Gen. Kale Kayihura wari umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda yarezwe mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC ku byaha byibasiye inyoko muntu akekwaho kuba yarakoze afatanyije n’ abandi bapolisi bakuru ba Uganda ubwo boherezaga ku gahato itsinda ry’ Abanyarwanda ngo basubire iwabo.
Iri tsinda ry’ Abanyarwanda riyobowe na Rugema Kayumba, niryo ryatanze ikirego mu Urukiko Mpuzamahanga ICC I Hague rivuga ko ryimwe ubutabera muri Uganda nk’uko Dail monitor yabitangaje.
Ibi bibaye nyuma y’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen. Kayihura yarezwe muri ICC kubera ibyaha bikomeye bifite aho bihuriye n’ u Rwanda
6 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya
12 February, by ISIMBI EstellaIkigo gishinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ARPTC) cyatangaje ko cyareze sosiyete ya MTN Group kiyishinja gutanga serivisi z’itumanaho mu mijyi ya Goma na Rutshuru nta ruhushya ruyemerera kuhakorera.
-
Indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuzenguruka Taiwa
28 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTaiwani yatangaje ko ku Cyumweru u Bushinwa bwohereje indege z’intambara zirimo izitagira abapilote mu bikorwa by’irondo ryo kuzenguruka icyo kirwa mu rwego rwo kwitegura ko igihe icyo ari cyo cyose hashobora kuvuka intambara .
-
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
10 February, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi akaba n’umuproducer, umucuranzi ndetse n’umukinnyi wa filime uzwi nka SANO PANDA, azasusurutsa abakunzi b’umuziki ari kumwe n’umuhanzi ukunzwe mu ndirimbo z’urukundo Yvan Mpano.
-
Israel yemeje ko yari ifite gahunda yo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
27 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje igihugu cye cyari gifite gahunda yo kwicira Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu ntambara yamaze iminsi 12.
-
Ni intambwe igana ku ituze mu karere- Amb. Einat Weiss ku masezerano y’u Rwanda na RDC
29 June 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yagaragaje ko yakiriye neza amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko ari intambwe iganisha akarere ku ituze.
-
Papa Léon XIV yasabye abepisikopi kudahishira abihayimana bijandika mu by’ihohotera rishingiye ku gitsina
13 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yasabye abepisikopi bashya guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwa n’abihayimana, aho kubakingira ikibaba.
-
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
16 July 2025, by ISIMBI EstellaUmukobwa wiga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Rwikiniro, ishuri riherereye mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yakoze ikizamini cya Literature in English, abonye ko ibyo yabajijwe atabizi bishobora no gutuma abona zeru, aracyiba ajya kukijugunya mu bwiherero.
-
Sheeba Karungi yakorewe ibirori byo kwitegura umwana
12 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi urimo kwitegura kwibaruka imfura ye Sheebah Karungi yateguriwe ibirori byo kwitegura umwana bizwi nka Baby shower mu gihe abura igihe gito ngo abyare.
Ni ibirori umuntu asanzwe akorerwa n’inshuti n’abavandimwe be ba hafi nk’ikimenyetso cyo kumwereka ko bishimiye intambwe y’ububyeyi agiye gutera, bakaza bitwaje ibikoresho bikenerwa by’umwana, iby’isuku, ibyo kwambara n’ibindi.
Ni ibirori byabaye mu ijoro ry’itariki 10 Ukwakira 2024, aho yatunguwe n’inshuti ze zikamukorera ibyo (…) -
USA: Yasubije igitabo mu isomero nyuma y’imyaka 82
19 August 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasubije mu isomero igitabo cyari cyaratiwe na nyirakuru muri Nyakanga 1943, bivuze ko cyari kimaze imyaka 82 y’ubukererwe.
Umuryango.rw
RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya
Indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuzenguruka Taiwa
Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin
Israel yemeje ko yari ifite gahunda yo kwica Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
Ni intambwe igana ku ituze mu karere- Amb. Einat Weiss ku masezerano y’u Rwanda na RDC
Papa Léon XIV yasabye abepisikopi kudahishira abihayimana bijandika mu by’ihohotera rishingiye ku gitsina
Gatsibo: Umunyeshuri yaciye ikizamini cya Leta akijugunya mu bwiherero atinya kuzabona zeru
Sheeba Karungi yakorewe ibirori byo kwitegura umwana
USA: Yasubije igitabo mu isomero nyuma y’imyaka 82