Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukomeje guhungabanya umutekano w’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yasabye ‘ikomeje’ RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
18 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Iburasirazuba: Mu mezi ane abantu 2300 bakurikiranyweho ubujura, Polisi igaruza arenga miliyoni 96 Frw
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, yatangaje ko mu mezi ane ashize, abantu 2303 batawe muri yombi bakekwaho ubujura, ndetse igaruza arenga miliyoni 96 Frw yari yibwe.
-
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champions League
17 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Bull Dogg uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yagaragaje ko yanyuzwe cyane n’uburyo Arsenal ikomeje kwitwara neza, aboneraho gusaba Perezida wa Repubulika kuzamugurira itike yo kujya kureba umukino wa nyuma wa Champions League mu gihe yaba igezeyo.
-
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
9 November 2024, by Joseph IradukundaRutahizamu wa Etincelles FC Kakule Mkata Justin uvuka muri DRC, arembeye i Goma mu mugi wa kivu y’Amajyaruguru
-
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
10 July 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, yimanitse mu mugozi arapfa, bikekwa ko byatewe no gufuhira umukobwa bakundanaga kuko yari amaze iminsi amwambuye telefone ye, ariwe ugenzura abamuhamagara n’abamwandikira.
-
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga
27 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yasohoye itangazo agaragaza ko atemera na gato ko Somaliland yamerwa nk’igihugu cyigenga, anashimangira ko AU ikomeje gushyigikira byimazeyo ubumwe n’ubusugire bw’ubutegetsi bwa Somalia.
-
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko abayobozi mu nzego zitandukanye n’abagize umuryango nyarwanda bakwiye kwita ku burere buhabwa abantu muri rusange kuko nta muryango cyangwa idini byigisha kwambara ubusa, ahamya ko ubikoze no mu mutwe we nta kintu kiba kirimo.
-
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
28 August 2024, by Joseph IradukundaUmugizi wa nabi wiyoberanyaga ko ari umuhungu uzwi cyane uri munsi y’imyaka 20 utangaza ibiganiro kuri YouTube, wabuzaga amahwemo abakobwa babarirwa mu magana bo mu bice bitandukanye ku isi agatuma bakora ibikorwa by’imibonano imbere ya ’camera’, yakatiwe gufungwa imyaka 17 muri Australia.
-
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwafunze restaurant eshatu burundu izindi 37 zifungwa by’agateganyo kubera umwanda.
-
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil na Al-Hilal, Neymar Júnior, utari gukina kubera imvune, yamaze gushyirwa ku ruhande n’ikipe ye yo muri Arabie Saoudite, yanze kumwandikisha mu bakinnyi izakoresha mu 2025.
Umuryango.rw
Amerika yasabye ‘ikomeje’ RDC guhagarika ubufatanye na FDLR
Iburasirazuba: Mu mezi ane abantu 2300 bakurikiranyweho ubujura, Polisi igaruza arenga miliyoni 96 Frw
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champions League
Rutahizamu wa Etincelles FC arembeye i Goma
Gatsibo: Umusore w’imyaka 26 yimanitse mu mugozi, hakekwa gufuhira umukobwa bakundanaga
AU yanze kwemera ko Somaliland iba igihugu cyigenga
Perezida Kagame yagaragaje impungenge kuri gatanya n’amashusho y’urukozasoni byeze mu Rwanda
Yamamaye kuri Youtube none yafunzwe azira gukangisha abakobwa gutangaza amafoto bambaye ubusa
Nyamasheke: Restaurant 40 zafunzwe kubera umwanda
Al-Hilal yakuye amaboko kuri Neymar yanga kumwandikisha mu bakinnyi bayo