Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka GISAGARA
Soma itangazo rirambuye…
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
23 October 2025, by ISIMBI Estella -
Imyaka irenga 20 y’impfabusa; icyasha kuri Loni mu burasirazuba bwa RDC
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bariruhukije, ubwo babonaga iwabo hoherejwe ingabo zibarirwa mu bihumbi zari zinjiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUC). Batekerezaga ko amahoro yari yarabuze agiye kugaruka.
-
Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo
13 June 2025, by ISIMBI EstellaJamus SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Sudani y’Epfo, yatangaje ko yiteguye kwakira Muhire Kevin, wamaze gutandukana na Rayon Sports nyuma yo gusoza amasezerano ye.
-
Arabie Saoudite: Uruganda ruri mu za mbere zitunganya peteroli rwafunzwe nyuma yo kuraswaho
2 March, by Angeline MUKANGENZIMuri Arabie Saoudite, uruganda rwa Ras Tanura ruri mu za mbere zitunganya ibikomoka kuri peteroli ku Isi, rwafunzwe by’agateganyo nyuma y’aho Iran irugabyeho igitero cya drones mu gitondo cyo kuri uyu wa 2 Werurwe 2026.
-
Iburasirazuba: Mu mezi ane abantu 2300 bakurikiranyweho ubujura, Polisi igaruza arenga miliyoni 96 Frw
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, yatangaje ko mu mezi ane ashize, abantu 2303 batawe muri yombi bakekwaho ubujura, ndetse igaruza arenga miliyoni 96 Frw yari yibwe.
-
Buri Muminisitiri yahawe akarere agomba kubera imboni
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard buri karere mu turere 30 tugize u Rwanda yagahaye Minisitiri ugomba gukurikirana ibikorwa byako akanagafasha kwesa imihigo.
-
Perezida Kagame yahagaritse Minisiteri Bamporiki Edouard
5 May 2022, by Joseph IradukundaItangazo ry’ibiro bya Minisiteri w’intewe w’u Rwanda risohotse nonaha, ryanditseho ko Bamporiki Edouard wari umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco ,ahagaritswe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa.
-
Abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje I Nyagatare mu gusinya imihigo [AMAFOTO]
30 October 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukwakira 2020, abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje i Nyagatare mu Ntara y’Iburasurazuba aho uturere dusinyana imihigo n’Umukuru w’Igihugu, umuhango wari umaze umwaka usubitswe.
-
Katumbi yagaragaje uko abona M23, akomoza ku mubano we na Kabila
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyapolitiki Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, yanenze umushinga uri gutegurwa wo guhindura Itegeko Nshinga, anagaragaza ko ikibazo cy’umutwe witwaje intwaro wa M23 kitazakemurwa n’amafaranga menshi ashorwa mu gisirikare.
-
Perezida Kagame yageneye miliyoni 10 FRW buri murinzi w’igihango wese
26 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemereye buri murinzi w’igihango wese watowe ishimwe rya miliyoni 10 FRW mu rwego rwo kubafasha mu mikorere yabo ya buri munsi.
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara ry’umutungo utimukanwa
Imyaka irenga 20 y’impfabusa; icyasha kuri Loni mu burasirazuba bwa RDC
Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo
Arabie Saoudite: Uruganda ruri mu za mbere zitunganya peteroli rwafunzwe nyuma yo kuraswaho
Iburasirazuba: Mu mezi ane abantu 2300 bakurikiranyweho ubujura, Polisi igaruza arenga miliyoni 96 Frw
Perezida Kagame yahagaritse Minisiteri Bamporiki Edouard
Katumbi yagaragaje uko abona M23, akomoza ku mubano we na Kabila