Umutwe wa M23 wateye utwatsi raporo y’Umuryango Human Rights Watch iwuregana n’ingabo z’u Rwanda kurasa abaturage b’abasivile muri Kivu y’Amajyaruguru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yahakanye ibirego biri muri raporo iyiregana na RDF kurasa abasivile
28 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Gitifu w’Umurenge yatunguye abantu kubera kurara mu ihema ngo yegere abaturage
15 March 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kumva impanuro z’ umukuru w’ igihugu asaba abayobozi kuva mu biro bakegera abaturage bakumva ibibazo byabo, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo Mupenzi Leon Pierre yahisemo gushaka ihema ryimukanwa ubu arimo guca ingando kuri buri kagari akazenguruka urugo ku rundi yumva ibibazo by’ abaturage.
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, Gasana Richard, yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko nyuma ko bakimara kumva impanuro za (…) -
Ishyaka rya Democratic Green Party ririfuza ko umubare w’abadepite wakongerwa hakanavugururwa uko amatora y’inzego z’ibanze akorwa
22 May 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party ririfuza ko hahindurwa uburyo bwakurikizwaga bwo kwinjira mu nteko ishinga amategeko ku mitwe ya politike n’abakandida bigenga kuko itegeko rikurikizwa ari iryo mu mwaka wa 2003 kandi ubu abaturage bariyongereye.
-
Musanze: Visi Meya yatawe muri yombi ashinjwa gukubita umugore we akamukomeretsa
30 August 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,ashinjwa gukubita umugore bashakanye akamukomeretsa.
-
Nijeriya: Hadutse Umutwe w’Inyeshyamba Zitwa Lakurawas
8 November 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Nijeriya cyatangaje ko havutse umutwe mushya w’inyeshyamba witwa Lakurawas zirimo gucengera muri icyo gihugu zinyuze mu karere k’amajyaruguru ashyira uburengerazuba bwacyo.
-
Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yaguye mu bitero bya Amerika
1 March, by Angeline MUKANGENZIMahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yishwe n’ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, byagabye ku gihugu cye.
-
Umuganga w’Umunyarwanda Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga y’Ubumenyi bw’Ubwonko muri Georgia
10 December 2024, by UbwanditsiUmuganga w’Umunyarwanda Dr. RUTAYISIRE François Xavier Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga y’Ubumenyi bw’Ubwonko (International Neuroscience Congress) yabereye i Tbilisi, muri Georgia
-
Miliyali 4 barya umuceri ku mafunguro ya buri munsi
5 March, by ISIMBI EstellaUbushinwa, Ubuhinde,Indonesia,Bangladesh na Philippines. Nubwo ibyo bihugu ari byo bikoresha umuceri mwinshi, ntabwo ari byo bifite abaturage barya umuceri mwinshi ubaze ku muntu umwe. Nko muri Gambia umuturage arya ibiro 256.4 ku mwaka. Myanmar umuturage arya ibiro 279 ku mwaka naho ku munsi akabarirwa 1.5Kg. Ubushinwa bubarirwa muri toni miliyoni 192.8, Ubuhinde bakoresha toni zisaga miliyoni 140.3.
-
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.
14 April 2025, by Gladiator OGCapital P The Great, Mana y’I Rwanda , P FLA, The Dictator n’andi mazina menshi niko yiyita ndetse we ahamyako kuba akiri mu ruganda rw’umuziki nyarwanda ubwo ntakibazo gihari kuko ari Imana ya Rap y’Ikinyarwanda. Uyu muraperi yinjiye mu muziki nyarwanda mu mwaka w’i2006 ndetse kuva icyo gihe kugera ubu nta muntu ushidikanya ku bushobozi bwe mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro aherutse kugirana n’umuyoboro wa youtube witwa Zapclub uyu muhanzi yabajijwe abaraperi afata nk’abibihe byose kuri we , (…) -
Rujugiro yahakanye yivuye inyuma ibivugwa ko yaba atera inkunga imitwe igambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda
17 March 2019, by Martin MunezeroUmunyemari Ayabatwa Tribert uzwi cyane nka Rujugiro, yahakanye amakuru avugwa ko yaba atera inkunga imitwe igambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda, avuga ko ntaho agihuriye n’ibijyanye na Politiki.
Umuryango.rw
M23 yahakanye ibirego biri muri raporo iyiregana na RDF kurasa abasivile
Nijeriya: Hadutse Umutwe w’Inyeshyamba Zitwa Lakurawas
Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yaguye mu bitero bya Amerika
Umuganga w’Umunyarwanda Yegukanye Igihembo mu Nama Mpuzamahanga y’Ubumenyi bw’Ubwonko muri Georgia
Umuraperi P Fla yahishuye abaraperi batanu yakuze afatiraho urugero ku isi.