya “Africa Cycling Excellence Awards 2025” bizabera muri Zaria Court.
-
Afurika y’Epfo yasabwe ibisobanuro ku buryo izakura ingabo muri RDC
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo ishinzwe ibikorwa by’ingabo, yasabye Leta ibisobanuro ku buryo izakura abasirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Nyagatare: Ishimwe ry’abakorera mu biro bishya byatwaye miliyoni 677 Frw
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyaka myinshi Ibiro by’Akarere ka Nyagatare bibarizwa mu nyubako nto kandi itajyanye n’igihe, abakozi n’abakenera serivisi baravuga imyato inyubako nshya y’ibiro yuzuye itwaye miliyoni 677 z’amafaranga y’u Rwanda.
-
Burundi: Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwemeje ko Evariste Ndayishimiye arahira vuba na bwangu
12 June 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga mu Burundi rumaze kwemeza ko “buyobozi bw’inzibacyuho bukenewe”, ko perezida Evariste Ndayishimiye watowe arahira vuba bishoboka”.
-
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande
9 January, by ISIMBI EstellaIkamyo yo mu bwoko Dogfing yari itwawe na Nkundanyirazo Eugène w’imyaka 53 ari kumwe na tandiboyi Dusabirema Olivier w’imyaka 23, yacurangutse mu kabande mu Murenge wa Ruharambuga Akarere ka Nyamasheke, tandiboyi na shoferi bakomereka byoroheje.
-
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
Umuryango.rw
Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelone azageza mu 2027
Menya indwara zishobora guterwa n’uburakari bukabije
République dominicaine: Hafashwe ibiro 1000 bya cocaine
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
Afurika y’Epfo yasabwe ibisobanuro ku buryo izakura ingabo muri RDC
Nyagatare: Ishimwe ry’abakorera mu biro bishya byatwaye miliyoni 677 Frw
Nyamasheke: Ikamyo yikoreye imbaho yarenze umuhanda igwa mu kabande