Umusirikare w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahanishijwe igifungo cy’imyaka 23 kubera kwica umugore we wari utwite, yarangiza akamuta mu kimoteri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umusirikare wa Amerika yishe atemye umugore we utwite, amuta mu kimoteri
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo
3 December 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 ryasubukuye imirwano mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma yo kumvana imitsi ku wa 2 Ukuboza 2025.
-
Perezida Museveni yashimye icyemezo cya Trump cyo gukumira Abanyafurika muri Amerika
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri politiki ye yo gukomanyiriza ibihugu birimo ibya Afurika, kurwanya abimukira no guhagarika inkunga, avuga ko bikwiye kuba isomo rikomeye ku Banya-Afurika bacyishingikiriza ku bufasha bw’amahanga.
-
Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo
13 December 2025, by ISIMBI EstellaNgoboka Joël utuye mu Mudugudu wa Makambi, Akagari ka Karenge,Umurenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi ubwo yari abyutse saa kumi n’imwe n’igice za mugitondo, agiye kwahira ubwatsi bw’amatungo, yatunguwe no kugera mu cyumba cy’uruganiriro (salon) asanga inzu abajura bayitoboye bamwibye televiziyo n’ibikoresho byayo.
-
Sobanukirwa impamvu icyamamare Danny Trejo ( MACHETE) akina filime ari umugome ariko bikarangira apfuye muri filime
16 May 2025, by Gladiator OGNiba uri umukunzi wa Filime cyane cyane izirwana (Action Movies) uyu mugabo si inshuro ya mbere umubonye ndetse waramukunze muri filime zitandukanye yagukiniye zirimo : Desperado, From Dusk Till Dawn, Spy Kids , n’izindi nyinshi cyane. Gusa nubwo akunze gukina filime agaragara nk’umugabo w’umugome birangira muri izi filime yishwe ese ni ukuberiki? kuberiki Danny Trejo ahora akina filime muri ubwo buryo.
-
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko kuba umutwe wa M23 waratsinze abacanshuro b’Abanyaburayi bari bari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bishimangira ubushake bw’Abanyafurika bwo kurwanya ubukoloni.
-
U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore
18 February, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Sébastien G. igifungo cy’umwaka umwe usubitse, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufotora mu majipo y’abagore batabizi barimo n’abo muri Sena.
-
Perezida Kagame yavuze ko ishyari ibihugu by’iburengerazuba bifitiye Ubushinwa ridakwiriye guhungabanya Afurika
1 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame,yavuze ko imihangayiko ibihugu biherereye mu Burengerazuba bw’isi biterwa no kuba Ubushinwa bukorana bya hafi na Afurika zidakwiriye kuyihungabanya kuko ariyo izi ibyo ikeneye.
-
U Burusiya ntibushyigikiye ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bibera i Vatican
24 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko bitashoboka ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine byabera i Vatican, avuga ko bitaba byubashye ibihugu bikurikiza imyemerere y’idini rya Orthodox.
-
BAL 2025: Al Ittihad na Rivers Hoopers zabonye itike yo gukina imikino ya nyuma
14 April 2025, by Joseph IradukundaAl Ittihad yo mu Misiri na Rivers Hoopers yo muri Nigeria zabonye itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL) izabera i Pretoria nyuma yo kuyobora itsinda ryiswe Kalahari Conference.
Umuryango.rw
Umusirikare wa Amerika yishe atemye umugore we utwite, amuta mu kimoteri
Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo
Perezida Museveni yashimye icyemezo cya Trump cyo gukumira Abanyafurika muri Amerika
Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo
Sobanukirwa impamvu icyamamare Danny Trejo ( MACHETE) akina filime ari umugome ariko bikarangira apfuye muri filime
Gen Muhoozi yavuze ku itsindwa ry’abacanshuro muri RDC
U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore
U Burusiya ntibushyigikiye ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bibera i Vatican
BAL 2025: Al Ittihad na Rivers Hoopers zabonye itike yo gukina imikino ya nyuma