Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
28 June 2025, by ISIMBI Estella -
RDC: MONUSCO yashishikarijwe gufatanya byeruye na SAMDRC
20 September 2024, by Joseph IradukundaUmunyamabanga Mukuru Wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro Jean-Pierre Lacroix, akomeje uruzinduko rwe mri RDC
-
Umunyamerika yigishije Abanyarwanda bakora muri pariki gufotora inyamaswa
5 January, by ISIMBI EstellaUmunyamerika David McGowan, umenyerewe mu gutunganya filime mbarankuru, yiyemeje gutanga umusanzu we mu kubungabunga inyamaswa abinyujije mu kwigisha ababana na zo umunsi ku wundi gufotora uko zibayeho.
-
Minisitiri Sezibera yasabye abantu kwima amatwi ibihuha bibeshyera u Rwanda
27 April 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda,Dr Richard Sezibera yasabye abantu bose kwirinda ibihuha bikomeje gukwirakwizwa bitewe n’amatangazo aherutse gushyirwa hanze n’ibihugu bikomeye byasabye abaturage babyo kudasura bimwe mu bice by’u Rwanda.
-
Itangazo rusange ryerekeye gusubiza isosiyete mu gitabo cy’amasosiyete
18 September 2024, by UbwanditsiUmwanditsi mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’amasosiyete, isosiyete yitwa Urugwiro investment Ltd ifite Nimero/TIN 108099160
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi….. -
Sergey Lavrov w’u Burusiya yashinje Perezida Zelensky imikorere irimo ubusazi
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yavuze ko gahunda ya Perezida Vladimir Zelensky yo gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine, irimo ubusazi, ubucucu bwinshi no gutekereza biri hasi.
-
Ishyaka PPRD ryagaragaje ko kuba Kabila yaragiye i Goma bidasobanuye ko akorana na AFC/M23
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIshyaka PPRD ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko kuba Joseph Kabila yajya mu mujyi wa Goma bidasobanuye ko akorana n’ihuriro AFC/M23.
-
Ingabo z’u Burundi na FARDC zajujubije Abanyamulenge muri Fizi, Itombwe na Uvira
25 January, by ISIMBI EstellaUmutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko ibitero bikomeye byibasira Abanyamulenge bikomeje kwiyongera mu bice bya Fizi, Itombwe na Uvira bishimangira ukwiyongera kw’Ingabo z’u Burundi, Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC na Wazalendo.
-
Shaddyboo yishongoye ku bamwita ‘mukecuru’, abagenera ubutumwa
2 November 2024, by Joseph IradukundaShaddyboo uherutse kwegukana igihembo cy’umugore mwiza muri ‘Diva Awards’ yishongoye ku bamwita ‘mukecuru’ abibutsa ko abo bita abana bahurira mu irushanwa ry’ubwiza akabatsinda.
-
Karongi: Hamaze gufatwa abakoze Jenoside 70
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko imbaraga bwashyize mu guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside zatanze umusaruro, aho abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barenga 70 bari bamaze imyaka irenga 30 bihishahisha bafashwe bashyikirizwa ubutabera.
Umuryango.rw
Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
RDC: MONUSCO yashishikarijwe gufatanya byeruye na SAMDRC
Umunyamerika yigishije Abanyarwanda bakora muri pariki gufotora inyamaswa
Sergey Lavrov w’u Burusiya yashinje Perezida Zelensky imikorere irimo ubusazi
Ishyaka PPRD ryagaragaje ko kuba Kabila yaragiye i Goma bidasobanuye ko akorana na AFC/M23
Ingabo z’u Burundi na FARDC zajujubije Abanyamulenge muri Fizi, Itombwe na Uvira
Shaddyboo yishongoye ku bamwita ‘mukecuru’, abagenera ubutumwa
Karongi: Hamaze gufatwa abakoze Jenoside 70