République dominicaine yatangaje ko Ingabo zayo zifatanyije n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe ibiro 1000 bya cocaine yari itwawe mu bwato.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
République dominicaine: Hafashwe ibiro 1000 bya cocaine
23 September 2025, by ISIMBI Estella -
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
5 January 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe ingendo zihuza uturere n’Umujyi wa Kigali ziri mu zibujijwe, mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri,umurongo w’imodoka z’abantu ku giti cyabo, zituruka i Nyamata wari muremure cyane ahazwi nka Karumuna.
-
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
13 November 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 29 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzandika amateka yo kwakira ku nshuro ya mbere itangwa ry’ibihembo bya “Africa Cycling Excellence Awards 2025” bizabera muri Zaria Court.
-
Afurika y’Epfo yasabwe ibisobanuro ku buryo izakura ingabo muri RDC
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKomisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo ishinzwe ibikorwa by’ingabo, yasabye Leta ibisobanuro ku buryo izakura abasirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Burundi: Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwemeje ko Evariste Ndayishimiye arahira vuba na bwangu
12 June 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga mu Burundi rumaze kwemeza ko “buyobozi bw’inzibacyuho bukenewe”, ko perezida Evariste Ndayishimiye watowe arahira vuba bishoboka”.
-
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
3 February, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, yemeye kugabanya imisoro isoresha ibicuruzwa bituruka mu Buhinde akayigeza kuri 18% ivuye kuri 50%, kubera bwahagaritse kugura Peteroli y’u Burusiya.
-
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
2 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 riratangaza ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangije intambara yeruye igamije kurimbura Abanyamulenge, bukaba bwanazanye abasirikare ibihumbi 30 bo gukoresha muri uyu mugambi mubisha, no gukoresha mu rugamba rwo kwisubiza ibice byabohojwe.
-
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
4 October 2025, by ISIMBI EstellaSanae Takaichi yatorewe kuyobora Ishyaka riri ku butegetsi mu Buyapani, Liberal Democratic Party (LDP), bimuha amahirwe yo kuba yaba Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore iki gihugu kigize.
-
Ninde uzakijyana!!!!: Ibyo wamenya kuri Liverpool VS Real Madrid zihurira mu ntambara yo kwegukana UEFA Champions League 2022
27 May 2022, by Dusingizimana RemyImyaka 41 irashize bahuriye mu rugamba rwo kwemeza umwiza cyane i Burayi mu mukino wari wabereye mu mujyi mwiza wa Paris,urangira Abongereza aribo batahanye ikuzo ku gitego 1-0 cya Liverpool ku busa bwa Madrid.
Liverpool na Real Madrid bongeye guhurira mu majyaruguru y’umurwa mukuru wUbufaransa, i Saint-Denis ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League 2021-22.
Mu mpera z’iki cyumweru, ikipe ya Reds ishaka igikombe cya 7 cya Champions League, irushanwa rihuza amakipe akomeye i Burayi, (…)
Umuryango.rw
République dominicaine: Hafashwe ibiro 1000 bya cocaine
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali
Afurika y’Epfo yasabwe ibisobanuro ku buryo izakura ingabo muri RDC
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite
Bwa mbere mu Buyapani hashobora kuboneka Minisitiri w’Intebe w’umugore
Ninde uzakijyana!!!!: Ibyo wamenya kuri Liverpool VS Real Madrid zihurira mu ntambara yo kwegukana UEFA Champions League 2022