Mu nama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) yabereye mu Bubiligi kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2024, u Budage bwateguje u Bushinwa ko bushobora gufatirwa ibihano buzira gufasha u Burusiya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Budage bwihanangirije u Bushinwa bushinjwa gufasha u Burusiya mu ntambara na Ukraine
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
M23 yasobanuye uko FDLR yashakaga kurimbura Abanye-Congo b’Abatutsi
15 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko iyo Abanye-Congo b’Abatutsi birukanywe ku butaka bwabo n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR batabona ibihugu by’abaturanyi bibakira, ubu baba batakibaho.
-
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC
21 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze umunyamakuru wahinduye igisobanuro cy’ifoto y’abayobozi bo mu Rwanda n’abo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo. Yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ariko ko afite undi musore bari mu rukundo bamaranye umwaka.
-
U Bwongereza bwasabwe ibisobanuro kuri Minisitiri wabwo wahuje Nduhungirehe n’ubwicanyi bwa ADF
27 February 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko adashobora kwihanganira amagambo ya Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe Afurika, Collins of Highbury, washatse kumuhuza n’impfu z’abantu 70 bishwe n’umutwe w’iterabwoba wa ADF muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ngoga Roger wari Visi Perezida wa Rayon Sports yeguye
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNgoga Roger Aimable wari Visi Perezida wa Kabiri w’Umuryango Rayon Sports, yeguye kuri izi nshingano nyuma y’amezi 10 atowe.
-
U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara
23 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga by’u Budage byavuze ko bizafunga by’agateganyo ambasade yabwo mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, bitewe n’ihohoterwa rishya kandi rikomeje kwiyongera.
-
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
30 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaganiriye n’Abanyarwanda bakora bakora mu nzego Mpuzamahanga, kuri gahunda z’iterambere ry’igihugu.
-
Ruti Joel yasabye urubyiruko kwima amatwi ababyeyi bamunzwe n’ingengabitekerezo ya Jenoside
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ruti Joel yageneye urubyiruko ubutumwa bwo kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside bakima amatwi ababyeyi bayibatoza, kugira ngo bubake Umunyarwanda udafite umwanda mu bitekerezo.
-
Kisangani: Basabwe kutagira ubwoba mu gihe hikangwa Inyeshyamba za AFC/M23
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo by’umutekano. Hari ku wa Mbere Werurwe 31, ubwo hafungurwaga inama isanzwe yo muri Werurwe 2025.
Umuryango.rw
U Budage bwihanangirije u Bushinwa bushinjwa gufasha u Burusiya mu ntambara na Ukraine
M23 yasobanuye uko FDLR yashakaga kurimbura Abanye-Congo b’Abatutsi
Nduhungirehe yanenze uwahinduye igisobanuro cy’ifoto y’intumwa z’u Rwanda n’iza RDC
Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo
U Bwongereza bwasabwe ibisobanuro kuri Minisitiri wabwo wahuje Nduhungirehe n’ubwicanyi bwa ADF
Ngoga Roger wari Visi Perezida wa Rayon Sports yeguye
U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara
Washigton D.C: Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Abanyarwanda bakora mu nzego Mpuzamahanga
Ruti Joel yasabye urubyiruko kwima amatwi ababyeyi bamunzwe n’ingengabitekerezo ya Jenoside
Kisangani: Basabwe kutagira ubwoba mu gihe hikangwa Inyeshyamba za AFC/M23