Intambara y’amagambo yongeye kurota hagati ya Sodo Aine Kaguta, murumuna wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Shartsi Kutesa Musherure, bapfa umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi
19 June 2025, by ISIMBI Estella -
Sudani: Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yasabye abakinnyi umusanzu mu guhagarika intambara
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sudani, James Kwesi Appiah, yasabye abakinnyi kumva ko ari bo bagomba kugira uruhare mu kugarura amahoro mu gihugu binyuze mu kubona itike y’Igikombe cya Afurika n’icy’Isi.
-
Bubiligi bwashyizeho igitutu Banki y’Isi ngo bufatire ibihano u Rwanda
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu nzego u Bubiligi bwashyizeho igitutu ngo zihagarikire inkunga u Rwanda, harimo Banki y’Isi n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi.
-
Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, bagaragaje ko imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kugera ku musozo, kuko usibye ibihugu 107 byamaze kohereza abakinnyi, abandi banyamahanga bamaze gufata imyanya y’aho bazayirebera.
-
Abashakashatsi barimo Umunyarwanda bagaragaje ingaruka za pulasitiki mu bihugu 26 birimo n’u Rwanda
23 January, by Angeline MUKANGENZIItsinda ry’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Curtin muri Australia bafatanyije n’Umunyarwanda bagaragaje ko mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere imyanda ikomoka kuri pulasitiki ifite ingaruka nyinshi kandi zititabwaho uko bikwiye kuko bamwe bayikoresha nk’ibicanwa
-
Guatemala yashyizeho iminsi 30 y’ibihe bidasanzwe
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Guatemala, Bernardo Arévalo yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe nyuma yuko amatsinda y’abagizi ba nabi yishe abapolisi barindwi mu Mujyi, bagafata bugwate abandi bantu benshi babakuye mu magereza atatu.
-
IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga
10 January, by ISIMBI EstellaUmunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu rugendo akomeje kugirira mu Rwanda nyuma yo kuhagera mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Mutarama 2026.
-
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
13 November 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 29 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzandika amateka yo kwakira ku nshuro ya mbere itangwa ry’ibihembo bya “Africa Cycling Excellence Awards 2025” bizabera muri Zaria Court.
-
RDC ishaka kubuza ibinyamakuru mpuzamahanga gutangaza intsinzi ya M23
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateguje ibinyamakuru mpuzamahanga bitangaza inkuru z’intsinzi y’umutwe wa M23, ivuga ko ishobora kuzabihagarika.
-
Imihanda yo mu Rwanda ngo mwiza ku kigero cya 97% [AMAFOTO]
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko ikigero cy’ ubwiza bw’ imihanda yo mu Rwanda kigeze kuri 97%.
Umuryango.rw
Uganda: Intambara yongeye kurota hagati y’umuvandimwe wa Museveni na muramukazi wa Gen Muhoozi
Sudani: Umutoza w’Ikipe y’Igihugu yasabye abakinnyi umusanzu mu guhagarika intambara
Bubiligi bwashyizeho igitutu Banki y’Isi ngo bufatire ibihano u Rwanda
Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze
Abashakashatsi barimo Umunyarwanda bagaragaje ingaruka za pulasitiki mu bihugu 26 birimo n’u Rwanda
Guatemala yashyizeho iminsi 30 y’ibihe bidasanzwe
IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
RDC ishaka kubuza ibinyamakuru mpuzamahanga gutangaza intsinzi ya M23