Abanyarwanda basaga 1 200 bari bacumbikiwe mu Nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi mu Karere ka Rusizi, batangiye gusubizwa mu miryango yabo hirya no hino, nyuma yo kuva mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho bari barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyarwanda basaga 1 200 bavuye muri RDC basubiye mu buzima busanzwe
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bwa mbere Jennifer Lopez yavuze ku itandukana rye na Ben Affleck
10 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’amezi abiri yatse gatanya ye na Ben Affleck, umuhanzikazi Jennifer Lopez yagaragaje ko aticuza kuba ubu nta mugabo abana na we.
-
Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmubare w’abashomeri mu Budage warenze miliyoni eshatu z’abaturage, ari nacyo kigero cyo hejuru icyo gihugu kigize nibura kuva mu 2015, ibishimangira uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kwisanga mu bihe bigoye.
-
Ikirunga cya Nyamulagira cyarutse
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkirunga cya Nyamulagira kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyongeye kuruka, icyakora nta ngaruka iri ruka ryagize ku batuye mu Mujyi wa Goma no mu nkengero zawo.
-
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
9 November 2024, by Joseph IradukundaRutahizamu wa Etincelles FC Kakule Mkata Justin uvuka muri DRC, arembeye i Goma mu mugi wa kivu y’Amajyaruguru
-
Itangazo: GAFARANGA François Xavier yasabye guhindura amazina akitwa SEGAFUNGA François
17 September 2024Uwitwa GAFARANGA François Xavier yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SEGAFUNGA François mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Amazina ari mu byangombwa. -
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
23 May 2025, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Sudan birimo; guhagarika kohereza ibicuruzwa, inkunga n’inguzanyo nyuma y’uko icyo gihugu gishinjwe kurenga ku mategeko mpuzamahanga n’uburenganzira bwa muntu kigakoresha intwaro z’ubumara mu ntambara y’abenegihugu.
-
U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure
30 January, by Angeline MUKANGENZIU Bushinwa burateganya kuba bwarubatse ibigo by’ububiko bw’amakuru mu isanzure mu myaka itanu iri imbere, aho intego ari ukuzajya hatunganyirizwa amakuru aho kuba ku Isi.
-
U Burundi bwimye inzira abagenzi bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ ya AFC/M23
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’abinjira n’abasohoka rw’u Burundi rwimye inzira Abarundi baturutse mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ y’ihuriro AFC/M23.
-
RED-Tabara yigambye guhitana ingabo z’uburundi 20
25 September 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wigambye kwivugana abasirikare babarirwa muri 20 barimo ab’u Burundi na FDLR bamaze iminsi barwanira na yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umuryango.rw
Abanyarwanda basaga 1 200 bavuye muri RDC basubiye mu buzima busanzwe
Bwa mbere Jennifer Lopez yavuze ku itandukana rye na Ben Affleck
Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage
Ikirunga cya Nyamulagira cyarutse
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
Amerika yafatiye ibihano Sudan kubera gukoresha intwaro kirimbuzi
U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure
U Burundi bwimye inzira abagenzi bafite pasiporo ziteyeho ‘cachet’ ya AFC/M23
RED-Tabara yigambye guhitana ingabo z’uburundi 20